Uburundi bukomeje kwica abanyagihugu babwo, ese koko Rabin aracyariho, cyangwa se amarenga y’uko yishwe ni ukuri?
Uburundi bukomeje kwica abanyagihugu babwo, ese koko Rabin aracyariho, cyangwa se amarenga y’uko yishwe ni ukuri? Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi akomeje kuzamura impungenge zikomeye mu baturage ndetse no mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu. Nyuma y’igihe kitari gito umusesenguzi wari warahungiye
Afc/m23 yatangiye kwikangwa mu mujyi wa Kisangani
Mu mujyi wa Kisangani ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Tshopo, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangiye gukangurira abawuturiye kwitandukanya n’icyengezamatwara ry’ihuriro rya AFC/M23/MRDP rirwanya ubutegetsi bw’iki gihugu cyabo. Umwe mubayobozi ba FARDC, witwa General Batambombi ushyinzwe gukangurira abantu gukunda
MINUBUMWE yavugutiye umuti abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi bitwikiriye imbuga nkoranyambaga
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Jean-Damascène Bizimana, yatangaje ko Guverinoma iri gukora uko ishoboye mu biganiro bigamije kuganira n’ibigo bifite mu nshingano imbuga nkoranyambaga kuko zinyuzwaho amagambo yo guhakana akanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, kugira ngo ababikora bahanwe. Ibi bikorwa bigiye gutangira mu gihe
Uganda:Minisitiri w’intebe yakuriye inzira ku murima abavuga ko nyuma y’amatora hazaba impinduka
Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Robinah Nabbanja, yahaye urwamenyo, Abanya-Uganda biteze impinduka nyuma y’amatora ateganyijwe mu mwaka utaha. Amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda ateganyijwe muri Mutarama 2026. Bamwe mu butavuga rumwe na Perezida Yoweri Museveni, bifuza ko habaho impinduka, hakaza undi usimbura uyu umaze
Afc/m23 yahishuye icyabateye gufata agace ka Nzibira
Igisirikare cya RDC aricyo cya FARDC giherutse kwamburwa agace ka Nzibira kifashishwaga mukugaba ibitero kwihuriro rya AFC/M23 rirwanaya ubutegetsi bwa Kinshasa mukiganiro Umugaba Mukuru wungirije w’ingabo z’umutwe wa AFC/M23, Général de Brigade Bernard Maheshe Byamungu, yasobanuye ko uyu mutwe wahisemo kwigarurira umujyi muto
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko gukoresha abacancuro binyuranya n’amahame mpuzamahanga
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rudakwiye kongera gusabwa guha inzira abacanshuro bakoreshwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe batsindwa n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23. Tariki ya 29 Mutarama 2025, M23 yohereje abacanshuro
U Rwanda rwamaze kugera muri NBA: LA Clippers igiye kwamamaza Visit Rwanda
U Rwanda rwamaze kugera muri NBA: LA Clippers igiye kwamamaza Visit Rwanda Los Angeles, USA-Kigali, Rwanda Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (Rwanda Development Board, RDB) cyatangaje ko cyinjiye mu bufatanye bushya n’ikipe ya basketball yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, LA Clippers, ikina muri
Massad Boulos, yishimiye kugirana ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Nduhungirehe Olivier
Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri Afurika Massad Boulos, yishimiye kugirana ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Nduhungirehe Olivier byibanze ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’Amahoro yasinywe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC),
Imirwano: AFC/M23 yerekeje amaso ku mijyi ya Uvira na Kisangani
Imirwano: AFC/M23 yerekeje amaso ku mijyi ya Uvira na Kisangani Mu nama yabereye imbere ya Hotel La Trinité mu mujyi wa Nzibira, umuyobozi wungirije w’abarwanyi ba M23, Brig. Gen. Bernard Byamungu, yasobanuye impamvu n’intego ya M23: abo barwanyi bavugaga ko barengera abaturage bagahagarika
Uvira: Wazalendo na FARDC mu mirwano yabaye hagati yabo, ubu bararebana ay’ingwe
Uvira: Wazalendo na FARDC mu mirwano yabaye hagati yabo, ubu bararebana ay’ingwe Umujyi wa Uvira n’icyaro cyawo byongera kuba indiri y’amarira n’amaraso nyuma y’imirwano ikomeye yahuje imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC). Nyuma y’amasasu yamaze amasaha ane ku