Umutwe wa Hamas watangaje ko wemeye kurekura imfungwa zose z’Abanya-Israel zaba iziriho cyangwa izapfuye
Umutwe wa Hamas watangaje ko wemeye kurekura imfungwa zose z’Abanya-Israel zaba iziriho cyangwa izapfuye. Ni icyemezo Hamas yatangaje mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 3 Ukwakira 2025, nyuma y’amasaha make Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ayibwiye ko igomba kugera ku
Perezida Tshisekedi yigometse kuri leta Zunze Ubumwe za Amerika
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 3 Ukwakira 2025 bwigometse kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwanga kugirana n’u Rwanda amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu. Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC tariki ya 1 Ukwakira zatangiye ibiganiro bya nyuma ku mushinga w’ubufatanye
Afc/m23 yigaruriye imidugudu 8 mishya muri teritwari ya Masisi
Ihuriro rya AFC/M23 ryigaryriye imidugudu umunani muri teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,ni imidugudu yigarruriwe nyuma y’imirwano ikaze yahuje Wazalendo na m23. Imidugudu yigaruriye na m23 ni Mafuo,Biholo,Shoa,Bwambaliro,Busoro,Kinyeere,Buroro na Ngesha. ihuriro rya AFC/M23 rimaze iminsi rihanganye n’ibitero bya leta ya Kinshasa
Gen. Byamungu, Lt. Col Willy Ngoma, François Kazarama, Ibrahim Makenga, Col. Jimmy Nzamuye, Manzi, bari mu bo Gen. Makenga yafunze mu bihe bitandukanye
Gen. Byamungu, Lt. Col Willy Ngoma, François Kazarama, Ibrahim Makenga, Col. Jimmy Nzamuye, Manzi, bari mu bo Gen. Makenga yafunze mu bihe bitandukanye Mu mitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubuzima bw’abasirikare bakuru akenshi buba bukurikiranirwa hafi n’abantu benshi
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga yandagaje Ingabo za Congo, FARDC ndetse n’iza MONUSCO
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga yandagaje Ingabo za Congo, FARDC ndetse n’iza MONUSCO ku bijyanye n’imikoranire yazo n’Umutwe wa FDLR washinzwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse unagifite imigambi yo kongera kuyikora, agaragaza uburyo Abanyekongo bo mu bwoko
Umutwe wa AFC/M23 wafashe icyemezo cy’uko nta munyamahanga utunze viza yatanzwe na Leta ya Rdc uzongera kwemererwa kwinjira mu duce ugenzura
Umutwe wa AFC/M23 wafashe icyemezo cy’uko nta munyamahanga utunze viza yatanzwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uzongera kwemererwa kwinjira mu duce ugenzura. Ni icyemezo ubuyobozi bw’uyu mutwe bwafashe, nyuma y’uko Kinshasa na yo yafashe icy’uko nta muntu uturutse mu duce
Perezida Tshisekedi yatangiye gushimira Ababiligi atitaye ku macakubiri babasigiye
Ku wa 01 Ukwakira 2025, muri salle ya banquet y’Ambasade ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Bruxelles mu Bubiligi, Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yahaye ishimwe rikomeye Patrick Boenders, umupolisi w’Umubiligi ugiye mu kiruhuko cy’iza bukuru, azwi cyane ku izina rya “Monsieur
CNDD-FDD iri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda
CNDD-FDD iri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda Mu minsi ya vuba, ubutumwa bwa Citizen of Africa kuri Twitter bwatangaje ko hari amakuru yihutirwa asaba abaturage kwitonda: ko umutwe wa CNDD-FDD uri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda, ko mu gace ka Mabayi ku mupaka
Abayobozi b’igisirikare cy’u Rwanda(RDF) n’icya Uganda (UPDF) bakorera ku mupaka bahuriye Kabale
Inama ya gatandatu y’abayobozi b’ingabo zikorera hafi y’umupaka w’u Rwanda na Uganda ihuza ’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Uganda (UPDF) kuri uyu wa Kabiri yafunguwe ku mugaragaro mu Mujyi wa Kabale, muri Uganda; kugirango baganire kandi bakemure ibibazo by’umutekano byambukiranya imipaka. Iyi
Abanyekongo benshi batuye mu duce dutandukanye two mu murwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi barimo guhigwa bukware n’abapolisi b’iki gihugu.
Kuva ku wa Gatanu ushize, Abanyekongo benshi batuye mu duce dutandukanye two mu murwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi barimo guhigwa bukware n’abapolisi b’iki gihugu. Igikorwa giheruka, cyabaye mu gitondo cyo kuwa Mbere ushize mu gace ka Cibitoke, cyateye ubwoba kandi gitera abaturage b’Abanyekongo