Impamvu umutwe wa FDLR utazaranduka burundu muri RDC
Abashakashatsi batandukanye bagaragaza ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR wamaze gushinga imizi muri bimwe mu bihugu bigize akarere k’ibiyaga bigari, nka Jason Stearns umushakashatsi ku bijyanye n’intambara muri RD Congo, avuga ko ibyegeranyo by’umuryango wa Loni byerekana ko ubu aba barwanyi ba FDLR bagera
Kavimvira amatsinda abiri ya Wazalendo yasubiranyemo ararasana bikomeye
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11/10/2025, ni bwo i Uvira habaye imirwano ikomeye hagati yariya matsinda abiri yo muri Wazalendo. Isubiranamo ryabo nk’uko aya makuru abivuga n’uko ryahereye mu nkengero za centre ya Kavimvira, biza gukomereza ku misozi yunamiye
Rutsiro:abarwanashyaka b’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije batangiye guhugurwa
None tariki ya 11 Ukwakira 2025 abarwanashyaka b’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda bo mu karere ka Rutsiro bateraniye mu nama n’amahugurwa aho byatangijwe na komiseri mukuru wiri shyaka akaba n’umusenateri mu nteko shingamategeko umutwe wa sena. Abitabiriye iyi nama barahabwa
Ku nshuro ya mbere mu mateka: u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga
Ku nshuro ya mbere mu mateka: u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga Mu gihe ibihugu byinshi byo mu karere byamaze kugira ubukungu bushingiye ku mabuye y’agaciro, u Burundi bwanditse amateka mashya ku wa 10 Ukwakira 2025, ubwo bwoherezaga toni 260 z’amabuye y’agaciro
Uko FARDC yasohoye itangazo rikomeye ryo gusaba FDLR gushyira intwaro hasi no gusubira mu Rwanda
Uko FARDC yasohoye itangazo rikomeye ryo gusaba FDLR gushyira intwaro hasi no gusubira mu Rwanda Mu gihe intara z’Amajyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje kuba ahantu h’imvururu n’imirwano ishingiye ku mitwe yitwaje intwaro, Igisirikare cya Congo (FARDC) cyasohoye itangazo
Inteko Ishinga Amategeko ya Peru yatoye ishyigikira icyemezo cyo kweguza Perezida
Inteko Ishinga Amategeko ya Peru yatoye ishyigikira icyemezo cyo kweguza Perezida Dina Boluarte, kubera ubwicanyi n’ibyaha bikomeje guhitana ubuzima bw’abantu muri icyo gihugu. Perezida Dina, utarigeze yerekwa urukundo n’abo ayobora kuko akunzwe hagati ya 2-4%, yegujwe mu ijoro ryakeye ryo ku wa 09
Perezida Sénégal Bassirou Diomaye Faye ategerejwe mu Rwanda aho azahagirira uruzinduko rw’akazi
Perezida Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, ategerejwe mu Rwanda aho azahagirira uruzinduko rw’akazi. Urugendo rwe mu Rwanda biteganyijwe ko ruzaba ku wa 17 Ukwakira 2025, aho byatangajwe ko ruzaba ku butumire bwa Perezida Kagame. Iby’urwo ruzinduko byemejwe mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri muri Sénégal, ku
Abarwanyi ba Wazalendo bishe umusirikare wa Fardc mri Kamituga
Mu mujyi wa Kamituga uherereye muri teritwari ya Mwenga wabaye isibaniro ry’imirwano hagati ya Wazalendo na Fardc ,aho abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo barasanye bikomeye na Fardc uyu mutwe ukaba waje no kwica urashe umusirikare wa Fardc witywa kapiteni Kangela Kaleba Moise wari komanda
Général Bunyoni yinjijwe ibitaro bikuru bya Gitega arinzwe cyane n’igisirikare cy’u Burundi
Radio RPA ikorera mu gihugu cy’u Burundi kuri murandasi kuko yahagaritswe mu mwaka wa 2015 yatangaje ko Bunyoni yajyanywe mu bitaro uno munsi saa tanu n’igice. Iyi Radio ivuga ko yagiye aherekejwe n’imodoka umunani, zirimwo iz’abakozi b’iperereza, abashinzwe umutekano n’abacunga ibiro by’umukuru
Perezida Ndayishimiye Evariste yabwiye abaturage ko igihugu kidafite ubushobozi bwo gutunganya amabuye y’agaciro
Perezida Evariste Ndayishimiye ku wa 7 Ukwakira 2025 yohereje mu mahanga toni 260 z’amabuye y’agaciro, amenyesha Abarundi ko azagurishwa ku mafaranga make kubera ko nta mashini bafite yo kuyatunganya. Aya mabuye amaze amezi abiri acukurwa n’urubyiruko ruri muri gahunda yo gufashwa kubona imirimo