Kabila, umugabo w’icyizere cyangwa umunyabyaha?
Kabila, umugabo w’icyizere cyangwa umunyabyaha? Nyuma y’ibyumweru bibiri gusa urukiko rwa gisirikare rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) rufashe icyemezo cyatangaje benshi, aho rwakatiye urwo gupfa Joseph Kabila, wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, inkuru nshya ikomeje gutangaza isi yose. Uwo wahoze ari
Perezida wa sena y’u Rwanda Dr.Francois Xavier Kalinda yagiranye ibiganiro n’umunyamabanga wa IPU
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. François Xavier Kalinda, ari kumwe n’abagize Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi (Inter-Parliamentary Union – IPU), Martin Chungong. Martin Chungong ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, aho yageze
Perezida wa Madagascar yavuze ko yahungiye ahantu hizewe
Perezida uri mu bibazo wa Madagascar Andry Rajoelina yavuze ko ubu yihishe “ahantu hatekanye” nyuma y’igerageza ryo kumwica, nyuma y’ibyumweru bishize haba imyigaragambyo y’abasaba ko yegura. Mu ijambo yavuze imbona nkubone yagejeje ku baturage arinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook, Rajoelina, w’imyaka 51,
Nta mpamvu yo kulindira ko apfa kuko turi mu biganiro/Dr Balinda Oscar uvugra afc/m23
Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23 avuga ko barimo kuganira na leta ya Perezida Tshisekedi ku ntambara bahanganyemo ngo bagere “ku gahenge karambye” kandi ko ibiganiro bigeze kure i Doha muri Qatar. Dr Oscar Balinda yari abajijwe ku biherutse gutangazwa na Perezida Félix Tshisekedi ari
Amerika: Imirambo isigaye ihindurwamo ubutaka bwifashishwa mu guhinga
Amerika: Imirambo isigaye ihindurwamo ubutaka bwifashishwa mu guhinga Mu gihe isi ikomeje gushakisha uburyo bwo kubungabunga ibidukikije no kugabanya imyanda ituruka mu bikorwa by’abantu, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hatangiye gukwirakwira uburyo bushya bwo gushyingura abantu bapfuye butari busanzwe. Ubu buryo bwiswe
Afc/m23 yabwiye Tshisekedi ko ntaho azahungira ibiganiro bya Doha ngo kuko niho honyine hazakemura ibibazo bafitanye
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ryibukije icyo gihugu ko ibiganiro by’amahoro bibera i Doha kidashobora kubihunga kuko ari bwo buryo bwo guhagarika intambara iri mu Burasirazuba bwa Congo. Ibiganiro byateguwe na Leta ya Qatar kuva mu
Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora
Umukandida w’Ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) mu matora ya Perezida muri Tanzania, Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka, agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora. Samia yavuze ko kizabuza abaturage uburenganzira bwabo mu matora ateganyijwe ku wa 29 Ukwakira 2025, kuko
Madagascar Perezida Andry Rajoelina aracyari k’ubutegetsi
Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yatangaje ko hari “igerageza ryo gufata ubutegetsi mu buryo bunyuranyije n’amategeko” riri kuba mu gihugu, nyuma y’uko bamwe mu basirikare bifatanyije n’abigaragambya mu murwa mukuru Antananarivo. Mu itangazo ryasohowe na Perezidansi kuri iki Cyumweru tariki 12 Ukwakira 2025,
Madagascar, Perezida Rajoelina yahungiye ahantu hataramenyekana, abasirikare biyunze ku baturage, ubutegetsi bwa Rajoelina bugeze mu mazi abira
Madagascar, Perezida Rajoelina yahungiye ahantu hataramenyekana, abasirikare biyunze ku baturage, ubutegetsi bwa Rajoelina bugeze mu mazi abira Antananarivo, 11 Ukwakira 2025, mu gihe Madagascar yari ikomeje kumvwa cyane ku ruhando mpuzamahanga kubera ubukungu buri mu kangaratete, ikibazo cy’abaturage batishimira imikorere ya Leta cyahindutse
Boris Johnson asaba kugarura gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda: “Indangamuntu y’ikoranabuhanga ntizatanga igisubizo”
Boris Johnson asaba kugarura gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda: “Indangamuntu y’ikoranabuhanga ntizatanga igisubizo” Mu gihe Guverinoma nshya y’u Bwongereza iyobowe na Keir Starmer ikomeje gushaka ibisubizo ku kibazo cy’abimukira binjira muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Boris