Kabila, umugabo w’icyizere cyangwa umunyabyaha?

Kabila, umugabo w’icyizere cyangwa umunyabyaha?

Oct 14, 2025

Kabila, umugabo w’icyizere cyangwa umunyabyaha? Nyuma y’ibyumweru bibiri gusa urukiko rwa gisirikare rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) rufashe icyemezo cyatangaje benshi, aho rwakatiye urwo gupfa Joseph Kabila, wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, inkuru nshya ikomeje gutangaza isi yose. Uwo wahoze ari

Read More
Perezida wa sena y’u Rwanda Dr.Francois Xavier Kalinda yagiranye ibiganiro n’umunyamabanga wa IPU

Perezida wa sena y’u Rwanda Dr.Francois Xavier Kalinda yagiranye ibiganiro n’umunyamabanga wa IPU

Oct 14, 2025

Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. François Xavier Kalinda, ari kumwe n’abagize Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi (Inter-Parliamentary Union – IPU), Martin Chungong. Martin Chungong ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, aho yageze

Read More
Perezida wa Madagascar yavuze ko yahungiye ahantu hizewe

Perezida wa Madagascar yavuze ko yahungiye ahantu hizewe

Oct 14, 2025

Perezida uri mu bibazo wa Madagascar Andry Rajoelina yavuze ko ubu yihishe “ahantu hatekanye” nyuma y’igerageza ryo kumwica, nyuma y’ibyumweru bishize haba imyigaragambyo y’abasaba ko yegura. Mu ijambo yavuze imbona nkubone yagejeje ku baturage arinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook, Rajoelina, w’imyaka 51,

Read More
Nta mpamvu yo kulindira ko apfa kuko turi mu biganiro/Dr Balinda Oscar uvugra afc/m23

Nta mpamvu yo kulindira ko apfa kuko turi mu biganiro/Dr Balinda Oscar uvugra afc/m23

Oct 14, 2025

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23 avuga ko barimo kuganira na leta ya Perezida Tshisekedi ku ntambara bahanganyemo ngo bagere “ku gahenge karambye” kandi ko ibiganiro bigeze kure i Doha muri Qatar. Dr Oscar Balinda yari abajijwe ku biherutse gutangazwa na Perezida Félix Tshisekedi ari

Read More
Amerika: Imirambo isigaye ihindurwamo ubutaka bwifashishwa mu guhinga

Amerika: Imirambo isigaye ihindurwamo ubutaka bwifashishwa mu guhinga

Oct 13, 2025

Amerika: Imirambo isigaye ihindurwamo ubutaka bwifashishwa mu guhinga Mu gihe isi ikomeje gushakisha uburyo bwo kubungabunga ibidukikije no kugabanya imyanda ituruka mu bikorwa by’abantu, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hatangiye gukwirakwira uburyo bushya bwo gushyingura abantu bapfuye butari busanzwe. Ubu buryo bwiswe

Read More
Afc/m23 yabwiye Tshisekedi ko ntaho azahungira ibiganiro bya Doha ngo kuko niho honyine hazakemura ibibazo bafitanye

Afc/m23 yabwiye Tshisekedi ko ntaho azahungira ibiganiro bya Doha ngo kuko niho honyine hazakemura ibibazo bafitanye

Oct 13, 2025

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ryibukije icyo gihugu ko ibiganiro by’amahoro bibera i Doha kidashobora kubihunga kuko ari bwo buryo bwo guhagarika intambara iri mu Burasirazuba bwa Congo. Ibiganiro byateguwe na Leta ya Qatar kuva mu

Read More
Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora

Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora

Oct 13, 2025

Umukandida w’Ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) mu matora ya Perezida muri Tanzania, Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka, agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora. Samia yavuze ko kizabuza abaturage uburenganzira bwabo mu matora ateganyijwe ku wa 29 Ukwakira 2025, kuko

Read More
Madagascar Perezida Andry Rajoelina aracyari k’ubutegetsi

Madagascar Perezida Andry Rajoelina aracyari k’ubutegetsi

Oct 13, 2025

Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yatangaje ko hari “igerageza ryo gufata ubutegetsi mu buryo bunyuranyije n’amategeko” riri kuba mu gihugu, nyuma y’uko bamwe mu basirikare bifatanyije n’abigaragambya mu murwa mukuru Antananarivo. Mu itangazo ryasohowe na Perezidansi kuri iki Cyumweru tariki 12 Ukwakira 2025,

Read More
Madagascar, Perezida Rajoelina yahungiye ahantu hataramenyekana, abasirikare biyunze ku baturage, ubutegetsi bwa Rajoelina bugeze mu mazi abira

Madagascar, Perezida Rajoelina yahungiye ahantu hataramenyekana, abasirikare biyunze ku baturage, ubutegetsi bwa Rajoelina bugeze mu mazi abira

Oct 12, 2025

Madagascar, Perezida Rajoelina yahungiye ahantu hataramenyekana, abasirikare biyunze ku baturage, ubutegetsi bwa Rajoelina bugeze mu mazi abira Antananarivo, 11 Ukwakira 2025, mu gihe Madagascar yari ikomeje kumvwa cyane ku ruhando mpuzamahanga kubera ubukungu buri mu kangaratete, ikibazo cy’abaturage batishimira imikorere ya Leta cyahindutse

Read More
Boris Johnson asaba kugarura gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda: “Indangamuntu y’ikoranabuhanga ntizatanga igisubizo”

Boris Johnson asaba kugarura gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda: “Indangamuntu y’ikoranabuhanga ntizatanga igisubizo”

Oct 12, 2025

Boris Johnson asaba kugarura gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda: “Indangamuntu y’ikoranabuhanga ntizatanga igisubizo” Mu gihe Guverinoma nshya y’u Bwongereza iyobowe na Keir Starmer ikomeje gushaka ibisubizo ku kibazo cy’abimukira binjira muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Boris

Read More