Madagascar col Michael Randrianirina agiye kurahirira kuyobora iki gihugu nka Perezida
Col Michael Randrianirina uherutse kujya ku butegetsi kubera imyigaragambyo y’abaturage yatumye Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina ahunga, yatangaje ko azarahirira kuyobora igihugu ejo ku wa 17 Ukwakira 2025. Yavuze ko azarahira atitaye ku byatangajwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, (AU) yasabye ko hagumaho
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda,Aurélie Royet-Gounin
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe ,ku wa 15 Ukwakira 2025, yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda,Aurélie Royet-Gounin , bagirana ibiganiro. Ibiganiro byabo byibanze mu gukomeza gushyira imbaraga ku mubano hagati y’u Rwanda n’u Bufaransa.
Bobi Wine yiyemeje kuzajya aha abana igikoma n’amagi ku mashuli natsinda Museveni
Robert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ uzahatana na Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, yatangaje ko natorwa azashyiraho gahunda yo gutanga igikoma n’amagi by’ubuntu ku banyeshuri biga mu mashuri abanza, muri iki gihugu. Iyi migabo n’imigambi Bobi Wine yayigarutseho ubwo yari
Amateka ya Col Michael Randrianirina wahiritse ubutegetsi muri Madagascar
Kuva tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Madagascar hari umusirikare uri kuvugwa cyane nyuma yo gutungura bagenzi be bakorera mu yindi mitwe y’ingabo, agatangaza ko we n’abo ayoboye bagiye gushyigikira abaturage bari mu myigaragambyo. Uyu musirikare, Colonel Micheal Randrianirina, yatangaje ko abasirikare be
Hamenyekanye amazina 25 y’ibyihebe by’abanyarwanda batera inkunga iterabwoba
Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Ubutasi ku Mari (Financial Intelligence Center: FIC), rwashyize hanze urutonde rw’abanyarwanda 25 bafatiwe ibihano kubera gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba imbere mu gihugu. Bashinjwa gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba, gushinga imitwe y’iterabwoba cyangwa gushyigikira ibikorwa bigamije guhungabanya u Rwanda. Uru rutonde
Intumwa za Afc/m23 niza guverinoma ya RDC bashyize umukono ku gahenge ko guhagarika intambara bihoraho
Abahagarariye guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23, kuri uyu wa 14 Ukwakira 2025 bemeranyije guhagarika imirwano . Ni amasezerano impande zombi zashyizeho umukono i Doha muri Qatar mu rwego rwo kurangiza ibibazo by’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo. Bimwe mu
Agahenge lete ya Tshisekedi yasinyanye na AFC/m23 gakomejwe kwirengagizwa
Guverinoma ya Congo nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’ihagarikwa ry’imirwano n’ihuriro rya AFC/M23,yagabye igitero cya Drone mu gice kimwe gicukurwamo amabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajyepfo. Iki gitero kije nyuma yaho kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Ukwakira 2025 mu biganiro by’i
Burundi yohereje abasirikare b’aba komando i Kinshasa kurinda Perezida Félix Tshisekedi
Burundi yohereje abasirikare b’aba komando i Kinshasa kurinda Perezida Félix Tshisekedi Kinshasa, 15 Ukwakira 2025, mu gihe umwuka w’amakimbirane hagati y’umukuru w’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) n’ingabo ze urushaho kwiyongera, igihugu cy’u Burundi cyohereje abasirikare bacyo b’intoranywa mu murwa mukuru
Umuyobozi wa Green party Dr Frank Habineza yatorewe kuba umusenateri
Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Green Party, Dr. Frank Habineza na Perezida wa PSP, Nkubana Alphonse, batowe nk’abasenateri bashya mu nama rusange idasanzwe ya NFPO yabereye i Kigali.Nibemezwa n’urukiko rw’ikirenga, bazasimbura abasenateri Alexis Mugisha na Clotilde Mukakarangwa, manda yabo izarangira ku
Rubavu:green party yahuguye abarwanashyaka bayo muri kano karere
Mu kiganiro komiseri mukuru muri GreenParty Hon. Alexis Mugisha yagejeje ku barwanya shyaka ba Green party mu karere ka Rubavu yabibukije amavu n’amavuko y’ishyaka ndetse abasobanurora impamvu nyamukuru yatumye iri shyaka rihitamo kuba iritavuga rumwe n’ubutegetsi.Avuga ko ibi Byose bikorwa hatangwa ibitekerezo byunganira