Maj Gen Vincent Nyakarundi  yatanze ubutumwa bukomeye ku basirikare b’u Rwanda

Maj Gen Vincent Nyakarundi yatanze ubutumwa bukomeye ku basirikare b’u Rwanda

Oct 25, 2025

Abofisiye 75 barimo 71 bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), babiri ba Polisi y’u Rwanda (RNP), na babiri b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) bagize Icyiciro cya 25, uyu munsi barangije amasomo ajyanye n’imiyoborere y’ingabo n’izindi nshingano zo mu biro (Junior Command and Staff

Read More
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga

Oct 25, 2025

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga. Imikoranire ya na Gaddafi, Museveni yayigarutseho mu ijoro ryo ku wa Kane, mu kiganiro cyatambutse kuri

Read More
Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu yirukanye General Christopher Musa, wari Umugabo Mukuru w’Ingabo za Nigeria

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu yirukanye General Christopher Musa, wari Umugabo Mukuru w’Ingabo za Nigeria

Oct 25, 2025

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu yirukanye General Christopher Musa, wari Umugabo Mukuru w’Ingabo za Nigeria, nyuma y’aho havuzwe amakuru y’ibihuha by’igeragezwa ryo gukora coup d’état mu gihugu. Nk’uko byatangajwe n’umujyanama wa Perezida mu by’itangazamakuru, Sunday Dare, izi mpinduka “zigamije gukomeza gushimangira umutekano n’ikwirakwizwa

Read More
Ihuriro FCC, ryibumbiyemo imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko rishyigikiye Joseph Kabila Kabange

Ihuriro FCC, ryibumbiyemo imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko rishyigikiye Joseph Kabila Kabange

Oct 25, 2025

Ihuriro FCC, ryibumbiyemo imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko rishyigikiye Joseph Kabila Kabange Mu gihe politiki muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje gususurutswa n’intambara, ibibazo by’umutekano n’imyivumbagatanyo y’abaturage, ihuriro Front Commun pour le Congo (FCC), ryari rimaze

Read More
Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC

Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC

Oct 25, 2025

Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC Umwuka w’uburakari n’agahinda urakomeje mu ngabo z’u Burundi nyuma y’uko abasirikare bagera kuri mirongo itatu (30) bahanishijwe igihano gikomeye cyo kuzenguruka igihugu cyose n’amaguru, bazira kwishyuza amafaranga bavuga ko

Read More
Nyabihu:Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije rwahuguye abarwanashyaka

Nyabihu:Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije rwahuguye abarwanashyaka

Oct 24, 2025

 Ibikorwa by’ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda  byakomeje mu karere ka Nyabihu aho abarwanashyaka baturuka muri aka karere bateraniye mu nama n’amahugurwa baza guhabwamo ubumenyi ku ngingo zitandukanye zirimo imiyoborere myiza, ubukungu, ubuhinzi, kwiteza imbere,  no kwibutswa amahame y’ishyaka n’ibindi. Umuyobozi

Read More
RDC: Amakuru y’intambara, amasezerano mashya na Brezil, umutekano, umu FDLR witwa Tokyo

RDC: Amakuru y’intambara, amasezerano mashya na Brezil, umutekano, umu FDLR witwa Tokyo

Oct 24, 2025

RDC: Amakuru y’intambara, amasezerano mashya na Brezil, umutekano, umu FDLR witwa Tokyo Mu gihe amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kuba inzozi, icyumweru cya 16-23 Ukwakira 2025 cyanzwe n’imirwano, ibirego, n’amasezerano mashya y’ubufatanye. Kuva mu nama y’abanyamakuru ya AFC/M23

Read More
Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho

Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho

Oct 24, 2025

“Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho Ubuyobozi bwa #Tshisekedi buyobora bushingiye ku gushimisha rubanda no ku bwoba” Mu gitondo cyo ku wa Kane tariki 23 Ukwakira 2025, i Goma (intara ya ‎Nord‑Kivu, muri ‎République démocratique du Congo)

Read More
Perezida Museveni yahishuye ko yanze amafaranga ya Gaddafi

Perezida Museveni yahishuye ko yanze amafaranga ya Gaddafi

Oct 24, 2025

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga. Imikoranire ya na Gaddafi, Museveni yayigarutseho mu ijoro ryo ku wa Kane, mu kiganiro cyatambutse kuri

Read More
Umujyanama wa Tshisekedi yavuze ko igihe kigezengo RDC yiyomekeho u Rwanda

Umujyanama wa Tshisekedi yavuze ko igihe kigezengo RDC yiyomekeho u Rwanda

Oct 24, 2025

Umujyanama wa Tshisekedi yavuze ko igihe kigezengo RDC yiyomekeho u Rwanda Fiston Chrisnovic Balanganayi, umujyanama wa perezida akaba n’umwe mu bavuga rikijyana muishyaka rya Tshisekedi, UDPS, yatangaje ko igihe kigeze ngo RDC ifate u Rwanda irwiyomekeho cyane ko ari igihugu gito kingana n’umudugudu

Read More