Burundi:Ubutegetsi bwa CNDD FDD bwongeye gusubukura imyitozo y’abagamije gutera u Rwanda
Igisirikare cy’igihugu cy’u Burundi cyongeye gusubukura imyitozo ihabwa abashaka kugaba ibitero ku Rwanda nkuko byatangajwe na bamwe mu mbonerakure zatorotse iyo myitozo. Imbonerakure zari zarahurijwe mu nkambi ya Ndava ziturutse muri Kivu y’Amajyepfo kurwana n’ingabo zihuriro rirwanya perezida Tshisekedi zvuga ko ziri mu
Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyahakanye raporo ya komisiyo y’umuryango w’abibumbye ishinzwe ikiramwamuntu ibashinja ibitero muri Sudan Y’Epfo
Igisirikare cya Uganda cyateye utwatsi raporo ya Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu igishinja kugaba ibitero bikomeye muri Sudani y’Epfo byatwaye ubuzima bw’abasivile benshi. Iyi raporo yasohotse tariki ya 27 Gashyantare 2026 ivuga ko ingabo za Uganda n’iza Sudani y’Epfo zagabye ibitero
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yageze mu gihugu cy’Ubufaransa mu nama
Perezida w’u Rwanda ari mu bategetsi uyu munsi bari mu nama ya kabiri ijyanye n’ikoreshwa ry’ingufu za nikleyeri mu iterambere ku isi yatumijwe na Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa. Ibihugu bigera kuri 60 birahagarariwe muri iyi nama iri kubera i Boulogne-Billancourt hafi ya Paris,
Ifungwa ry’umupak wa Ruhwa rikomeje guteza akaga abaturage bawuturaniye
Abarundi batuye muri Komine ya Cibitoke mu Ntara ya Bujumbura bararira ayo kwarika nyuma y’aho muri Gashyantare 2026 Leta y’u Burundi irenze ku isezerano yari yarabahaye ryo gufungura imipaka yabwo n’u Rwanda. Tariki ya 2 Mutarama 2026, Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka CNDD-FDD riri ku
Monusco yashyiriweho umuyobozi mushya w’Umunyamerika
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yagize Umunyamerika James Swan Umuyobozi w’ubutumwa bw’amahoro bwawo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO). James Swan amaze imyaka myinshi akorera muri Afurika. Kuva mu 2001 kugeza mu 2004 yabaye Ambasaderi wungirije wa Amerika muri RDC,
Ni RDC ikwiye gufatirwa ibihano kubera imyitwarire yabo
Alain Destexhe wabaye Umusenateri w’u Bubiligi kuva mu 1995 kugeza mu 2011, yanenze Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye igisirikare cyu Rwanda na bamwe mu Bayobozi Bakuru b’Ingabo ibihano, avuga ko ahubwo byari bikwiye gufatirwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC). Uyu mugabo
Ihuriro rya Afc/m23 ryigambye guhorera Lt Col Willy Ngoma
Ihuriro AFC/M23 ryaciye amarenga ko rizakomeza gutera ikibuga cy’indege cya Bangoka muri Kisangani no guhorera Lt Col Willy Ngoma wahoze ari Umuvugizi wayo ku rwego rwa gisirikare. AFC/M23 yemeje ko ari yo yagabye igitero cya drones kuri iki kibuga cy’indege ku wa 1
Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika zafatiye ibihano igisirikare cy’u Rwanda na bamwe mubayobozi bacyo
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2026Leta Zunze Ubumwe za Amerika , zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), ndetse n’abasirikare bakuru bane. Ishami rya Minisiteri y’imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika rishinzwe kugenzura umutungo w’abafatirwa ibihano (OFAC), ryatangaje
RDC:Ibivugwa k’urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma ko yaba yishwe na Drone ya Fardc
Lt. Col Willy Ngoma wari Umuvugizi w’ihuriro AFC/M23 biravugwa ko yarasiwe mu gitero cya Drone cy’ingabo za Congo, FARDC mu gace ka Rubaya. Bamwe mu bari ku ruhande rwa leta ya Congo, baremeza ko Willy Ngoma yarashwe mu masaha y’igicuku ashyira saa cyenda
Umupaka wa Gatumba uhuza igihugu cya RDC n’igihugu cy’u Burundi wafunguwe
Umupaka uhuza igihugu cya Repuburika ya Demokarasi ya Congo n’igihugu cy’u Burundi witwa Kavimvira uri hagati y’Umujyi wa Uvira na Bujumbura wafunguwe kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Gashyantare 2026 . Uyu mupaka wa Gatumba Kavimvira wafunzwe tariki ya 07/12/2025 igihe igisirikare