Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF igaragaza ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana rimaze gushinga imizi muri RDC
Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF), igaragaza ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana rimaze gushinga imizi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse rikomeje kwiyongera, itanga impuruza kuri iki kibazo. Itangwa ry’impuruza ryashingiye ku mibare yakusanyijwe n’abatanga serivisi zo
Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika yamaganye icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gufata Nicolas Maduro
Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika, yamaganye icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gufata Nicolas Maduro wayoboraga Venezuela n’umugore we, agaragaza ko kinyuranyije n’amategeko kandi ko kirimo ubushishozi buke. Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya
Urukiko rw’Ikirenga rwa Venezuela rwategetse Visi Perezida Delcy Rodriguez gufata inshingano zo kuyobora igihugu by’agateganyo
Urukiko rw’Ikirenga rwa Venezuela rwategetse Visi Perezida, Delcy Rodriguez, gufata inshingano zo kuyobora igihugu by’agateganyo, nyuma y’uko Perezida Nicolas Maduro afashwe n’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iki cyemezo cyafashwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 3 Mutarama 2026, aho urukiko
FARDC yeretse abanyamakuru abo ivuga ko ari abarwanyi b’abanyamahanga iherutse gufata
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyeretse abanyamakuru abo kivuga ko ari abarwanyi b’abanyamahanga ingabo zacyo zafatiye mu bikorwa ziheruka gukora. FARDC ivuga ko ifatwa ry’abo barwanyi ari “igihamya simusiga ku ruhare rutaziguye rw’ingabo z’amahanga iruhande rw’imitwe yitwaje intwaro y’iterabwoba ikorera
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko perezida Maduro azaburanishirizwa muri Amerika
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko Perezida Maduro wa Venezuela azaburanishirizwa muri Amerika. Ni nyuma y’amasaha make Trump atangaje ko uyu mukuru w’igihugu yafashwe n’ingabo za Amerika. Visi Perezida wa Venezuela, Delcy Rodríguez yavuze ko
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zagabye igitero muri Venezuela
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero muri Venezuela ndetse no ku murwa mukuru wayo Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma anatangaza ko bataye muri yombi Perezida Maduro w’iki gihugu. Ibi ni byo bitero bya mbere
Afc/m23 yerekanye amayeri leta ya RDC iri gukoresha muguhishira ko ubutegetsi budashoboye
Mu gihe Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje gutwerera u Rwanda ibibazo by’umutekano muke muri icyo gihugu, AFC/M23 yashimangiye ko ari amayeri ikoresha mu guhisha ko ubutegetsi bwa Tshisekedi bwananiwe gukemura ibibazo by’Abanye-Congo. Umuhuzabikorwa mu bya Politiki w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa,
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kwibasira u Rwanda
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yongeye kwibasira u Rwanda mu ijambo risoza umwaka wa 2025 yaraye agejeje ku baturage b’igihugu cye. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi muri iryo jambo yavuze ko ashimishijwe n’uko igihugu cye kibanye neza n’ibihugu byo mu karere baturanye, usibye u
Ukraine ikomeje kwihimura ku gihugu cy’Uburusiya ibagabaho ibitero bikomeye na drone
Umuyobozi w’Umurwa Mukuru w’u Burusiya, Sergey Sobyanin, yatangaje ko mu ijoro ry’ubunani, ingabo za Ukraine zagabye ibitero by’indege zitagira abapilote, kuri uyu mujyi, mu gihe Perezida Vladimir Putin yatambutsaga ijambo ry’ikaze ribinjiza mu mwaka mushya wa 2026. Abinyujije ku rubuga rwa Telegram, Sobyanin
Ibihugu bya Mali na Burikinafaso byihimuye kuri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika giherutse kumenyesha ibihugu bya Mali na Burikinafaso ko nta muturage wabo wemerewe kujya muri iki gihugu ,akaba ari icyemezo cyafashwe niki gihugu kuwa 16 Ukuboza 2025. Minisiteri z’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane bwibi bihugu bya Mali na Burikinafaso nazo