Venezuela:Diosdado Cabello yatangaje ko abantu 100 bapfuye mu gitero cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatumye Perezida Nicolas Maduro akurwa ku butegetsi
Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu muri Venezuela, Diosdado Cabello, yatangaje ko abantu 100 bapfuye mu gitero cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatumye Perezida Nicolas Maduro akurwa ku butegetsi ku wa Gatandatu. Ubutegetsi bwo muri Venezuela ntibwari bwagatangaje umubare w’abapfuye, ariko igisirikare cyashyize
Minisitiri w’Umutekano muri Burkina Faso Mahamadou Sana yatangaje ko abantu benshi bafunzwe nyuma yo gukekwaho gutegura umugambi waburijwemo wo kwica Perezida Capt Ibrahim Traoré
Minisitiri w’Umutekano muri Burkina Faso, Mahamadou Sana yatangaje ko abantu benshi bafunzwe nyuma yo gukekwaho gutegura umugambi waburijwemo wo kwica Perezida Capt Ibrahim Traoré mu mpera z’icyumweru gishize. Minisitiri Sana yabitangaje ku wa 6 Mutarama 2026, ubwo yari kuri televiziyo y’igihugu, avuga ko
Donald Trump yatangaje ko agiye gukura igihugu cye mu Miryango Mpuzamahanga n’iy’Umuryango w’Abibumbye
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje agiye gukura igihugu cye mu Miryango Mpuzamahanga n’iy’Umuryango w’Abibumbye(Loni) 66, irimo ikora gahunda zo kurwanya imihindagurikire y’ibihe, kubungabunga amahoro na demokarasi n’iyindi. Inyandiko ya Trump yashyizwe ahagaragara n’Ibiro bye, White House ku mugoroba
Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Venezuela, Maria Corina Machado yashimiye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump washimuse uwo yise umwanzi we
Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Venezuela, Maria Corina Machado yashimiye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump washimuse uwo yise umwanzi we, Nicolas Maduro asezeranya ko agiye kugaruka mu gihugu. Maria Machado w’imyaka 58 yavuze ko ishyaka ayobora,(Vente Venezuela) ryiteguye
Urukiko rw’i Paris rwahamije abantu 10 ibyaha bishingiye ku kwibasira Brigitte Macron
Urukiko rw’i Paris rwahamije abantu 10 ibyaha bishingiye ku kwibasira Brigitte Macron, umugore wa Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, hifashishijwe imbuga nkoranyambaga. Aba bantu bashinjwaga ibirimo gukwirakwiza kuri izi mbuga, amakuru y’ibihuha ajyanye n’imiterere y’imyanya y’ibanga ya Brigitte Macron, bakanavuga uko biboneye
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bw’abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bw’abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo Man, Ishimwe Francois Xavier na Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta, rwemeza ko bakomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Uko ari bane bakurikiranyweho kugira uruhare mu
Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée
Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée, Mamadi Doumbouya, watorewe gukomeza kuyobora iki gihugu mu matora yabaye ku wa 28 Ukuboza 2025. Perezida Kagame abinyujije kuri X ati “Ndashimira cyane, umuvandimwe wanjye, Perezida Mamadi Doumbouya, ku ntsinzi yegukanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu cya
Umuhungu wa perezida Nicolas Maduro yemeje ko papa we na nyina bagambaniwe n’abamurindaga
Umuhungu wa Perezida NicolasMaduro yatangaje ko ise atafashwe nkuko bivugwa,yemeje ko ahubwo yagambaniwe n’abarinzi be ,ndetse n’ibihugu by’inshuti ze,avuga ko bamugambaniye bakamuha Abanyamerika yemeza ko nta muntu numwe wari hafi yase akizera,ibi uyu muhungu abitangaje mu gihe Maduro yaraye yitabye urukiko rwo muri
Perezida Trump yabaye nkuha amabwiriza perezida w’inzibacyuho wa Venezuela ko natayubahiriza azahura n’akaga
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald J. Trump, yaburiye Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela Delcy Rodríguez, ko ashobora kwishyura ikiguzi gikomeye cyane kirenze icya Nicolás Maduro nadakora ibyo Amerika ishaka. Mu kiganiro Trump yahaye ikinyamakuru The Atlantic, yavuze ko impinduka mu
Perezida Ndayishimiye Evariste akebuye minisitiri wiwe Qatar ibiha umugisha
Mu gisa no gukosora ibyavuzwe na Minisitiri we w’ububanyi n’amahanga, Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko igihugu cye ‘igihe cyose cyashimiye ‘uruhare rw’ingenzi’ rwa Qatar mu buhuza ku kibazo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni nyuma y’uko ku wa gatandatu nijoro