Fardc ikomeje kurasa ibirindiro bya m23 ikoresheje drone
Igisirikare cya Fardc cyarashe ibirindiro bya Afc/m23 gikoresheje indege z’intamabara zitagira abapilote zizwi nka drone ,ibi bitero bikaba byagabwe muri teritwari ya Walikare na teritwari ya Rutshuru . Amakuru aremeza ko izi drone kuri uyu wa gatanu tariki ya 23 Mutarama 2026 zarashe
U Rwanda rwemereye USA ko rufitanye imikoraniye n’umutwe wa Afc/m23
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ifitanye imikoranire mu by’umutekano n’umutwe wa AFC/M23, ishingiye ku nyungu zihuriweho zo kurinda Abatutsi bamaze igihe bibasirwa n’umutwe wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi byatangajwe n’Ambasaderi w’u
Ubuyobozi bwa Afc/m23 bwahaye ibitaro bya Masisi Imbangukiragutabara
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryashyikirije ibitaro bikuru bya Masisi imbangukiragutabara nshya kugira ngo ijye ibifasha guha abaturage ubutabazi bwihuse. Umuhango wo gutanga iyi mbangukiragutabara yo mu bwoko bwa Land Cruiser wayobowe na Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru
Gen.Makenga avuga ku rugamba raw Afc/m23 muri 2026
Umuhuzabikorwa mu bya gisirikare w’Ihuriro AFC/M23, Maj Gen Sultani Makenga yibukije abayobozi muri iri Huriro ko bakiri mu ntambara, kandi ko bakwiye gukomeza kwitonda no kurangwa n’imyitwarire myiza, kuko ari byo bizabafasha kuyitsinda, kandi ko uyu mwaka wa 2026, ugomba kuba uw’akazi gakomeye.
Perezida Felix Tshisekedi mu mugambi wo kumarira umuryango wa Corneille Nangaa muri gereza
Abantu benshi bo mu muryango w’umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanirra Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, barafunzwe, abandi bahunga igihugu. Umwe mu bafunzwe mbere ni umuvandimwe wa Nangaa witwa Baseane Nangaa Putters, ubu akaba ari muri gereza ya gisirikare ya
Lt gen Philemon Yav Irung yahakanye ibyaha byose arengwa harimo no gukorana n’u Rwanda
Mu Rukiko Rukuru rwa gisirikare rwa Kinshasa, Lt Gen Philémon Yav Irung wayoboye intara ya gatatu y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahakanye gukorana n’u Rwanda, asobanura ko yakiriye ubutumwa bw’umuntu umushinja gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR. Lt Gen Yav yatawe muri
Muyaya Patrick yahawe gasopo na Olivier Nduhungirehe minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yihanije Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo washinje Ingabo z’u Rwanda n’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 ubujura. Patrick Muyaya ku wa 16 Mutarama 2026 yanditse ku mbuga nkoranyambaga ko itangazo rya AFC/M23 rimenyesha umuryango mpuzamahanga
Ibigezweho mu matora ya Uganda n’uburyo Museveni ashobora kwegukana itsinzi
Mu gihe habura amasaha make ngo Komisiyo y’Amatora muri Uganda itangaze ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu, imibare iri kugaragaza ko nta gihindutse yegukanwa na Yoweri Kaguta Museveni kandi ku kinyuranyo kinini. Ku wa 15 Mutarama 2026 nibwo Abanya-Uganda bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu
Twirwaneho yatangaje ko yahanuye drone ya Fardc yarasaga Abanyamulenge mu Minembwe
Umutwe wa Twirwaneho wiyemeje kurengera abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, wemeje ko ku wa Kane tariki ya 15 wahanuye drone y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Umuhuzabikorwa w’uriya mutwe, Colonel Ndakize Kamasa Welcome, yatangaje ko iriya drone bivugwa ko ari iyo
Nubwo umutuzo wabaye nkugaruka Masisi Wazalendo ziracyashaka kugaba ibitero kuri m23
Umutuzo usa nk’uwagarutse muri iki gitondo cyo ku wa Gatatu, itariki ya 14 Mutarama 2026, i Kalembe, muri Gurupoma ya Bashali Mokoto (Teritwari ya Masisi) iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano yaraye ibaye mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuri uyu