Burundi :Abanyekongo bari kugwa m’uruzi rwa Rusizi kubera kwangirwa gusubira iwabo

Burundi :Abanyekongo bari kugwa m’uruzi rwa Rusizi kubera kwangirwa gusubira iwabo

Jan 29, 2026

Mu Ntara ya Bujumbura, muri Komine Cibitoke mu Burundi habonetse imirambo itatu mu mazi y’umugezi wa Rusizi, hafi y’umupaka uhuza u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Iyo mirambo yabonetse ku itariki ya 27 Mutarama 2026, harimo uw’umugabo, umugore n’umwana. SOS

Read More
MRDP Twirwaneho yamaganye ibitero byongeye kugabwa ku midugudu ituwe n’Abanyamulenge

MRDP Twirwaneho yamaganye ibitero byongeye kugabwa ku midugudu ituwe n’Abanyamulenge

Jan 28, 2026

Mu itangazo ryasowe n’umutwe wa MRD Twirwaneho wavuze ko wamagana ibitero biri kugabwa n’ihuriro ry’ingabo  zirwana k’ubutegetsi bwa Kinshasa byibasira imidugudu ituwe nabo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Uyu mutwe uvuga ko ibyo bitero byahereye muri teritwari ya Fizi na Uvira  cyane cyane mu midugudu

Read More
AFC/M23 yahishuye uburyo ikoramo n’ubutegetsi bw’u Rwanda n’ubwa Uganda

AFC/M23 yahishuye uburyo ikoramo n’ubutegetsi bw’u Rwanda n’ubwa Uganda

Jan 28, 2026

Umuyobozi wa AFC/M23, Corneille Nangaa Yobeluo, yatangaje ko nta kidasanzwe kiri mu bufatanye bw’iri huriro n’u Rwanda mu gihe bihuje umupaka. Nangaa yagize ati “Nk’uko tubivuga mu Gifaransa, ese gukorana bivuze gufasha? Oya. Ese dukorana n’u Rwanda? Ntidukorana n’u Rwanda gusa, tunakorana na

Read More
AFC/M23yagaragaje uburyo yasuzuguwe na Tshisekedi Felix nyuma yuko bafashe Bunagana

AFC/M23yagaragaje uburyo yasuzuguwe na Tshisekedi Felix nyuma yuko bafashe Bunagana

Jan 28, 2026

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwatangaje ko bwigeze kugerageza kwegera Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, nyuma yo gufata umujyi wa Bunagana, mu rwego rwo gushaka inzira ya politiki yahagarika imirwano, ariko ngo icyo cyifuzo cyateshejwe agaciro. Nk’uko byatangajwe, Bunagana yafashwe

Read More
Ntituzongera kuva mu gice na kimwe twabohoye /Afc/m23

Ntituzongera kuva mu gice na kimwe twabohoye /Afc/m23

Jan 27, 2026

Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko ridafite umugambi wo kuva mu bice rigenzura mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo gukura abarwanyi baryo mu Mujyi wa Uvira. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa 26 Mutarama 2026, Umuvugizi waryo, Lawrence Kanyuka, yavuze

Read More
Umuyobozi w’agateganyo wa Monusco muri RDC yahahamuwe n’ifatwa ry’umujyi wa Goma

Umuyobozi w’agateganyo wa Monusco muri RDC yahahamuwe n’ifatwa ry’umujyi wa Goma

Jan 27, 2026

Umuyobozi w’agateganyo w’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Vivian van de Perre, yatangaje ko yabonye isura atari azi ku barwanyi ba AFC/M23 ubwo bari mu rugamba rwo gufata Umujyi wa Goma kuko bari bafite imbaraga zitamenyerewe ku mutwe

Read More
MRDP Twirwaneho iratanga impuruza y’ibitero biri gutegurwa n’ihuriro rya Kinshasa mu bice bya Minembwe na Fizi

MRDP Twirwaneho iratanga impuruza y’ibitero biri gutegurwa n’ihuriro rya Kinshasa mu bice bya Minembwe na Fizi

Jan 26, 2026

Umutekano w’abaturage bo mu misozi miremire ya Kivu y’Amajyepfo uravugwaho impungenge zikomeye, nyuma y’amakuru avuga ko hari ingabo n’imitwe yitwaje intwaro bikomeje kwinjizwa muri utu duce mu buryo budasanzwe. Ibyo byatangajwe n’umutwe wa MRDP–Twirwaneho, uvuga ko mu bice birimo Fizi, Itombwe na Uvira

Read More
Igisirikare cya USA kigiye gutoza igisirikare cya RDC n’icy’u Burundi

Igisirikare cya USA kigiye gutoza igisirikare cya RDC n’icy’u Burundi

Jan 26, 2026

Umugaba mukuru w’ingabo za Kongo FARDC yoherereje abakuru b’ingabo telegram ya gisirikare yihutirwa abasaba gutoranya no kohereza byihuturwa abasirikare bazajya mu mutwe udasanzwe uzatozwa kandi ugakorana n’ingabo za Amerika muri Congo mu kwisubiza buri sentimetero yose y’ubutaka bwabo no kurinda ubusugire bwa Congo

Read More
Afc/m23 yamaganye ibitero biri kugabwa na leta ya Kinshasa ku baturage

Afc/m23 yamaganye ibitero biri kugabwa na leta ya Kinshasa ku baturage

Jan 26, 2026

Umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka yatangaje ko iri huriro ryamaganye ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC, Wazalendo n’Abarundi byahitanye abasivili mu gace ka Minzenze. Ni ibitero byagabwe ku wa Gatandatu tariki ya 24 Mutarama 2026. Bikaba byanifashishijwemo

Read More
Nukuzana Bobi Wine ari muzima cyangwa ari umupfu/Gen Muhoozi Kainerugaba

Nukuzana Bobi Wine ari muzima cyangwa ari umupfu/Gen Muhoozi Kainerugaba

Jan 26, 2026

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yatangaje ko amabwiriza mashya ingabo zahawe ari ukuzana Bobi Wine  umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi uri mu bwihisho “ari muzima cyangwa apfuye”. Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yanditse ku rubuga rwa X, ko mu masaha 24 bari bahagaritse gushakisha Robert Kyagulanyi 

Read More