Yafunzwe azira kugaburira imbwa ye cyane ikicwa n’umubyibuho
Umugore wo muri Nouvelle-Zelande, yakatiwe n’urukiko gufungwa amezi abiri muri gereza nk’igihano cy’uko yagaburiye imbwa ye cyane kugeza ubwo yishwe n’ibibazo biterwa n’umubyibuho ukabije. Mu gihe Polisi yari iri mu mukwabu mu rugo rw’uwo mugore, ngo yahasanze imbwa nyinshi harimo n’iyo yari ifite
Imyiteguro y’Ihererekanyabubasha Hagati ya Biden na Trump Irarimbanije
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden burimo burategura ihererekanyabubasha n’ubw’umukuru w’igihugu watowe, Donald Trump. Iyi nzibacyuho ikurikiriza umurongo ngendarwaho w’itegeko ryitwa “The Presidential Transition Act” ryo 1963, n’uko ryagiye rivugururwa kugera mu kwa 12, 2022. Rivuga ko perezida wa
Abanya-Uganda bakoresha TikTok bafunzwe bashinjwa gutuka umuryango wa perezida
Abanya-Uganda babiri bafunzwe bashinjwa gutuka Perezida Yoweri Museveni, umugore we Janet Museveni n’umuhungu wa Perezida, Jenerali Muhoozi Kainerugaba, ku rubuga nkoranyambaga rutangazwaho za videwo rwa TikTok. Umucamanza Stella Maris Amabilis yategetse ko David Ssengozi, bahimba Lucky Choice, w’imyaka 21, na Isaiah Ssekagiri, w’imyaka
Sudani y’Epfo: Abaturage bishwe n’inyota
Abaturage bo muri Sudani y’Epfo, baravuga ko barimo kwicwa n’inyota bitewe no kubura amazi meza yo kunywa, nyuma y’uko imyuzure yibasiye Amajyepfo y’icyo gihugu yatumye amazi yivanga na Peteroli. Ibi byatewe n’imvura yaguye ari nyinshi bidasanzwe bitewe n’imihindagurikire y’ikirere, iteza imyuzure myinshi ituma