RDC:Umutwe wa FDLR wazindutse utera ibirindiro bya m23 muri Kinyandoyi.
Umutwe wa FDLR wazindutse utera ibirindiro bya m23 muri Kinyandoyi aho imirwano yamaze igihe kigera mu isaha imwe. Kinyandoyi ni umudugudu uherereye muri teritwari ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,uyu mudugudu umaze iminsi wibasirwa n’ibitero by’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ufatikanyije na Wazalendo
RDC:Abaslam bo mu mujyi wa Bukavu barasaba abanyepolitike kuganira.
Abayisilamu batuye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ,kuri uyu wa gatanu basabye abanyapolitike n’abandi bafata ibyemezo ko bakwiye kuganira kugira ngo haboneke amahoro arambye kandi ngo n’ubuyobozi bwa leta bubashe gukora neza. Ubu busabe bwaba bayisilamu bwatanzwe k’umunsi wo kwizihiza ugusoza igisibo cya
Burundi, mu matora hari aho abagombaga gutora basanze imbonerakure zarangije kubatorera.
Burundi, mu matora hari aho abagombaga gutora basanze imbonerakure zarangije kubatorera. Amatora mu gihugu cy’u Burundi akomeje gutangaza abatari bake, abenshi bakaba barajyaga bibeshya ko u Burundi bushyira imbere demokarasi, ariko kugeza ubu barabona ko ishyaka riri kubutegetsi CNDD-FDD ikitwa demokarasi ryarangije kugikura
Burundi, imbonerakure ku biro by’itora yabeshyeye umugore arafungwa, inakubita ikofe undi mugore.
Burundi, imbonerakure ku biro by’itora yabeshyeye umugore arafungwa, inakubita ikofe undi mugore. Mu gihe mu gihugu cy’Uburundi bari mu gikorwa cy’amatora, aho bari gutora abagize inteko ishinga amategeko byitwa ko izaba ihuriweho n’amashyaka yose, hirya no hino muri icyo gihugu hagiye hagaragara udushya
RDC/UVILA:Abapfakazi b’abasirikale ba Fardc bari mu myigaragambyo ikaze kubera kutabona ibyo Tshisekedi yabemereye.
Abapfakazi b’abasirikale ba Fardc bari mu myigaragambyo ikaze kubera kutabona ibyo Tshisekedi yabemereye aho yari yabasezeranyije ko azajya abaha imishahara y’abagabo babo baguye mu ntambara ibahanganishije n’umutwe wa m23 none amezi abaye ane badahembwa. Aba bapfakazi bahoze bafite aba gabo babo mu gisirikare
RDC:Adolphe Muzito yashimiye Martin Fayulu ko yemeye guhura na perezida Felix Tshisekedi .
Uwahoze ari minisitiri w’intebe muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo Adolphe Muzito akaba na perezida w’ishyaka la Nouvel Elan yashimiye umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi Tschilombo ngo kuko yemeye guhura nuyu muperezida nkuko bikubiye mu itangazo ishyaka rye ryatangaje. Adolphe Muzito
RDC:Abajenerali ba fardc bafunze barazira ibyaha byabo/Slyvain Ekenge.
Umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Slvain Ekenge yatangaje ko iperereza kubasirikare b’abajenerari ba Fardc bafunze rikomeje mu nzira zisanzwe kandi asobanura ko abajenerali bafunze ku byaha bakoze ubwabo,uyu muvugizi avuga ibi mu gihe abajenerali bafunzwe hagaragajwe ko abeshi bahorwa inkomoko
RDC:Abanyamulenge baru muri Fardc bakomeje gufungwa ubutitsa.
Abanyamulenge b’abasirikare mu gisirikare cya repubulika iharanira demokarasi ya Congo bakomeje gufungwa ubutitsa n’urwego rushinzwe ubugenzacyaha i Kinshasa rwa Demiap,aho ubu havugwa ko umaze iminsi afashwe akanafungwa ahorwa kuba umunyamulenge ni uwitwa Muganza Innocent. Amakuru ava i Kinshasa avuga ko uyu musirikare
RDC/Lubero:Umutwe wa Adf wagabye igitero gikaze muri Mangurujipo gihitana benshi.
Umutwe wa Adf urwanya ubutegetsi bwa Uganda ariko ukorera muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo wagabye igitero gikomeye mu gace ka Lubero m’umudugudu wa Mangurujipo gihitana abantu abantu benshi cyane nkuko abaturage bahari babidutangarije. Amakuru abaturage badutangarije batubwiye ko icyo gitero kibasiye imidugudu
RDC:Umutwe wa m23 utangaje ko ugiye gufata agace ka Pinga muri Walikale.
Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa utanagaza ko ugiye gufata agace ka Pinga gaherereye muri teritwari ya Walikale ,uyu mutwe watangaje ibi nyuma y’iminsi myinshi kano gace karimo imirwano. Teritwari ya Walikare yabaye indiri ya Wazalendo na Fdlr nyuma yuko umutwe