Les conséquences de la crise économique au Burundi
Les conséquences de la crise économique au Burundi La crise économique au Burundi se manifeste dans plusieurs secteurs de la vie nationale, révélant que le pays traverse une période difficile sur le plan économique. La hausse des prix des produits de base et
Inkurikizi z’ikibazo cy’ubukungu mu Burundi (La crise économique)
Inkurikizi z’ikibazo cy’ubukungu mu Burundi REBA AMAKURU YA VIDEO Inkurikizi z’ikibazo cy’ubukungu mu Burundi (La crise économique) ziragenda zigaragara mu nzego zitandukanye z’ubuzima bw’igihugu, zigaragaza ko igihugu kiri mu bihe bikomeye by’ubukungu. Ibiciro by’ibicuruzwa n’ibura ry’ibikoresho by’ingenzi Ibiciro by’ibicuruzwa by’ibanze byazamutse cyane, aho
Zambia:Hakainde Hichilema ntazangerere k’umurambo cyangwa ku gituro/Perezida Edgar Lungu.
Uwahoze ari Perezida w’igihugu cya Zambia Edgar Lungu wapfuye mu Cyumweru gishize yasize atanze amabwiriza k’umuryango we ko badakwiye kwemerera uwamusimbuye ku mwanya wa Perezida wiki gihugu ko yazagera k’umurambo we cyangwa ngo abe yakandagira aho bazamushyingura. Ibi byatangajwe uyu munsi kuwa
RDC:Minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba m’ubutabera.
Ubushinjacyaha bukuru bw’urukiko rusesa imanza muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bwongeye gusaba inteko ishinga mategeko yiki gihugu umutwe w’Abadepite ko wabaha uburenganzira bwo kurega mu nkiko minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba kubera ibyaha akekwaho birimo kunyereza umutungo wa rubanda ndetse n’ibyaha bifitanye isano
RDC:Umutwe wa M23 watwitse ibirindiro bya Wazalendo muri Mulema.
Mu mirwano yabaye ku Cyumweru tariki ya 9 kamena, yashyamiranyije abarwanyi bo m’umutwe wa Wazalendo nabo m’umutwe wa m23 mu mudugudu wa Mulema,gurupoma ya Kisimba ,teritwari ya WALIKAle ,intara ya Kivu y’amajyaruguru yarangiye umutwe wa m23 utwitse ibirindiro bya Wazalendo byari muri uyu
RDC:Abarwanyi b’umutwe wa m23 bikuye muri santere ya Bukombo.
M’ucyumweru gishize umutwe wa m23 wikuye muri santere ya Bukombo bitewe n’imirwano yari ibahanganishije n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo,aho m23 ivuga ko yikuye muri iyi santere ,naho Wazalendo ikigamba kubirukana. Ni imirwano yabaye hagati ya gurupoma ya Bukombo na gurupoma ya Tongo ariko m23
Zimbambwe:Inzego zicunga Parike zigiye kwica inzovu kugira ngo ibaganye umubare munini wazo.
Zimbambwe igiye kwica inzovu kugira ngo igabanye umubare munini wazo,iki gihugu kirateganya kwica inzovu zibarirwa muri mirongo itanu mu muhate wo kugira ngo ishobore gucunga umubare wazo ukomeje kwiyongera,nkuko byemejwe n’ikigo gishinzwe Parike zo muri iki gihugu. Inyama zizi nzovu biteganyijwe ko zizahabwa
RDC:Igisirikare cya Fardc kiri gutegura ibitero kizatugabaho/Corneille Nangaa.
Mu kiganiro Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo yagiranye n’umushakashatsi w’umubiligi Alain Destexhe, yagaragaje ko ubutegetsi bwa Congo burimo gutegura ibitero bizagabwa kuri AFC/M23. Corneille Nangaa avuga ko n’ubundi ibyo bitero birimo gukorwa. Yavuze ko ibiganiro bigamije kumvikanisha leta ya Congo n’umutwe wa
RDC/FIZI:Hazindutse imirwano ikaze hagati y’umutwe wa m23 na Wazalendo mu misozi ya Fizi.
Imirwano ikaze yazindutse hagati y’umutwe wa m23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta Fardc na Wazalendo muri tiritwari ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umunyamakuru wacu uri mu bice by’imisozi miremire ya Fizi yadutangarije ko m’urukerera rwo kuri uyu wa mbere umutwe
RDC:Umutwe wa m23 wirukanywe ku gasozi ka Nkobe muri Walikale.
Igisirikare cya FARDC kigambye kwirukana umutwe wa m23 ku gasozi ka Nkobe muri teritwari ya Walikale kuri gurupoma ya Kisimba mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Mu mirwano ikomeye yashyamiranyije umutwe wa m23 n’umutwe wa Wazalendo ifatanyije na Fardc kui uyu wa gatanu