RDC:Ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro cya Rubaya cyaguye ku bantu.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ,tariki ya 20Kamena 2025 nibwo hamenyekanye amakuru yicamugongo avuga ko mu gace ka Mataba gaherereye muri Rubaya,muri teritwari ya Masisi aho bivugwa ko icyo kirombe ari icyumu Wazalendo witwa Justin Ndayishimiye aho amakuru avuga ko icyo
Intambara ikomeje kwaduka mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo.
Intambara ikomeje kwaduka mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo. Imidugudu n’uturere twinshi two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo imaze ibyumweru byinshi mu mvururu ziturutse ku mirwano ikomeye hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’abarwanyi bo mu mitwe
Rwanda/RDC:Abaminisitiri b’Ububanyi n’amahanga bagiye gusinya amasezerano y’Amahoro muri USa.
Kuri uyu wa gatatu, ibihugu by’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangaje ko umushinga w’amasezerano y’amahoro biteganyijwe ko azashyirwaho umukono mu cyumweru gitaha, hagati y’ ibihugu byombi na Amerika aya masezerano akaba agamije guhagarika imirwano mu burasirazuba bwa Congo. Amasezerano y’agateganyo,
Madagascar: 17 bishwe n’ibiryo
Mu gihugu cya Madagascar, mu Murwa mukuru Antananarivo, abantu 17 bapfuye bazize ibyo kurya bihumanye bariye mu birori by’isabukuru, byabaye ku Cyumweru tariki 15 Kamena 2025. Uretse abo bantu 17 bamaze gupfa, hari abandi 40 bahise bajyanwa mu bitaro bya HJRA Hospital by’aho
RDC/Walikale:Imirwano yongeye kubura hagati ya Wazalendo n’igisirikare cya M23.
Imirwano ikaze yongeye kubura muri teritwari ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,aho abarwanyi ba Wazalendo batewe n’igisirikare cy’umutwe wa m23 mu gace ka Buhimba. Guhera m’urukerera rw’uyu wa Gatatu ,tariki ya 18 Kamena 2025 ,abarwanyi b’umutwe wa m23 bazindutse bagaba ibitero bikomeye
Iran vs USA:Perezida Donald Trump yarakariye Iran ashobora kuyirasaho.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika k’urukuta rwe rwa Truth Social yasabye abaturage bose kuva mu mujyi wa Tehran ,umurwa mukuru wa Iran ,aho bivugwa ko USA ishobora kuba igiye kuhagaba ibitero simusiga. Trump yagize ati:”Iran yagombaga kwemera amasezerano nabasabye.Ni agahomamunwa
RDC:Hamenyekanye Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abasirikare bakuru b’Abarundi na Fardc .
Hamenyekanye Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abasirikare bakuru b’Abarundi na Fardc ndetse n’intumwa za Ambasade ya Afurika Y’Epfo n’iyi gihugu cy’Ububiligi. Kuri uyu wa mbere tariki ya 16/06/2025 nibwo I Bujumbura muri Quartier ya Musaga ,hateraniye inama y’abayobozi bakuru b’ingabo zu Burundi zagiye
RDC/Burundi:Igisirikare cy’Uburundi cyatumije abasirikare bakuru babo bari muri Uvila.
Igisirikare cy’Uburundi cyatumije abasirikare bakuru biki gisirikare bari k’urugamba mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo,ahatumijwe abasirikare bakuru ndetse n’abasirikare bakuru bashinzwe ubutasi muri izo ngabo zagiye kurwana muri iki gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Amakuru dukesha ikinyamakuru cya Telegrame
Majoro mu gisirikare cy’u Burundi yishwe na malariya yakuye muri Kongo.
Majoro mu gisirikare cy’u Burundi yishwe na malariya yakuye muri Kongo. Major mu gisirikare cy’Uburundi uzwi ku mazina ya Marius Nimubona yarwariye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, aho yari ari mu basirikare barwana n’umutwe wa M23, maze uwo mu majoro araremba abura
Burundi, padiri yafunzwe akimara kuva gusoma misa
Burundi, padiri yafunzwe akimara kuva gusoma misa Padiri wa kiriziya gatolika yafatiwe aho bita mu Gitaza, muri komine Muhuta, mu ntara ya Rumonge (mu mavugurura mashyashya hakaba hazaba muri Bujumbura), padiri rero akaba yarafashwe akimara gusoma misa. Byabaye ku cyumweru tariki ya 15/6/2025.