RDC/Kabare:Imirwano yongeye kubura muri Cirunga hagati ya Wazalendo na M23.

RDC/Kabare:Imirwano yongeye kubura muri Cirunga hagati ya Wazalendo na M23.

Jun 24, 2025

Imirwano yongeye kubura hagati y’umutwe wa m23 n’umutwe wa Wazalendo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,muri tiritwari ya Kabare mu gace ka Cirunga.   Ni imirwano yatangiye murukerera rw’uyu munsi tariki ya 24Kamena 2025 aho abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo bazindutse bagaba ibitero ku barwanyi

Read More
RDC:Uvila abaturage bazindukiye mu myigaragambyo bamagana ubuyobozi bwabo.

RDC:Uvila abaturage bazindukiye mu myigaragambyo bamagana ubuyobozi bwabo.

Jun 24, 2025

Abaturage batuye muri santere ya Uvila muri teritwari ya Uvila ,mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo bazindukiye mu mihanda bamagana ubuyobozi bwabo ko ntacyo bubamariye ko buheruka bubatora ariko ibyo babatoreye ntibikorwe. Iyi myigaragambyo yaturutse ku cyemezo giherutse gufatwa n’ubuyobozi bw’Intara ya Kivu Y’Amajyepfo

Read More
RDC: Imirwano ikomeje gukara muri Nyangezi

RDC: Imirwano ikomeje gukara muri Nyangezi

Jun 24, 2025

Imirwano ikaze ikomeje guhanganisha abarwanyi bo m’umutwe wa m23 nabo m’umutwe wa Wazalendo mu bice by’intara ya Kivu y’amajyepfo cyane mu gice cya Nyangezi. Amakuru ava Nyangezi aremeza ko abarwanyi ba Wazalendo bateye ibirindiro by’umutwe wa m23 bihereye muri Nyangezi ,maze umutwe wa

Read More
Qatar yagabweho igitero

Qatar yagabweho igitero

Jun 23, 2025

Qatar yagabweho igitero Ibisasu bya Irani byarashe ku birindiro bya Amerika muri Qatar Mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Kamena 2025, igihugu cya Irani cyarashe ibisasu bitandatu ku kigo cya gisirikare cya Al-Udeid kiri i Doha muri Qatar, aho ingabo za Leta

Read More
Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025

Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025

Jun 22, 2025

Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025   Icyo urutonde rushingiraho: Uburyo igihugu kiyobowe (neza cyangwa nabi), kubahiriza uburenganzira bw’ibanze bw’abaturage, kuba umuyobozi ufite icyerekezo rusange kandi gihuriweho, ivangura ry’ubutegetsi rishingiye ku nyungu bwite cyangwa ku gushaka gukundisha

Read More
RDC: Ese koko SADC yaricyuye abarwanyi ba FDLR koko?

RDC: Ese koko SADC yaricyuye abarwanyi ba FDLR koko?

Jun 22, 2025

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ,tariki ya 22Kamena 2025 nibwo hatashye abandi basirikare ba SADC bari mu butumwa bwa SAMIDRC m’Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,abatashye bose hamwe bakaba bagera kuri 461,bagizwe na 317 b’Afurika Y’Epfo ni 144 ba Malawi

Read More
Uganda:Perezida Museveni yaba yabujije muramu wa Gen Muhoozi kongera kwiyamamariza kuba depite?

Uganda:Perezida Museveni yaba yabujije muramu wa Gen Muhoozi kongera kwiyamamariza kuba depite?

Jun 22, 2025

Kwikura mu matora kwa Musherure kubayeho nyuma y’iminsi mike yongeye gushyamirana na murumuna wa Perezida Museveni ,witwa Sodo Aine Kaguta bombi bapfa umwanya wo mu nteko Ishinga amategeko. Shartsi Musherure usanzwe ari muramu wa Gen Muhoozi Kainerugaba ,yatunguranye avuga ko atazongera kwiyamamariza kujya

Read More
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho.

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho.

Jun 22, 2025

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho.   Ku mugoroba wo ku wa gatandatu, Perezida Donald Trump yagejeje ijambo ku gihugu avuga ko indege za gisirikare za Amerika

Read More
Burundi mu ntara ya Rumonge indagara zirabona umugabo zigasiba undi.

Burundi mu ntara ya Rumonge indagara zirabona umugabo zigasiba undi.

Jun 22, 2025

Burundi mu ntara ya Rumonge indagara zirabona umugabo zigasiba undi. Ku mbuga nkoranya mbaga hashize iminsi hakwirakwiza amakuru avuga ko mu gihugu cy’Uburundi ahitwa Rumonge, ikiro kimwe cy’indagara kiruta kure umushahara umupolisi cyangwa umusirikare wo hasi ahembwa ku kwezi. N’uko imibare ibigaragaza, mu

Read More
Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA).

Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA).

Jun 20, 2025

Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA).   Dore isesengura ry’uko misile za Iran zabashije kunyura kuri système ya THAAD ya Amerika, n’impamvu eshanu zikomeye zituma izi ntwaro nshya zigora cyane ubwirinzi bwa

Read More