RDC/Rwanda:Hamenyekanye amoko y’intwaro umutwe wa m23 watse FARDC mu mujyi wa Goma
Amazina ya zimwe mu mbunda umutwe wa m23 wanyaze igisirikare cya FARDC harimo 122 mm Howitzer M1938 M-30 ,M23 yazifashe zari ku marembo ya Goma zinarasa mu Rwanda.Ndetse banafashe za 122 mm howitzer 2A18 (D-30) zose zakoreshejwe muri za 2021 na 2025
IRAN: Igihe cyo guherekeza abaguye mu ntambara na Israël; igihugu cyateguye imihango y’icyubahiro.
IRAN: Igihe cyo guherekeza abaguye mu ntambara na Israël; igihugu cyateguye imihango y’icyubahiro. Téhéran, ku wa Gatandatu, tariki ya 28 Kamena 2025, Leta ya Iran yatangiye imihango y’icyubahiro ku rwego rw’igihugu yo guherekeza abasirikare bakuru n’abashakashatsi mu by’ubumenyi bwa kirimbuzi (nucléaire) bishwe mu
UGANDA: MUSEVENI YIHANANGIRIJE ABIMA ABANYARWANDA BO MURI UGANDA IBYANGOMBWA.
UGANDA: MUSEVENI YIHANANGIRIJE ABIMA ABANYARWANDA BO MURI UGANDA IBYANGOMBWA. Perezida Yoweri Kaguta Museveni yihanangirije abima Abanyarwanda bo muri Uganda ibyangombwa, bitewe no gukomeza gushidikanya ku bwenegihugu bwabo mu buryo budafite ishingiro. Itegeko Nshinga rya Uganda ryo mu mwaka wi 1995 ryemeza
Burundi: Imyaka 10 nyuma y’ibibazo bya politiki, ONU yatangaje raporo iteye impungenge.
Burundi: Imyaka 10 nyuma y’ibibazo bya politiki, ONU yatangaje raporo iteye impungenge. Raporo yatangarijwe i Genève, kuwa 26/2025 hasohotse raporo ivuga ko hashize imyaka icumi havutse ibibazo bikomeye bya politiki mu Burundi byatangijwe n’uwari Perezida Pierre Nkurunziza washakaga kwiyamamariza manda ya gatatu.
Muhoozi Kainerugaba wavuze ko agiye guhiga abazalendo, igisirikare cye cyifatanyije na FRDC mu guhiga wazalendo.
Muhoozi Kainerugaba wavuze ko agiye guhiga abazalendo, igisirikare cye cyifatanyije na FRDC mu guhiga wazalendo. Nord-Kivu: Imirwano ikaze i Muhola hagati ya FARDC-UPDF n’inyeshyamba za Maï-Maï. Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, tariki ya 26 Kamena, habaye imirwano
Burundi:Inzirakarenga zaba zigiye gutangira kurekurwa ziva mu magereza no munzu z’iperereza?
Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu gihugu cy’u Burundi (CNDH) yatangiye gusura amagereza atandukanye muri kino gihugu nyuma yuko abantu beshi bagaragaje ko hari abantu bafunzwe barengana. Aba komiseri batandatu bagize iyi komisiyo baraye bagiye muri gereza nkuru ya Mpimba aho baganirije bamwe
Iran ku mwanya wa 3 ku Isi mu kugira ba injeniyeri; Intambara y’ubwenge
Iran ku mwanya wa 3 ku Isi mu kugira ba injeniyeri: Intambara y’ubwenge yatinze gufatwa nk’inkubiri y’ubwirinzi bushya n’ibihugu byo mu Burengerazuba Irani isohora ku isoko ry’umurimo aba injeniyeri 233,700 buri mwaka. Uyu ni umubare w’abanyeshuri barangiza amasomo y’ikoranabuhanga buri mwaka muri
Burundi, abakozi ba za ambasades babaye abambuzi.
Burundi, abakozi ba za ambasades babaye abambuzi. Kuva mu mpera z’umwaka wa 2021, Brigadier General w’igipolisi Bertin Gahungu, ushinzwe umutekano muri Ambasade y’u Burundi ku cyicaro cya ONU i New York, yanze gusubira mu gihugu nk’uko byategetswe na Leta ya Gitega. Umupolisi
RDC/Rwanda:Urukiko Nyafurika rurengera uburenganzira bwa muntu nubwa baturage rwanze ikifuzo cy’u Rwanda
Urukiko Nyafurika rwita ku burenganzira bwa muntu n’abaturage (ACHPR), rwaregewe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo aho yashinjaga u Rwanda ko imyaka ibarirwa muri za mirongo ko iki gihugu gitera kigakora ubwicanyi, no gusahura umutungo kamere wacyo ,uru rukiko rwatangaje ko rufite ubushobozi
Mu ntara ya Ngozi, hari abanyeshuri bashimuswe na Leta iyobowe na CNDD-FDD, baburiwe irengero.
Mu ntara ya Ngozi, hari abanyeshuri bamaze imyaka myinshi bashimuswe na Leta iyobowe na CNDD-FDD, baburiwe irengero. Umwe muri abo banyeshuri ni uwitwa Irakoze Emery, umuryango we ukaba ukeneye kumenya ukuri ku ishimutwa yakorewe muri 2017 i Ngozi. Imyaka umunani irashize umuryango