RDC:COmmunique officiel de l’Alliance Fleuve Congo
COMMUNIQUÉ OFFICIEL DE L’ALLIANCE FLEUVE CONGO (AFC/M23) DU 30 JUIN 2025
RDC:Minembwe FARDC yongeye kuharasa ikoresheje indege ya Sukoi 25
Ingabo za Repubulika iharanira demokarasi ya Congo FARDC,ndetse nabo bafatanya kurwanya umutwe wa Twirwaneho ubarizwa mu ihuriro rya AFC/M23, bazindutse barasa amabombe bakoresheje indege mu misozi ya Minembwe aho barashe indege yari izanye imiti ku mavuriro ari muri kano gace. Amakuru dukesha abaturage
RDC:Kubeshya ko nta kibazo kiri muri RDC ko ari ikibazo cya Kigali na Kinshasa byaba ari ubushukanyi butakihanganirwa/Nangaa Corneille
Umuhuzabikorwa w’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo (AFC/M23) Corneille Nangaa yatangaje ko amasezerano aherutse gusinywa hagati y’ubwo butegetsi n’ubutegetsi bw’u Rwanda ,i Washington ari intambwe ituzuye ariko ko ari amasezerano y’ingenzi. Mu ijambo yavuze ko ageneye abaturage ba Repubulika iharanira
RDC:ONU yahagaritse iperereza ku byaha byakorwaga m’Uburasirazubwa bwa RDC kubera kubura amafaranga
Mu rugendo rwiwe mu kwezi kwa kane 2025,Volker Turk uyobora OHCHR yavuze ko abaturage bo mu ntara ya Kivu Y’Amajyaruguru na Kivu Y ‘Amajyepfo bihebye,barushye cyane ,bacitse intege kubera imyaka mirongo bamaze mu ntambara. Ishami rya ONU rishinzwe uburenganzira bwa muntu OHCHR ryashinze
RDC:Menya amasezerano yose RDC yagiye isinya agamije gusenya FDLR akaba amasigarakicaro
KANDA HANO UBONE VIDEO YIBIBAYE IMURENGEGuhera umutwe w’iterabwoba wa FDLR ushinzwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, watangiye gukora ibikorwa bibuza umutekano abaturage b’u Rwanda ndetse n’abanyekongo batuye m’uburasirazuba bw’iki gihugu ,cyane cyane abo mu bwoko bw’Abatutsi nk’uko raporo
Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump
Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump Mu butumwa bwe ku rukuta rwe rwa X, uwahoze ari perezida wa Kongo Kinshasa, bwana Joseph Kabila, yatangaje amagambo akomeye agaragaza ko amasezerano yakorewe imbere ya Trump ntacyo avuze ku ntambara iri kubera muri
Uganda igiye gutangira gukoresha umuti urinda SIDA uherutse kwemezwa
Inzego z’Ubuzima muri Uganda zatangaje ko mu minsi iri imbere zizatangira gukoresha umuti wa Lenacapavir,mu kwirinda ubwandu bw’Agakoko gatera SIDA. Muri uku kwezi kwa Kamena 2025 nibwo Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa muri Amerika ,FDA cyemeje ko uyu muti wa Lenacapavir. Uyu muti
Lubero:Imirwano yongeye kubura hagati ya Wazalendo na UPDF/FARDC
Imirwano ikaze yongeye kubura muri teritwari ya Lubero hagati y’abarwanyi ba Mai Mai Wazalendo n’igisirikare cya Uganda UPDF gifatanyije n’igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo FARDC nk’uko Gen Maj Muhoozi Kainerugaba yaraherutse kubitangaza,iyi mirwano ikaba ibaye ku nshuro ya Kabiri muri iki
Bujumbura, Nyakabiga: Imiryango 8 mu kaga n’inkongi y’umuriro yaturutse mu rupangu.
Bujumbura, Nyakabiga: Imiryango 8 mu kaga n’inkongi y’umuriro yaturutse mu rupangu. Bujumbura – Kamena 28, 2025 Imiryango umunani ituye mu gace ka Nyakabiga ya kabiri, muri Komine Mukaza, irarira ayo kwarika nyuma y’inkongi y’umuriro yaturitse kuri uyu wa gatandatu ahagana saa saba
Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi.
Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi. Mu ntambara z’igihe kirekire zibangamiye uburenganzira n’umutekano w’abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), akenshi hibandwa ku mitwe yitwaje intwaro nka M23, CODECO, FDLR, n’abandi bazwi nk’inyeshyamba. Nyamara, ubushakashatsi