Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya yapfuye
Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya imyaka 42 kugeza mu 2011, Saif al-Islam Gaddafi, yiciwe muri iki gihugu cy’Abarabu. Al Jazeera yatangaje ko Saif al-Islam Gaddafi, yishwe ku wa 3 Gashyantare 2026. Yaguye mu Mujyi wa Zintan uherereye mu burengerazuba bwa Libya, aho
Nitwe twarashe ikibuga cya Kisangani kandi n’ahandi hose mukoresha muturasa turaza kuhagera /afc m23
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko watangije ibikorwa byo gusenya santere y’indege zitagira abapilote(drones) iri I Kisangani . Uyu mutwe uvuga ko ibi bikorwa wabitangije tariki 31 Mutarama 2026 na tariki ya 01 Gashyantare 2026 aho wagabye ibitero bya drone kuri iyi Santere ihereye
Ingamba zo guca ibiyobyabwenge mu mujyi wa Goma
Bimwe mu bimaze igihe kinini bibangamiye umutekano wo ku mipaka y’u Rwanda na RDC ni ibiyobyabwenge byinjizwa cyane cyane i Rubavu birimo urumogi, hakoreshejwe inzira z’ubusamo. Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwagaragaje ko aho urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge rukomereye ari uko ibitemewe mu Rwanda,
Umuyobozi w’umujy wa Goma yasobanuye uko umutekano wifashe muri uyu mujyi nyuma yo gufatwa na afc/m23
Umuyobozi w’Umujyi wa Goma, Julien Katembo Ndaliema, yatangaje ko kuva ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangira kuwugenzura, ryawusubije ku murongo mu nzego zitandukanye zirimo umutekano ndetse n’ubucuruzi. Meya Katembo yasobanuye ko Leta ya RDC yari yarinjije abarwanyi b’umutwe
Umutwe wa Twirwaneho yahuruje ko iri kuraswa na drone za leta zigera kuri 18 muri Minembwe
Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko mu minsi itatu, ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryohereje drones zirenga 18 n’indege z’intambara mu kirere cya Komini Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kugira ngo zice abasivili. Umuvugizi wa Twirwaneho, Col Kamasa
Intumwa za Afc/m23 i Doha yasabye ko Monusco yajya mu mujyi wa Uvira
Mu gihe umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo umaze imyaka myinshi uhungabanywa n’intambara n’amakimbirane ya politiki, Guverinoma ya RDC n’ihuriro AFC/M23 bongeye kugaragaza ubushake bwo guhindura amateka, basinyira i Doha muri Qatar amasezerano agamije gushimangira inzira y’amahoro arambye mu
Itangazo ry’akabaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200
Itangazo ry’akabaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200 Ihuriro AFC/M23 ryavuze ko ryababajwe bikomeye n’imyitwarire y’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku makuru y’ikinyoma bwatanze ku mpanuka y’ikirombe cy’amabuye y’agaciro muri Rubaya cyagwiriye
Umusirikare ukomeye mubarinda Tshisekedi yarezwe urugomo mu nkiko z’Ububiligi
Abanyapolitiki batatu bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batanze ikirego mu nzego zitandukanye zo mu Bubiligi, bashinja umusirikare ushinzwe umutekano wa Perezida Félix Tshisekedi kubahohotera no kubatera ubwoba. Claudel Lubaya yasobanuye ko tariki ya 23 Mutarama 2026, ubwo yari yicaranye na bagenzi
Naje gusaba afc/m23 ko twafatanya ariko sinihuje nayo/Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na perezida Tshisekedi
Umunyapolitiki Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko ashaka gukorana n’ihuriro AFC/M23. Ibalanky yagizwe na Tshisekedi umuhuzabikorwa w’urwego rushinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Addis Abeba agamije kugarura amahoro muri RDC. Mu
Igisirikare cya Fardc na Wazalendo byisubije agace ka Point Zero na Bikyaka bari baratswe na Twirwaneho
Imirwano yabaye ku wa kabiri, ku wa gatatu no mu ijoro ryo ku munsi ku wa kane hagati y’ingabo za leta ya Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo ,Wazalendo bafatanyije n’igisirikare cy’u Burundi ndetse n’Abacancuro barwana n’abarwanyi ba Twirwaneho nawo ufatanyije n’umutwe wa M23