RDC/AFC,M23:Niba bashaka ko dusubira mu biganiro biduhuza nabo i Doha nibubahirize ibyo tubasaba
Mu kiganiro ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa ryagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Kane ,tariki ya 3Nyakanga 2025 watangaje ko ufite ubushake bwo gusubira mu biganiro bibahuza n’ubutegetsi bwa Kinshasa gusa ugira ibyo usaba ubwo butegetsi bukwiye kubahiriza kugira ngo iri huriroribe ryakitabira ibi
Uganda:Gen Muhoozi yatanze itegeko ryo kwirukana abahanuzi b’ibinyoma
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Gen Maj Muhoozi Kainerugaba yatanze itegeko kuri polisi yiki gihugu ko ikwiye gufata abahanuzi bose b’ibinyoma birirwa bazenguruka mu mujyi wa Kampala. Muhoozi yavuze ko bano biyita abavuga butumwa birirwa bazenguruka umujyi ko icyo baba bakora
Burundi: Abasirikare bavuye k’urugamba na M23 bashimwe na Perezida Ndayishimiye
Perezida Evariste Ndayishimiye w’uburundi, kuri uyu wa kabiri yahembye abasirikare batatu bari bo u burundi bwari bwarohereje kurwana muri repubulika iharanira demokarasi ya congo Aba basirikare bari mu babarirwa mubihumbi u burundi bwari bwarohereje kurwana kuruhande rwa Leta ya RDC , mu ntambara
RDC:MRDP Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bushya,ni bantu ki?
Ishyaka rir mu ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi ariryo rya AFC/M23 ,MRDP Twirwaneho ryashyizeho abayobozi bashya biri shyaka . Freddy Kaniki Rukema usanzwe ari visi peresida w’ihuriro AFC rirwanya ubutegetsi bwa repubulika iharanira demokarasi ya congo ushinzwe ubukungu n’imari , yagizwe perezida w’umutwe
RDC/USA:Perezida Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura FDLR
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura umutwe w’iterabwoba wa FDLR,ndetse akaza anashinzwe gukurikirana ibikorwa byo gukuraho ingamba z’ubwirinzi ku Rwanda nk’uko byemejwe mu masezerano yasinywe hagati ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na Repubulika
Burundi abaturage baricanye ku itariki 30/6/2025, bamwe baranabatwitse ku mugaragaro!
Burundi abaturage baricanye ku itariki 30/6/2025, bamwe baranabatwitse ku mugaragaro! Mu gihe leta ya Gitega ikomeje kwifatanya na leta ya Kinshasa, izo leta zombi ntizigeze zigira impuhwe ku baturage bazo, dore ko gutwika abantu ku mugaragaro abandi bari kubireba ndetse no kwica abaturage
RDC: Goma hongeye gukorwa ubundi bwicanyi bukabije
Mu mujyi wa Goma hongeye gukorerwa ubwicanyi bwakozwe na Wazalendo baciye murihumye abarwanyi ba AFC/M23, nk’uko amakuru azindutse atugeraho muriki gitondo cyo kuwa kabiri taliki 2 Nyakanga 2025 . Ubu bwicanyi bwabereye ahazwi nka SEBECA Ndosho ,aho ubu bwicanyi bwaguyemo abasivile batatu,ubwo abarwanyi
RDC:Imirwano ikaze hagati ya Wazalendo na M23 muri Muku yaguyemo benshi
Imirwano ikaze hagati y’umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo muri Muku muri teritwari ya Kabare ,intara ya Kivu y’Amajyepfo,yahitanye abantu benshi kubera ubukana iyo mirwano yarifite guhera mu masaha ya mugitondo kuri uyu wa mbere tariki ya 30Kamena2025. Amakuru atangazwa n’abaturage batuye muri
Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati ya M23 na Wazalendo muri Kivu Y’Amajyaruguru
Imirwano ikomeye yongeye kubura mu bice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amjyaruguru ,hagati y’abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo ,ni imirwano yahereye mu masaha ya mugitondo kuri uyu mbere washize. Abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo barwanye bikomeye mu bice bya Munguli
Burundi:Tugiye gufata intwaro tubohore igihugu cyacu/Bamvuginyumvira
Abanyepolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye batangaje ko bagiye gufata intwaro bakarwanya ubutegetsi bwe mu buryo bwo kwamagana ibyavuye mu matora aheruka. Mu kiganiro bahaye Abanyamakuru mu mpera ziki cyumweru i Buruseli mu Bubiligi bamwe mubanye politike bahuriye mu Mahuriro atatu