RDC/Uvira:Umutwe wa Twirwaneho wagabweho ibitero n’igisirikare cya Leta ya Kinshasa mu gace ka Rurambo
Imirwano ikaze yongeye kubura hagati y’ingabo zirwana ku ruhande rw”ihuriro ry’ingabo za Leta Kinshasa ,ingaboza FARDC zifatanyije n’ingabo z’igihugu cy’u Burundi ,Wazalendo na FDLR baraye bagabye igitero ku barwanyi ba Twirwaneho/m23 bari mu bice bya Rurambo. Amakuru ava muri bino bice yemeza ko
RDC:Walikale FARDC na Wazalendo byongeye kurasana na m23
Ihuriro ry’ingabo za FARDC na Wazalendo ku munsi wo ku Cyumweru bongeye kurwana na m23 mu bice bya Fungura muri teritwari ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni imirwano yabereye ku musozi wa Fungura ,Katobi na Mera muri gurupoma ya Kisimba ,amakuru
RDC:FARDC na UPDF ntiturwanya Wazalendo turwanya abatwigometseho/Gen Somo Kakule
Guverineri wa gisirikare w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru igihe yari mu mujyi wa Butembo kuwa 5 Nyakanga 2025 yatangaje ko ingabo zabo zifatanyije niza Uganda batarwanya umutwe wa Wazalendo ahubwo barwanya imitwe yitwaje intwaro yigometse ku gisirikare cya FARDC ikabangamira ibikorwa byacyo byo kurwanya
Uvira:Umusirikare wa FARDC yishe umuyobozi mu biro bya guverineri Jean Jacques Purusi
Umusirikare mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yishe arashe umuyobozi ushinzwe itangazamakuru mu biro bya guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo Jaen Jacques Purusi. Uyu musirikare wa FARDC ufite ipeti rya kapiteni amaze kurasa uyu muyobozi ,abaturage bamwirutseho baramufata nabo bamwica bamutsitse.
Kinshasa, Ubuzima buri mu kaga.
Kinshasa, Ubuzima buri mu kaga. Mu nama y’abaminisitiri yabaye kuri uyu wa gatanu, hatangajwe ko icyorezo cya kolera kimaze gufata uturere 25 kuri 35 tw’ubuzima two muri Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Kubera ubukana n’ubukana bw’iki cyorezo,
RDC:Ubutegetsi bwa Tshisekedi bwitabaje abacanshuro b’AbanyaColombia mu guhangana na m23
Abacanshuro baturutse mu gihugu cya Colombia nibo bitababajwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo mu guhanagana n’ingabo z’ihuriro rya AFC/M23 kugira ngo babashe kwigarurira imijyi ibiri iri huriro ryabanyaze. Aba bacanshuro hamwe n’ingabo za FARDC ku munsi wejo ,tariki ya 4 Nyakanga
Mbere yo gupfa, yasize yandikiye ubutumwa nyina umubyara!
Mbere yo gupfa, yasize yandikiye message nyina umubyara! Umunya Brezilikazi Juliana Marins yaguye mu manga ya metero 1000 ku musozi wa Rinjani muri Indoneziya. Lombok, Indoneziya, 21 Kamena 2025: Juliana Marins, Umunya brezilakazi w’imyaka 26, wari mu rugendo rw’ubukerarugendo n’ubushakashatsi muri Aziya
Leta y’Uburundi ihakana ibivugwa na TV5 Monde ivuga ubucuruzi bw’abantu n’ubuja bukorerwa abarundikazi muri Arabia Saoudite.
Leta y’Uburundi ihakana ibivugwa na TV5 Monde ivuga ubucuruzi bw’abantu n’ubuja bukorerwa abarundikazi muri Arabia Saoudite. “Baracuruzwa nk’ibintu”, umurundikazi aratabaza avuye muri Arabia Saoudite Leta y’Uburundi yamenyesheje ko yagaye ibyasohowe na televiziyo TV5 Monde, by’uko hari abarundikazi boherezwa muri Arabia Saoudite kugira
Kaminuza y’u Burundi: abakobwa barashinja umwarimu wabo kubahohotera!
Kaminuza y’u Burundi: abakobwa barashinja umwarimu wabo kubahohotera! Bujumbura, hari abakobwa biga muri Kaminuza y’u Burundi, mu by’ubushakashatsi bwa Politike n’Impuguke mu by’Ubutwererane mpuzamahanga, bafite ikibazo gikomeye kirebana n’ingeso bavuga ko zikorwa n’umwarimu wabo, Dr Dionise ARAKAZA, bamurega ko abategeka kuryamana nawe
Akazi cyangwa Ubucakara? Abarenga 17,000 b’abarundi boherejwe mu bihugu by’abarabu, bamwe baragarutse barakomerekejwe.
Akazi cyangwa Ubucakara? Abarenga 17,000 b’abarundi boherejwe mu bihugu by’abarabu, bamwe baragarutse barakomerekejwe. Byibura abarundi 17,000 bamaze koherezwa ku mugaragaro mu bihugu by’abarabu, aho bajyanywe mu rwego rwo gukorera yo akazi binyuze mu masezerano y’ubufatanye hagati ya Leta y’ Uburundi na Arabiya Sawudite.