Minembwe:Ishyaka rya MRDP Twirwaneho riramagana ibitero kuba Nyamulenge bikorwa na FARDC
Minembwe Ishyaka rya MRDP Twirwaneho riramagana ibitero kuba Nyamulenge bikorwa na FARDC mu bice by’imisozi miremire ya Uvira ,aho iri shyaka rivuga ko ibi bitro bigamje gusemba abo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Iri tangazo rigumya rivuga ko ingabo z’Abarundi zifatanyije n’igisirikare cya Repubulika Iharanira
Donald Trump yahaye Vladimir Putin iminsi 50 yo kurangiza intambara muri Ukraine.
Donald Trump yahaye Vladimir Putin iminsi 50 yo kurangiza intambara muri Ukraine. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku wa mbere tariki 14/7/2025 yatangaje ko yahaye Uburusiya ultimatum y’iminsi 50 ngo buhagarike intambara muri Ukraine, bitaba ibyo bugafatirwa ibihano
RDC:Teritwari ya Kabare yongeye kuba isibaniro ry’abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo nabo mu mutwe wa M23
Byakugora ko wabona umunsi ushize utumvise ko muri Teritwari ya Kabare hongeye kuba isibaniro ry’abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo nabo mu mutwe wa M23,ni nako byagenze ku munsi wo ku Cyumweru aho umutwe wa m23 wongeye gusakirana n’umutwe wa Wazalendo mu mirwano
RDC:Urugamba rwongeye gukara hagati y’abarwanyi ba m23 na Wazalendo muri teritwari ya Walungu
Mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,imirwano yongeye kubura hagati y’abarwanyi bo mu mutwe wa m23 n’abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo iyi mirwano ikaba yazindukiye muri teritwari ya Walungu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere,tariki ya
RDC, Intambara yarenze amasasu, yinjiye mu ikoranabuhanga.
RDC, Intambara yarenze amasasu, yinjiye mu ikoranabuhanga. FARDC yazamuye ubushobozi mu guhangana n’indege zitagira abapilote (drones) za M23. FARDC yazanye ikoranabuhanga rishya ryo guhangana na drones; ingabo za Leta ya RDC (FARDC) byemejwe ko zamaze kugura no kohereza (deployment) Bel D4
Bihinduye isura, indege itinyitse ya SUKHOI ku rugamba rwo kurwanya abayiguriye.
Bihinduye isura, indege itinyitse ya SUKHOI ku rugamba rwo kurwanya abayiguriye. Nyuma y’amezi menshi indege ya gisirikare yo mu bwoko bwa SUKHOI isenyutse ikanatereranwa ku kibuga cy’indege cya Goma kubera igitutu gikomeye cy’ingabo za Leta (FARDC), iyi ndege yashoboye gusubizwa mu kazi.
RDC:Kinshasa yasabye ibisobanuro guverinoma ya Uganda kubera yafunguye umupaka wa Bunagana
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane ya Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo yatangaje igiye gusaba ubusobanuro ,guverinoma ya Uganda kucyabateye gufata icyemezo cyo gufungura imipaka ibahuza niki gihugu ariko mu gice kigenzurwa n’inyeshyamba zo mu ihuriro rya AFC/M23. Mu kiganiro Minisitiri ushinzwe ububanyi n’amahanga wa
Kenya:Mubarase amaguru ntimubice tuzabone uko tubarega mu nkiko/Perezida William Ruto
Perezida wa Kenya, William Ruto yategetse polisi y’iki gihugu kurasa mu kaguru abamaze igihe bagira uruhare mu myigaragambyo, yamagana ubutegetsi bwe. Ni icyemezo Perezida Ruto yatangaje ku wa Gatatu tariki 9 Nyakanga 2025 nk’uburyo bwo guhangana n’imyigaragambyo izwi nka ‘Saba Saba’. Iyi myigaragambyo iba
Masisi:Umutekano ukomeje kuba mukeya kubera imkirwano hagati ya Wazalendo n’abarwanyi ba m23
Masisi Umutekano ukomeje kuba mukeya kubera imkirwano hagati ya Wazalendo n’abarwanyi ba m23,uyu mutekano mukeya wakomotse ku mirwano yabaye ejo hashize kuwa kabiri ,tariki ya 8 Nyakanga 2025,ubwo abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo ishami rya ANCDH/AFDP barwanaga n’abarwanyi bo mu mutwe wa
Afurika Y’Epfo:Minisitiri wa Polisi arashinjwa gukorana n’agatsiko k’abagizi ba nabi
Minisitiri wa Polisi muri Afurika Y’Epfo arashinjwa gukorana n’amatsinda y’abagizi ba nabi no kwivanga mu iperereza rya Polisi ku bwicanyi bufitanye isano n’abanyepolitike n’ibindi byaha byakorewe mu ntara ya KwaZulu-Natal. Minisitiri Senzo Mchunu yashinjwe ibi bikorwa bishobora kuba bigize ibyaha ,nyuma yuko agaragaye