Ibitaravuzwe ku gitero gikomeye kuri M23 mu majyaruguru ya Goma:
Ibitaravuzwe ku gitero gikomeye kuri M23 mu majyaruguru ya Goma: Mu masaha ya nimugoroba, habaye igitero gikomeye mu majyaruguru y’umujyi wa Goma, mu duce twa Mugunga na Muja, aho imitwe y’inyeshyamba irimo FDLR-FOCA, CMC-NYATURA ndetse na Wazalendo yagabye igitero ku birindiro bya
Umusenateri w’imyaka 89 yatorewe kuyobora Inama y’Urubyiruko rwa Yaoundé.
Umusenateri w’imyaka 89 yatorewe kuyobora Inama y’Urubyiruko rwa Yaoundé. Mu buryo butunguranye kandi bwatangaje benshi, Umusenateri Pierre Henri w’imyaka 89 y’amavuko yatorewe ku bwiganze busesuye (100%) kuba Perezida w’Inama y’urubyiruko rwa Yaoundé, mandat izamara imyaka 4 ishobora kongerwa. Iri torwa ryabaye
Umudipolomate wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafatiwe muri Bulgaria afite cocaine ibiro 205.
Umudipolomate wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafatiwe muri Bulgaria afite ibiyobyabwenge bya cocaine bingana n’ibiro 205. Umudipolomate wa RDC Afungiwe muri Bulgaria Azira Cocaine: hafashwe 205 Kg mu modoka. Umudipolomate wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatawe muri yombi
Rutshuru: Imirwano irakomeje hagati ya AFC/M23 na FDLR-CMC n‘ubwo amasezerano ya Doha atarahabwa agaciro.
Rutshuru: Imirwano Ikomeje hagati ya AFC/M23 na FDLR-CMC n‘ubwo amasezerano ya Doha atarahabwa agaciro. Imirwano ikaze yongeye kubaho mu bice bya chefferie ya Bwito mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho abarwanyi ba AFC/M23 bakomeje kurwana na CMC-FDLR, umutwe w’inyeshyamba wiyita Wazalendo, wiyita
Doha: Kinshasa na AFC/M23 bashyize umukono ku masezerano y’amahoro ariko se amahoro arashoboka aka kanya?
Doha: Kinshasa na AFC/M23 bashyize umukono ku masezerano y’amahoro ariko se amahoro arashoboka aka kanya? Mu murwa mukuru wa Qatar, Kinshasa na Alliance Fleuve Congo/M23 bashyize umukono ku masezerano y’agateganyo agamije guhagarika imirwano n’ugushaka amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya
Rutshuru:imirwano ikaze yongeye guhanganisha umutwe wa m23 n’umutwe wa Wazalendo muri Nyamilima
Rutshuru imirwano ikaze yongeye guhanganisha umutwe wa m23 n’umutwe wa Wazalendo muri Nyamilima ni imirwano yubuye guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 21Nyakanga 2025 guhera mu masaha ya saa kumi n’ebyiri . Iyi mirwano yubuye mu bice bya Sisa
RDC:Agahenge ko guhagarika imirwano hagati ya AFC/M23 na Leta ya RDC ntikubahirijwe Uvira imirwano yubuye
Agahenge ko guhagarika imirwano hagati ya AFC/M23 na Leta ya RDC ntikubahirijwe Uvira imirwano yubuye,iyi mirwano yongeye kubura nyuma y’amasaha makeya I Doha hasinywe amahame ngenderwaho agamije amasezerano y’ubwumvikane hagati ya guverinoma ya Kinshasa n’umutwe urwanya ubu butegetsi uri mu ihuriro rya AFC/M23
Saudi Arabia:Igikomangoma cyari kimaze imyaka 20 muri koma cyitabye Imana
Igikomangoma cyitwa Al-Waleed bin Khaled Al Saud, uzwi cyane ku izina rya “Igikomangoma kiryamye” cyo muri Arabia Saudite, yapfuye nyuma yo kumara imyaka 20 ari muri koma. Yavutse muri Mata 1990, akaba yari imfura ya Prince Khaled bin Talal ndetse akaba ari mwishywa
Mossad Boulos yashimye Leta ya RDC na AFC/M23 kubera umukono bashyize ku mahame ndenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro arambye
Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yashimye impande zombi zashyize umukono ku mahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro hagati ya Leta ya DRC na AFC/M23, avuga ko bigaragaza intambwe ikomeye kandi iganisha ku mahoro arambye mu gukemura
Qatar:Intumwa za Leta ya RDC na AFC/M23 basinyanye amahame ngenderwaho agamije amasezerano y’amahoro arambye
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasinyanye n’Ihuriro rya AFC/M23 amahame ngenderwaho agamije kubashyitsa ku masezerano y’amahoro arambye ,aya mahame agizwe n’ingingo zirindwi z’ingenzi.Arizo: 1.Amahame rusange: Impande zombi zemeye gukemura amakimbirane mu mahoro, hagamijwe kurinda umutekano w’Abanye-Congo. Leta ya RDC na AFC/M23 byemeranyije