Imirwano ikaze yongeye kubura hagati ya Wazalendo na m23 muri Walungu
Imirwano ikaze yongeye kubura muri teritwari ya Walungu hagati y’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo n’abarwanyi b’umutwe wa m23 ikaba yatangiye mu bice m23 yariherutse kunyaga umutwe wa Wazalendo. Ni imirwano yatangiye kuri iki Cyumweru mu masaha ya nyuma ya saa sita aho bivugwa ko
DonaId Trump yahagaritse intambara mu gihugu cya Congo
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashimangiye ko yahagaritse intambara yo mu Burasirazubabwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kandi ngo abaturage barabyishimiye cyane. Donald Trump yabivuze ku wa 8 Kanama 2025, nyuma yo gufasha Perezida IIham Aliyev wa Azerbaijan na
Intambara hagati ya FARDC/WAZALENDO na AFC/M23
Intambara hagati ya FARDC/WAZALENDO na AFC/M23 Tariki ya 8 Kanama 2025, mu masaha y’umugoroba, imirwano ikomeye mu karere ka Nzibira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zikomatanyije n’umutwe wa Wazalendo bahanganye n’abarwanyi ba AFC/M23 mu
Intwaro zoherezwaga muri Isreal u Budage bwazihagaritse.
Leta y’u Budage kurubu yafashe icyemezo cyo kutazongera kohereza intwaro muri Isreal, nyuma y’uko icyo gihugu gifashe icyemezo cyo kugenzura umujyi wa Gaza, inkambi ziwukikije ndetse n’umutekano w’agace ka Gaza kose, mu rwego rwo kwambura intwaro umutwe wa Hamas ndetse no gucyura imbohe
AFC/M23 yamaganye ibirego bidafite gihamya
AFC/M23 yamaganye ibirego bidafite gihamya Mu gihe isi yose ikomeje gukurikirana ibibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umwe mu mitwe yitwaje intwaro imaze igihe kirekire ivugwa mu itangazamakuru ni AFC/M23. Uyu mutwe, uvuga ko uharanira uburenganzira bwa rubanda n’abandi
Ese Teta Sandra yashakaga kwica umugabo we?
Ese Teta Sandra yashakaga kwica umugabo we? Ku mugoroba wo ku itariki ya 7 Kanama 2025, mu gace ka Munyonyo, kuri Shan’s Bar & Restaurant, habaye amakimbirane hagati ya Sandra Teta n’umugabo we, umuhanzi Douglas “Weasel” Mayanja. Mu buryo buhangayikishije, Sandra
Umuskuti ayoboye igisirikare!
Umuskuti ayoboye igisirikare! Uyu munsi, Uburundi buri mu bihe bigoye byo guhindura no kunoza imikorere ya gisirikare, ndetse hakaba hanagaragara impinduka zidasanzwe mu miyoborere y’igisirikare; nko gushyiraho Marie-Chantal Nijimbere nka Minisitiri w’Ingabo wa mbere w’umugore mu mateka y’igihugu. Uko byakiriwe n’abaturage n’abasirikare: Hagati
Iran yishwe ukekwa kuba umutasi wa Israel
Ibitangazamakuru bya Leta ya Iran byatangaje ko Rouzbeh Vadi washinjwaga kuba maneko ya Isiraheli yishwe nyuma yo gushinjwa n’Urukiko guha Isiraheli amakuru yerekeye umuhanga mu bya nikeleyeri wishwe mu gitero cya Isiraheli cyo muri Kamena. Rouzbeh Vadi yishwe kuri uyu wa Gatatu nyuma
Uvira:imirwano yongeye kubura hagati y’igisirokare cy’u Burundi na FNL ndetse na Twirwaneho
Uvira imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’igisirikare cy’igihugu cy’u Burundi n’abarwanyi b’umutwe wa FNL urwanya ubutegetsi bwiki gihugu ukorera mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwiki gihugu. Ni imirwano yatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6Kamena 2025 mu bice bya Kiliba
SIDA yibasiriye igisirikare cy’u Burusiya cyiri mu ntambara muri Ukraine
Minisitiri y’Ingabo mu Burusiya avuga ko umubare w’abasirikare banduye indwara ya SIDA watumbagiye kuva muri Gashyantare 2022 ubwo batangiraga intambara muri Ukraine. Amakuru y’ubwiyongere bw’ubwandu bw’indwara ya SIDA mu basirikare b’u Burusiya yahishuwe n’urubuga Carnegie Politika nyuma yo gusesengura raporo ya Minisiteri y’Ingabo