Minembwe: Drone yarashe ku baturage, ibabuza kwibuka abiciwe mu Gatumba
Minembwe: Drone yarashe ku baturage, ibabuza kwibuka abiciwe mu Gatumba Minembwe, Kivu y’Amajyepfo; Ku wa 13 Kanama 2025, abaturage b’abanyamurenge bo mu gace ka Minembwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bateguraga umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 21 Jenoside yakorewe Abanyamurenge
Uganda: Iperereza ku bahoze mu gisirikare bakekwaho kwinjira mu ntambara yo muri Ukraine
Uganda: Iperereza ku bahoze mu gisirikare bakekwaho kwinjira mu ntambara yo muri Ukraine Inzego z’umutekano muri Uganda zatangije iperereza rikomeye nyuma y’aho hafatiwe abagabo icyenda (9) bahoze mu gisirikare cya Uganda, bakekwaho kugana muri Ukraine kugira ngo bafatanye mu ntambara ikomeje hagati y’iki
Goma :Abanyamulenge bibutse ku nshuro ya 21 bagenzi babo biciwe mu Burundi bazira ko ari Abatutsi
Kwibuka Jenoside yakorewe Abanyamulenge mu Gatumba mu gihugu cy’u Burundi ,Abanyamulenge baba hirya no hino ku Isi bibutse bagenzi babo bazize ubwicanyi bwabaye mu ijoro rya tariki ya 13 rishyira tariki ya 14 z’ukwezi kwa munani umwaka wa 2004,Abanyamulenge batuye mu mujyi wa
AFC/M23 yashyizeho Komisiyo yo gusubukura imirimo y’ubucamanza mu duce igenzura
AFC/M23 yashyizeho Komisiyo yo gusubukura imirimo y’ubucamanza mu duce igenzura Ku wa 12 Kanama 2025, Umuvugizi w’AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje icyemezo gifite nimero 022/COORDO/AFC-M23/2025, cyashyizeho komisiyo ishinzwe gutangiza no kugenzura inzira yo gusubukura imirimo y’ubutabera mu bice byafunguwe n’uyu mutwe wa gisirikare. Icyemezo
SEMATAMA YAMAGANYE ABANYAMURENGE BARI KUBYINA IGISIRIMBA MU GIHE ABABYEYI BABO BICIRWA MURI KONGO
SEMATAMA YAMAGANYE ABANYAMURENGE BARI KUBYINA IGISIRIMBA MU GIHE ABABYEYI BABO BICIRWA MURI KONGO Minembwe; Kuva intambara yongeye kubura mu misozi ya Kivu y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru, ubuzima bw’Abanyamurenge bukomeje kuba mu kangaratete. Ariko, mu cyumweru gishize, amagambo y’umuyobozi w’umutwe wa Twirwaneho, Sematama, yatumye havuka impaka
RDC:Umutwe wa m23 wamaganye ibikorwa bya Leta ya RDC bibangamiye agahenge
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko leta ya Kinshasa irimo gutegura intambara yeruye “nubwo bwose yasinye ku mahame yo kurangiza intambara”. Mu itangazo, umutwe wa M23 uvuga ko wabonye “ibikorwa byo kwegeranya ingabo n’ibikoresho” mu bice bitandukanye mu ntara za Kivu y’Epfo na Kivu
Umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Mulamba na Kaniola muri teritwari ya Walungu
Imirwano ikomemeye yiriwe hagati y’abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ,muri Teritwari ya Walungu na Shabunda aho iyi mirwano yasize umutwe wa m23 wigaruriye uduce tubiri muri izi teritwari zaombi. Amakuru yatangajwe na Sosiyete Sivile
AFC/M23 yamaganye icyaha cyo gukoresha abana mu ntambara
AFC/M23 yamaganye icyaha cyo gukoresha abana mu ntambara Mu itangazo ryasohotse ku rukuta rwa X (yahoze yitwa tweeter) ryasohowe na Lawrence Kanyuka, umuvugizi w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), ryamaganye bikomeye kandi ryerekana agahinda batewe n’uko ingabo zifatanyije zishamikiye kuri Leta ya Kinshasa
Sematama wa Twirwaneho yagize icyo atangaza ku masezerano ya Doha. Bikomeje kugorana
Sematama wa Twirwaneho yagize icyo atangaza ku masezerano ya Doha. Bikomeje kugorana Twebwe ntituri abasinye amasezerano ya Doha. Ayo masezerano ni hagati y’umutwe wa M23 n’ubutegetsi bwa RDC, ntabwo ari hagati na Twirwaneho,” uko byavuzwe na SAMATAMA, jenerali uyoboye umutwe w’inyeshyamba wa Twirwaneho,
Abanyamulenge bagiye kurega umutwe wa FDLR m’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC
Me Maingain yatangaje ko we na bagenzi be bafite ibimenyetso bigaragaza ubugizi bwa nabi bwa FDLR kandi ko bazabishyikiriza ICC Abanyamategeko bunganira Abanyamulenge, Abatutsi n’Abahema bakorewe ibyaha muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bateganya gushyikiriza urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) ibimenyetso bigaragaza ubugizi bwa