Drones zituruka i Bujumbura mu gitero cyahitanye abaturage i Kanyola na Nzimbira: Impungenge ku mutekano w’akarere
Drones zaturutse i Bujumbura mu gitero cyahitanye abaturage i Kanyola na Nzimbira: Impungenge ku mutekano w’akarere Ku Cyumweru, tariki ya 17 Kanama 2025, amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko ingabo za Leta ya Kinshasa, zifatanyije n’abambari bazo,
Imirwano ikaze yongeye kwaduka muri Kivu y’Amajyepfo: abaturage ba Nzimbira na Kanyola bari mu kangaratete
Imirwano ikaze yongeye kwaduka muri Kivu y’Amajyepfo: abaturage ba Nzimbira na Kanyola bari mu kangaratete Bukavu, kuwa 17 Kanama 2025; Amakuru aturuka mu bice bya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) n’abambari bazo bo mu
UMUNYAKOREYA YAKOZE IJISHO RY’IKORANABUHANGA RIRINDA IMPANUKA ZITERWA NO KURENGARIRA TELEFONI
UMUNYAKOREYA YAKOZE IJISHO RY’IKORANABUHANGA RIRINDA IMPANUKA ZITERWA NO KURENGARIRA TELEFONI Mu gihe abantu benshi ku isi basigaye bamara umwanya munini bareba mu matelefoni yabo aho kuba mu nzira, bishobora gutera impanuka, umunyakoreya witwa Paeng Min-wook, w’imyaka 28, yakoze agashya kitamenyerewe: ijisho ry’ikoranabuhanga rishobora
UBUHANGA BUSHYA BWO MU BUSHINWA: ROBOT ZISHOBORA GUTWITIRA UMUNTU
UBUHANGA BUSHYA BWO MU BUSHINWA: ROBOT ZISHOBORA GUTWITIRA UMUNTU Isi yose ikomeje gukurikirana amatsiko n’impungenge inkuru ivuga ko mu Bushinwa hari abashakashatsi bari gukora kuri robot idasanzwe izashobora gutwitira umuntu, kugeza umwana avutse. Ubu bushakashatsi bwatangajwe mu bitangazamakuru byo muri Aziya ndetse n’ibinyamakuru
RDC yikomye Perezida Ruto ku kugena uhagarariye Kenya i Goma: Impaka za dipolomasi n’isesengura ku mutekano w’akarere
RDC yikomye Perezida Ruto ku kugena uhagarariye Kenya i Goma: Impaka za dipolomasi n’isesengura ku mutekano w’akarere Ku wa 15 Kanama 2025, Perezida wa Kenya William Ruto yatangaje icyemezo gishya cyateye impaka mu karere kose: kugena Judy Kiaria Nkumiri nk’uhagarariye inyungu za Kenya
RDC: Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yatangaje ko ashobora kwinjira Kisangani niba M23 ifashe Uvira
RDC: Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yatangaje ko ashobora kwinjira Kisangani niba M23 ifashe Uvira Goma, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Kanama 2025; mu butumwa buteye impungenge ku mutekano mu burasirazuba bwa RDC, umuhungu wa Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni,
Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC
Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC Goma, DRC, Kanama 2025; Perezida wa Kenya, William Ruto, yamaze gushyiraho uhagararira inyungu z’igihugu i Goma, umujyi ukomeye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC). Madamu Judy Kiaria Nkumiri ni
Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza
Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza Mu ntangiriro z’iki cyumweru, intara zitandukanye z’Amajyepfo n’Amajyaruguru y’u Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kimwe n’igihugu cy’u Burundi, zakomeje kugaragaramo ibikorwa by’imirwano, ibikorwa bya politiki n’itabwa muri yombi ry’abasirikare bakuru, mu
Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore bgo baryamare
Iperereza rya gisirikare ryakozwe hagati ya Nyakanga 2022 kugeza mu mpera za 2024, ryagararaje dosiye 35 z’abasirikare b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore kugira ngo bakore imibonano mpuzabitsina. Ibyavuye mu iperereza byagaragaje ko nubwo hari itegeko ryashyizweho rigamije guca burundu ihohoterwa rishyingiye ku gitsina
Walikare umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Macumbi na Ngenge mu mirwano ikomeye
Walikare umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Macumbi na Ngenge mu mirwano ikomeye uyu mutwe wari uhanganyemo n’abarwanyi ba Wazalendo. Mu mirwano yatangiye kuwa kabiri tariki ya 12 Kanama 2025 ikagera kuwa kane yari ihanganishije abarwanyi ba m23 n’abarwanyi bashyigikiwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa