Urubanza rwa Joseph Kabila: Kwamburwa amazina, ubwenegihugu n’inkomoko i Kinshasa
Urubanza rwa Joseph Kabila: Kwamburwa amazina, ubwenegihugu n’inkomoko i Kinshasa Mu rukiko rukuru rwa gisirikare rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), urubanza rwa Joseph Kabila rwatangiye kugira umwihariko udasanzwe ubwo abanyamategeko baharanira inyungu z’igihugu basabye ko umuyobozi wigeze kuyobora RDC ahamwa ibyaha
Israel yatangiye ikimeze nk’imperuka kubatuye Gaza
Abaturage b’abanya-palestine batuye muri Gaza barimo guhunga urusaku rw’ibisasu bikomeye nyuma y’uko ingabo za Israel zitangiye icyiciro cya mbere cy’igitero karundura cyo ku butaka cyari kimaze igihe gitegurwa. Amakuru aturuka muri Gaza,ahatuwe n’abarenga miliyoni abapilote ndetse n’amasasu y’imbunda zikomeye. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye,Anto’nio
Intumwa ya Trump irasaba kuziba abatishimiye ibiganiro bya Amerika n’u Burusiya
Intumwa yihariye ya Trump, Keith kellogg, yavuze ko ibiganiro biherutse guhuriza Donald Trump na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, i Alaska muri Amerika ari intambwe ikomeye yagezweho igamije guhagarika intambara muri Ukraine, asaba abatabyishimiye “kuziba”. Ibiganiro by’imbonankubone bya Trump na Putin byakunze
Goma: Ubwato bwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubwitwa Mikeno
Goma: Ubwato bwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubwitwa Mikeno Mu ijoro ryakeye mu mujyi wa Goma, ubwato bwihuta cyane bwitwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubundi bwitwa Mikeno bwari bwarohamye mu kiyaga cya Kivu mu myaka ine ishize. Ibi byabaye mu gihe ubuyobozi bwa
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar Ibi byemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, nyuma yo kwakirwa i Kinshasa ku wa 19 Kanama 2025 na Perezida Tshisekedi. Uyu muyobozi w’Uburayi yagize ati: “Rwose Perezida Tshisekedi yampamirije ko inyandiko yateguwe
Ibitangaza mu mikino ya ‘Robot Olympics’ yabereye mu Bushinwa
Ibitangaza mu mikino ya ‘Robot Olympics’ yabereye mu Bushinwa Kuva ku wa Gatanu kugeza ku cyumweru gishize, mu murwa mukuru w’u Bushinwa habereye amarushanwa yiswe World Humanoid Robot Games, bamwe bakazita Olympics ya Robots, imikino yatumye amaso y’isi yose yibera i Beijing. Iri
Umwuka mubi watutumbye hagati ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa RD, Gen Evariste Kakule Somo, n’abadepite bo ku rwego rw’intara
Umwuka mubi watutumbye hagati ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Evariste Kakule Somo, n’abadepite bo ku rwego rw’intara, bapfa umushahara. Aba badepite tariki ya 15 Kanama 2025 banditse ibaruwa, bagaragaza ko abakozi bo muri iyi
AFC/M23 na Leta ya RDC bigiye kohereza intumwa muri Qatar
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya,bigiye kohereza intumwa muri Qatar kugira ngo zisuzume uko amahame yashyizweho umukono tariki ya 19 Nyakanga 2025 ari kubahirizwa. Umuyobozi wungirije wa AFC/M23, Bertrand bisimwa, yatangaje ko mu ngingo zizasuzumirwa muri Qatar zirimo ihagarikwa
Intambara ibera muri Gaza imaze guhitana abarenga ibihumbi 62
Intambara igiye ibiri ica ibintu mu gace ka Gaza imaze guhitana Abanya-Palestine barenga ibihumbi 62 mu gihe abarenga ibihumbi 120 bakomeretse. Nibura hrjuru ya 80% by’abapfuye muri iyi ntambara ni abasivire mu gihe hejuru ya 50% ari abakiri bato,bari munsi y’imyaka 24,bakiganzamo abana n’abagore.
Jamirah Namubiru, umukobwa ufite inkomoko mu Rwanda uri mu irushanwa rya Nyampinga wa Uganda 2026
Jamirah Namubiru, umukobwa ufite inkomoko mu Rwanda uri mu irushanwa rya Nyampinga wa Uganda 2026 Ku nshuro ya 26, igihugu cya Uganda kiri mu myiteguro y’irushanwa rikomeye rigamije guhitamo Nyampinga w’igihugu, rizwi nka Miss Uganda. Ni urubuga ruhuza abakobwa bafite impano, ubwenge, ikinyabupfura