Imodoka ebyiri zaturutse mu Burundi zahagaritswe n’abagize Wazalendo, biteza impagarara
Imodoka ebyiri zaturutse mu Burundi zahagaritswe n’abagize Wazalendo, biteza impagarara Kuwa mbere tariki ya 25 Kanama 2025, mu mujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, habaye akavuyo n’impagarara zatewe n’imodoka ebyiri zitwaye abagenzi ziturutse mu gihugu cy’u Burundi. Izi modoka zari
Perezida Kagame yahakanye kubivugwa kuri RDF bitari byiza
Perezida Paul Kagame yavuze ko Ingabo z’u Rwanda RDF zishinjwa ibikorwa by’ubwicanyi mu Burasirazuba bwa DRC, iyo ziza kuba ziriyo nk’uko bivugwa mu bitangazamakuru mpuzamahanga, zitari kubikora nk’uko zemeye guherekeza abacanshuro b’Abanyaburayi bagafashwa gusubira iwabo. Perezida Kagame akaba n’umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda,
Botswana iri mu bihe bidasanzwe kubera ibura ry’imiti n’ibikoresho byo kwa muganga
Perezida wa Botswana,Duma Boko, yatangaje ko igihugu kiri mu bihe bidasanzwe kubera ibura ry’imiti n’ibikoresho byo kwa muganga, bikiyongeraho ubukungu bw’igihugu bitishafe neza. Minisitiri w’Ubuzima muri Botswana, Dr. Stephen Modise yari aherutse gutangaza ko igihugu kiri mu bihe bigoye kubera ibura ry’imiti ya
AFC/M23 yatangaje ko FARDC, FDLR na Wazalendo byacengeye mu nkengero za Goma bigahitana abasivili
AFC/M23 yatangaje ko FARDC, FDLR na Wazalendo byacengeye mu nkengero za Goma bigahitana abasivili Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25 Kanama 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zifatanyije n’umutwe wa
Ingabo za RDC, FDLR na Wazalendo byacengeye Goma
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa 25 kanama 2025, ingabo z’iki gihugu, umutwe w’iterabwoba byacengeye mu bice birimo Goma. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yasobanuye ko abasirikare ba RDC n’aba barwanyi
Intambara ikomeje gufata indi ntera i Lubumba, abarwanyi bamwe bemeza ko batsinzwe bagasaba gufatanya n’AFC/M23/Twirwaneho
Intambara ikomeje gufata indi ntera i Lubumba, abarwanyi bamwe bemeza ko batsinzwe bagasaba gufatanya n’AFC/M23/Twirwaneho Sud-Kivu, tariki ya 23 Kanama 2025, amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, by’umwihariko mu gace ka Lubumba, yamenyekanye ku buryo bwihuse mu gitondo cyo
Minembwe umutwe wa m23 wafashe agace ka Lubumba bishyira Uvira mu kaga
Umutwe wa m23 uri mu Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa wigaruriye agace ka Lubumba bishyira umujyi wa Uvira mu kaga. umutwe wa m23 wigaruriye umudugudu wa Lubumba nyuma yuko abarwanyi b’uyu mutwe babashije kurenga umugezi wa Lushiji no kwirukana abarwanyi ba Wazalendo n’ingabo
Ambasaderi w’u Butaliyani ari mukaga kubera amagambo yavuzwe kuri Perezida Macron
U Bufaransa bwahamagaje Ambasaderi w’u Butaliyani muri iki guhugu, Emanuela D’Alessandro kugira ngo atange ibisobanuro ku byatangajwe na Minisitiri w’Intebe wungirije, Matteo Salvini kuri Perezida Emmanuel Macron. Macron aherutse gutangaza ko muri Ukraine hakenewe koherezwa ingabo nyinshi zo mu muryango w’ubumwe bw’u Burayi,
Leta y’u Burundi iravugwaho kubeshya imbonerakure zagiye kurwana muri Kongo
Leta y’u Burundi iravugwaho kubeshya imbonerakure zagiye kurwana muri Kongo Amakuru ava mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangajwe n’abanyamakuru n’abashakashatsi mu by’umutekano yagaragaje inkuru ikomeye: urubyiruko rwinshi rw’Imbonerakure rushamikiye ku ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi bw’u Burundi, ruvuga ko
ITANGAZO RYA BERTRAND BISIMWA: AFC/M23 YAMAGANYE AMASEZERANO YA DOHA YATEKEREJWE NA KINSHASA
ITANGAZO RYA BERTRAND BISIMWA: AFC/M23 YAMAGANYE AMASEZERANO YA DOHA YATEKEREJWE NA KINSHASA Ku wa 22 Kanama 2025, umutwe wa AFC/M23 watangaje ku mugaragaro ko utishimiye na busa amasezerano yiswe aya “Doha” yatekerejwe na Leta ya Kinshasa nk’umuti w’ibibazo bya politiki n’umutekano muri Repubulika