Leta ya RDC, FDLR na Wazalendo ni bo batwirutseho: ubuhamya bw’impunzi z’abanyekongo ziri mu nkambi ya Nkamira

Leta ya RDC, FDLR na Wazalendo ni bo batwirutseho: ubuhamya bw’impunzi z’abanyekongo ziri mu nkambi ya Nkamira

Aug 30, 2025

Leta ya RDC, FDLR na Wazalendo ni bo batwirutseho: ubuhamya bw’impunzi z’abanyekongo ziri mu nkambi ya Nkamira Inkambi y’agateganyo ya Nkamira, iri mu Karere ka Rubavu, yakomeje kuba ubuhungiro bw’ingenzi ku mpunzi z’Abanyekongo zahunze ubugizi bwa nabi bwibasiye uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi

Read More
Nyuma y’i Kinshasa, Kigali na Nkamira, Umukuru wa HCR ku isi yerekeje i Goma guhura n’abayobozi ba M23

Nyuma y’i Kinshasa, Kigali na Nkamira, Umukuru wa HCR ku isi yerekeje i Goma guhura n’abayobozi ba M23

Aug 30, 2025

Nyuma y’i Kinshasa, Kigali na Nkamira, Umukuru wa HCR ku isi yerekeje i Goma guhura n’abayobozi ba M23 29 Kanama 2025 Nyuma y’uruzinduko rwe muri Kinshasa aho yahuye na Perezida Félix Tshisekedi, no muri Kigali aho yaganiriye na Perezida Paul Kagame, ndetse no

Read More
Igisirikare cya Finlande kigiye gukura ikirango cy’Aba-Nazi ku birango byacyo

Igisirikare cya Finlande kigiye gukura ikirango cy’Aba-Nazi ku birango byacyo

Aug 29, 2025

Igisirikare cya Finlande kirwanira mu kirere kiri gutegura uburyo cyakura ikimenyetso kizwi nka ‘Swastika’ ku mpuzankano, amabendera no ku bindi birango byacyo nk’uburyo bwo kwitandukanya n’Aba-Nazi. Ni ikimenyetso mu myaka yo hambere cyubahwaga kigafatwa nk’icy’ubukire n’imibereho myiza ,amahoro n’amahirwe n’ibindi. Cyakoreshwaga mu myizerere

Read More
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo

Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo

Aug 29, 2025

Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo Uvira, Minembwe, Bukavu, kuwa 28 Kanama 2025; Umutekano wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo wongeye kujya mu icuraburindi, nyuma y’icyumweru cyuzuye imirwano ikomeye mu bice bitandukanye by’Intara ya

Read More
Baltasar Ebang uzwiho gusambana n’abagore 400 yakatiwe gufungwa imyaka umunani

Baltasar Ebang uzwiho gusambana n’abagore 400 yakatiwe gufungwa imyaka umunani

Aug 28, 2025

Baltasar Ebang Engong ukomoka muri Guine’e e’quatoriale, yahamijwe ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta no kugira uruhare mu byaha bya ruswa, ahanishwa gufungwa imyaka umunani n’ihazabu ya miliyoni 125,4 CFA [akabakaba miliyoni 320 Frw]. Balthasar wari umuyobozi w’ikigo cya Guine’e e’quatoriale gishinzwe gukora

Read More
Amerika yashiriyeho imisoro ibicuruzwa biva mu Buhinde yatangiye gushyirwa mu bikorwa

Amerika yashiriyeho imisoro ibicuruzwa biva mu Buhinde yatangiye gushyirwa mu bikorwa

Aug 28, 2025

Minisitiri w’U Buhinde, Narendra Modi, yasabye abaturange gushyira imbaraga mu kugura ibicuruzwa byakorewe imbere mu gihugu nyuma y’yuko imisoro iheruka gushyirwa ku bicuruzwa biva muri icyo gihugu bijya muri Amerika ingana na 50% itangiye gushyirwa mu bikorwa. Leta Zunze Ubumwe za Amerika zari

Read More
Uvira: Intambara y’abahoze bafatanyije urugamba yahindutse ikibazo gikomeye ku marembo y’u Burundi

Uvira: Intambara y’abahoze bafatanyije urugamba yahindutse ikibazo gikomeye ku marembo y’u Burundi

Aug 28, 2025

Uvira: Intambara y’abahoze bafatanyije urugamba yahindutse ikibazo gikomeye ku marembo y’u Burundi Mu birometero bike uvuye i Bujumbura, umurwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi, umujyi wa Uvira wa Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wongeye kwinjira mu bihe by’intambara itunguranye hagati y’ingabo

Read More
Umugabo w’imyaka 39 yahawe ibihaha by’ingurube, abimarana iminsi icyenda

Umugabo w’imyaka 39 yahawe ibihaha by’ingurube, abimarana iminsi icyenda

Aug 28, 2025

Umugabo w’imyaka 39 yahawe ibihaha by’ingurube, abimarana iminsi icyenda Mu gihugu cy’u Bushinwa, mu bitaro bya Guangzhou Medical University, habaye igikorwa cy’ubuvuzi kidasanzwe gisa n’igitangaje, aho umugabo w’imyaka 39 yahawe ibihaha by’ingurube, akabimarana iminsi icyenda mbere y’uko abaganga bafata umwanzuro wo kubimukuramo. Iki

Read More
Ikirego cy’ababyeyi ba Adam Rain kuri OpenAI: Ikibazo gishingiye ku bwenge buhangano bukomeje guca ibintu ku isi

Ikirego cy’ababyeyi ba Adam Rain kuri OpenAI: Ikibazo gishingiye ku bwenge buhangano bukomeje guca ibintu ku isi

Aug 27, 2025

Ikirego cy’ababyeyi ba Adam Rain kuri OpenAI: Ikibazo gishingiye ku bwenge buhangano bukomeje guca ibintu ku Isi Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 25 Kanama 2025, inkuru yagiye hanze yaturikije itangazamakuru ku Isi hose. Ababyeyi b’umwana w’imyaka 16 witwa Adam Rain

Read More
Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa: “Urwango rwamunze imitima y’abari ku butegetsi i Kinshasa”

Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa: “Urwango rwamunze imitima y’abari ku butegetsi i Kinshasa”

Aug 26, 2025

Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa: “Urwango rwamunze imitima y’abari ku butegetsi i Kinshasa” Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X (rizwi na benshi nka Twitter), Bertrand Bisimwa, umuyobozi ukomeye mu Ihuriro AFC/M23, yongeye kuvuga ku buryo ubutegetsi bwa Leta ya Félix Tshisekedi bwubatse urwango

Read More