UVIRA: WAZALENDO BAMAZE GUSHYIRAHO ABAYOBOZI BASHYA MU MUJYI RWAGATI
UVIRA: WAZALENDO BAMAZE GUSHYIRAHO ABAYOBOZI BASHYA MU MUJYI RWAGATI Uvira, umujyi ukomeye mu Buseruko bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ukomeje kuba ahantu h’inkundura hagati y’inyeshyamba za Wazalendo n’ingabo za leta (FARDC). Kuva tariki ya 1 Nzeri 2025, ibikorwa byo kurwanira uyu mujyi
Uvira hazindukiye imyigaragambyo ikaze yo kwamagana brig gen Gasita Olivier
Kuva taliki ya 1 Nzeri 2025, General Olivier Gasita Mukunda yagizwe Commandant wungirije wa gisirikare unshinzwe ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi mu gace ka 33 yoherezwa gukorera mu gace ka Uvira (Kivu y’Epfo). Icyo gihe, abayobozi b’imitwe ya Wazalendo (abasanzwe bafasha FARDC) bamwangiye ko
Ikibuga cy’Indege cya Bujumbura cyagabweho igitero kidasanzwe
Ikibuga cy’Indege cya Bujumbura cyagabweho igitero kidasanzwe Abantu bataramenyekana binjiriye mu ikoranabuhanga ry’indege, bikekwa ko ari M23 cyangwa aba hackers. Bujumbura, mu masaha y’ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru, hagati ya saa 10:04 na 10:31 pm, ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bujumbura
UVIRA: Inama yarangiye nta bwumvikane; Wazalendo bamaganye ubuyobozi bwa Gasita, bateguza gufunga imipaka n’umurwa wose
UVIRA: Inama yarangiye nta bwumvikane; Wazalendo bamaganye ubuyobozi bwa Gasita, bateguza gufunga imipaka n’umujyi wose. Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo; amakuru yizewe yaturutse mu mujyi wa Uvira, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), aravuga ko inama yabaye kuri iki
Nyamusaraba ari kumwe n’ingabo z’u Burundi nyinshi cyane mu kujya kurimbura abanyamurenge mu Minembwe
Nyamusaraba ari kumwe n’ingabo z’u Burundi nyinshi cyane mu kujya kurimbura abanyamurenge mu Minembwe Amakuru aturuka ahantu hizewe aravuga ko abasirikare babarirwa mu bihumbi bakomoka mu gihugu cy’u Burundi bamaze kugera muri ako gace. Abaturage n’abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko intego y’izo ngabo
Corneille Nangaa yatangije umwaka w’amashuri mu bice byose bigenzurwa na M23: Imirimo yose irakorwa, abakozi bahembwa n’ihuriro AFC/M23
Corneille Nangaa yatangije umwaka w’amashuri mu bice byose bigenzurwa na M23: Imirimo yose irakorwa, abakozi bahembwa n’ihuriro AFC/M23 Ku itariki ya 1 Nzeri 2025, Corneille Nangaa, uyoboye Ihuriro AFC/M23, yatangije ku mugaragaro umwaka w’amashuri mu turere twose tugenzurwa n’uyu mutwe. Ni intambwe ikomeye
Goma:Abanyekongo bazaganira Perezida Tshisekedi atagihari kuko ameze nka Yona/Corneille Naanga
Abanyekongo bazaganira Perezida Tshisekedi atagihari kuko ameze nka Yona aya ni amagambo yatangajwe n’umuhuzabikorwa w’Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa RDC (AFC/M23) Corneille Naanga Yobelua mu kiganiro iri huriro ryagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa mbere tariki ya 01 Nzeri 2025 mu mujyi wa Goma. Mu
UBURUSIYA MURI GAHUNDA YO GUKORA URUKINGO RWA SIDA
UBURUSIYA MURI GAHUNDA YO GUKORA URUKINGO RWA SIDA Ijwi ryaturutse i Moscow ryatumye amahanga yose atangira kongera kwiringira ko izabaho itekanye nta SIDA. Inzobere mu by’indwara z’ibyorezo zo mu kigo cy’ubushakashatsi cya Gamaleya (Gamaleya Research Institute of Epidemiology and Microbiology), izwi cyane kubera
UVIRA: UMUJYI WAHINDUTSE GEREZA KU BANYAMULENGE
UVIRA: UMUJI WAHINDUTSE GEREZA KU BANYAMULENGE Umujyi mu mwijima w’urwango Uvira, umujyi uri ku nkengero z’ikiyaga cya Tanganyika, ni umuyoboro ukomeye w’ubucuruzi n’ubuhahirane hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uburundi n’u Rwanda. Ariko uyu munsi, ishusho yawo ikomeje kugenda isobanurwa mu magambo