Fizi umusirikare mu gisirikare cya Fardc yishwe na bagenzi be bapfa umushahara we
Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yarashwe na bagenzi be ahita ahasiga ubuzima mu misozi ya teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko yarimo asaba umushara we. Uyu musirikare akaba yarishwe na bagenzi be mu ijoro ryaraye rikeye rishya
Mwenga:imitwe 15 na Wazalendo byasabye perezida Tshisekedi gusimbuza umuyobozi wabo
Imitwe 10 ya Wazalendo yo muri Mwenga na Shabunda yasabye Perezida Tshisekedi n’Umugaba Mukuru wa FARDC gusimbuza vuba Tshihutu Vela uyobora Regima ya 3306. Mu rwandiko rwasinywe n’iyo mitwe, bashinja uwo muyobozi ibyaha bitandukanye birimo kwiba intwaro . Tshihutu kandi ashinjwa gufatanya
Uko bibyutse byifashe muri RDC mu ntambara ya M23 na FARDC
Amakuru Avugwa kuri Point Zero mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe Kuri iki cyumweru AFC/M23/MRDP yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo FARDC yageneye ubutumwa bushaririye abasirikare bayo bafatiwe ku rugamba baheruka kwinjizwa muri AFC/M23 AFC/M23 yateguje FARDC ibikomeye nyuma y’ibitero by’indege
Mwenga:umutwe wa m23 wigaruriye agace ka Nzibira ukanyaze Wazalendo na Fardc
Abarwanyi b’umutwe wa m23 bigaruriye agace ka Nzibira kuri iki Cyumweru,tariki ya 21Nzeri 2025 mu mirwano ikaze yabashyamiranyije n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo n’igisirikare cya Leta ya Rdc (FARDC). Mu mirwano yatangiye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru yari ikomeye cyane,umutwe wa m23 waje
FARDC yageneye ubutumwa bukarishye abasirikare bayo bafatiwe ku rugamba baheruka kwinjizwa muri AFC/M23
FARDC yageneye ubutumwa bukarishye abasirikare bayo bafatiwe ku rugamba baheruka kwinjizwa muri AFC/M23 Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kibinyujije ku muvugizi wacyo, Major Gen Sylvain Ekenge, yasabye abasirikare babo bafatiwe ku rugamba mu ntambara ibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu, bakaba banaheruka
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi urateganya guha Ukraine amafaranga y’u Burusiya yafatiriwe
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi uteganya guha Ukraine amafaraga abarirwa muri miliyari 170 z’Amayero, y’u Burasiya yafatiriwe nyuma y’uko icyo gihugu gishoje intambara kuri Ukraine mu 2022. Ikinyamakuru Financial Times cyatangaje ko EU iteganya ko ayo mafaranga yakoreshwa mu gusubiranya Ukraine imaze kuba isibaniro
Amerika gushinja Israel jenoside, Algerie iyibutsa ko iri gukora amakosa nk’ayakorewe Abanyarwanda mu 1994
Ambasaderi wa Algerie mu Muryango w’Abibumbye, Amar Bendjama, yavuze ko.nihatagira icyo uyu muryango ukora ngo uhagarike ubwicanyi Israel iri gukora muri Gaza, uzisanga wakoze amakosa nk’ayo mu 1994 ubwo mu Rwanda habaga Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni ingingo Amar Bendjama yagarutseho ku wa 18
RDC intebe zasahuwe muri stade ya Martry i Kinshasa zatangiye kujyanwa ku isoko
Abafana b’ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bangije Stade des Martyrs i Kinshasa nyuma yo gutsindwa na Sénégal ibitego 3-2 mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi 2026, none intebe zasahuwemo zatangiye kugirishwa n’abanye-Congo. Ibikorwa byo kwangiza iyi Stade ndetse no
Masisi:umutwe wa m23 wigaruriye imidugudu ibiri mishya nyuma yo kwirukana Wazalendo
Umutwe wa m23 wigaruriye uduce tubiri muri teritwari ya Masisi aritwo Ndurumo na Kinyaonga. Imirwano ikaze yashyamiranyije umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo guhera ku Cyumweru cyashize tariki ya 14 Nzeri 2025 nibwo abarwanyi ba Wazalendo bagabweho ibitero n’abarwanyi bo mu mutwe wa
Burundi:Niyonkuru Dieudonne alias Rabin impunzi yabaga mu Rwanda yashimuswe n’inzego z’iperereza z’u Burundi
Dieudonné Niyukuri Alias Rabin na bagenzi be bane barashimuswe n’iperereza ry’Uburundi kuva tariki ya 28.8.2025 umurundi uzwi cyne kuri chaîne ya YouTube mu Rwanda yitwa Bwiza Tv azwi kw’izina rya Rabin, amaze imisi 19 mu iperereza ry’Uburundi (SNR). Amazina yiwe y’ukuri ni Dieudonné