Albania Robot yagizwe minisitiri yateje impaka mu nteko ishinga amategeko
Albania Robot yagizwe minisitiri yateje impaka mu nteko ishinga amategeko Albania impaka k’ubwenge bw’ubukorano (AI) bwagizwe minisitiri wo kurwanya ruswa Albania yongeye kuba ku isonga mu bikorwa bishya bya politiki n’ikoranabuhanga nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe, Edi Rama, atangaje ku wa 14 Nzeri 2025
Imirwano ikaze yadutse i Nyabikere hagati ya Wazalendo na m23
Imirwano ikaze yadutse kuri uyu wa kabiri tariki 23 Nzeri i Nyabikere, mu chefferie ya Bashali, mu karere ka Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru aturuka mu baturage abivuga, iyi mirwano yatangiye ahagana saa mbiri za mu gitondo, ihuza abarwanyi ba
Perezida Paul Kagame yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ku wa Kabiri tariki 23 Nzeri 2025, yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byanditse kuri X ko yakiriwe na Perezida Abdel Fattah Al-Sisi wa Misiri mu Ngoro ya Ittihadiya. Biti “Aho abakuru
UMUDUGUDU WASENYWE NA WAZALENDO
UMUDUGUDU WASENYWE NA WAZALENDO Ku Cyumweru, tariki ya 21 Nzeri 2025, mu karere ka Walikale mu ntara ya Nord-Kivu, hamenyekanye inkuru y’akababaro yashegeshe abaturage benshi. Umudugudu wa Lukoma, uri hagati ya Kikamata 1 na Buhendje, mu gace ka Luberike, wibasiwe bikomeye n’imitwe yitwaje
YIRUKANYWE MU NAMA YA TSHISEKEDI MURI ÉTATS-UNIS KUBERA KO ASA NA MAKENGA
YIRUKANYWE MU NAMA YA TSHISEKEDI MURI ÉTATS-UNIS KUBERA KO ASA NA MAKENGA Ku italiki ya 21 Nzeri 2025, mu mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habaye inkuru yasize benshi bacecetse ariko n’abandi ibashyira mu kantu. Umusore w’umunyekongo witwa Tshidingi
Ubuyobozi bukuru bw’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) bwateraniye mu Mujyi wa Goma mu nama idasanzwe igamije kungurana ibitekerezo
Ubuyobozi bukuru bw’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) bwateraniye mu Mujyi wa Goma mu nama idasanzwe igamije kungurana ibitekerezo ku buryo bushya bwo kuyobora Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu butumwa yashyize kuri X ku wa 22 Nzeri 2025, Umuvugizi wa Politiki wa
Uwahoze ari perezida yarezwe ibyaha byibasiye inyokomuntu muri icc
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwareze Rodrigo Duterte, wahoze ari Perezida wa Philippines, w’imyaka 80, ibyaha byibasiye inyokomuntu. Duterte ashinjwa impfu z’abantu benshi mu ntambara ye yo kurwanya ibiyobyabwenge, aho abarenga ibihumbi bishwe nta manza baciriwe. Umushinjacyaha wungirije wa ICC, Mame Mandiaye Niang, yavuze
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi Nkingi, yeguye kuri uwo mwanya
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi Nkingi, yeguye kuri uwo mwanya. Kamerhe ku wa 22 Nzeri 2025, mu ibaruwa yishyiriyeho umukono, yavuze ko yeguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite. ariko siwe gusa weguye
Perezida Donald Trump narangiza ikibazo cy’umutekano mukeya mu gihugu nyobora nzamutorera kubona Prix Nobel/Perezida Tshisekedi
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze ko Donald Trump, narangiza ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka irenga 30 mu Burasirazuba bw’igihugu cye, azaba mu ba mbere bazashyigikira ko ahabwa igihembo cy’abaharaniye amahoro kizwi nka ‘Prix Nobel’. Ni ingingo Tshisekedi
Hamenyekanye impamvu yajyanye Perezida Tshisekedi muri Afurika Y’Epfo igitaraganya
Hamenyekanye amakuru yajyanye Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Thisekedi, m’ uruzinduko i Pretoria muri Africa y’Epfo, amakuru avuga ko yaruhuriyemo na Joseph Kabila yasimbuye ku buyobozi baganira ku busabe bwa perezida wa Africa y’Epfo, Cyril Ramaphosa nawe akaba yari yabisabwe