Uvira: Wazalendo na FARDC mu mirwano yabaye hagati yabo, ubu bararebana ay’ingwe
Uvira: Wazalendo na FARDC mu mirwano yabaye hagati yabo, ubu bararebana ay’ingwe Umujyi wa Uvira n’icyaro cyawo byongera kuba indiri y’amarira n’amaraso nyuma y’imirwano ikomeye yahuje imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC). Nyuma y’amasasu yamaze amasaha ane ku
Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa
Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, 28 Nzeri 2025 Hari igihe amakimbirane y’imitwe yitwaje intwaro arushaho kugaragaza ko ubuzima bw’umuntu bushobora kugurwa n’ubusa. Mu mujyi wa Uvira, mu Burasirazuba bwa Kivu, haturutse inkuru idasanzwe ishimangira
Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai
Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai Umugabo w’Umunya-Uganda witwa Charles Mwesigwa, uzwi ku izina rya Abbey, wamamaye mu makuru y’ubugenzuzi yakozwe n’ikinyamakuru BBC cyamushinje uruhare mu icuruzwa
Ikigo FBI gishinzwe iperereza ryo hagati mu gihugu muri Amerika cyirukanye abakozi bacyo bafashwe amashusho bapfukamye muri cya gihe cy’imyigaragambyo yo kwamagana ivanguraruhu
Ikigo FBI gishinzwe iperereza ryo hagati mu gihugu muri Amerika cyirukanye abakozi bacyo bafashwe amashusho bapfukamye muri cya gihe cy’imyiyerekano yo kwiyamiriza ivanguraruhu yateguwe inyuma y’urupfu rwa wa mwirabure George Floyd, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru vya Amerika bisubiramwo amasoko atavuzwe amazina. Bivugwa ko aba
Amerika yatangaje ko igiye kwambura visa, Perezida wa Colombia Gustavo Petro
Amerika yatangaje ko igiye kwambura visa, Perezida wa Colombia, Gustavo Petro nyuma y’imyitwarire idakwitse ndetse iteza ibyago yo gutiza umurindi abigaragambya mu Mujyi wa New York. Gustavo Petro yabonywe hanze y’Icyicaro Gikuru cya Loni i New York akoresha indangururamajwi ari kuganiriza abantu bashyigikiye
Ethiopia yasinye amasezerano y’amateka na Leta y’Uburusiya agamije kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri
Ethiopia yasinye amasezerano y’amateka na Leta y’Uburusiya agamije kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed ku wa 25 Nzeri 2025. Yavuze ko aya masezerano ari ingenzi mu guharanira umutekano w’ingufu z’igihe kirekire no kugera ku ntego z’iterambere
Walikare umutwe wa m23 ukomeje kongera abarwanyi mu bice byinshi
Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kongera ingabo mu bice bitandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo by’umwihariko muri teritwari ya Walikale, mu gace ka Ihula muri gurupoma ya Kisimba, mu rwego rwo kwitegura kurinda abaturage cyane ko ibitero by’Ingabo za RDC n’abo
Ubuholande bwatangye gahunda yo kohereza abimukira muri Uganda
Leta y’u Buholandi igeze kure gahunda yo kohereza abimukira muri Uganda, nyuma y’uko impande zombi zikomeje ibiganiro mu rwego rwo kugera ku masezerano yemeranyijweho. Amakuru avuga ko u Buholandi bumaze igihe mu biganiro na Uganda. Abimukira bazoherezwa muri Uganda ni abazaba bimwe ibyangombwa
Umuyobozi w’Umujyi wa Londres Sadiq Khan yasubije Perezida Donald Trump
Umuyobozi w’Umujyi wa Londres, Sadiq Khan, yasubije Perezida Donald Trump, nyuma y’uko amwise umuyobozi mubi, avuga ko uyu mugabo uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika agira ivangura. Mu butumwa Perezida Trump aherutse gutangira mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye (UN), yagaragaje ko afite impungenge ko
URUKIKO MU BUFARANSA RWAHAMIJE NICOLAS SARKOZY ICYAHA CYO GUHABWA AMAFARANGA NA GADDAFI, RUMUKATIRA IMYAKA ITANU Y’IGIFUNGO
URUKIKO MU BUFARANSA RWAHAMIJE NICOLAS SARKOZY ICYAHA CYO GUHABWA AMAFARANGA NA GADDAFI, RUMUKATIRA IMYAKA ITANU Y’IGIFUNGO Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa rwafashe icyemezo cy’amateka ku wa 25 Nzeri 2025, ruhanisha uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Nicolas Sarkozy, igihano cyo gufungwa imyaka itanu ndetse