Uganda:Minisitiri w’intebe yakuriye inzira ku murima abavuga ko nyuma y’amatora hazaba impinduka
Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Robinah Nabbanja, yahaye urwamenyo, Abanya-Uganda biteze impinduka nyuma y’amatora ateganyijwe mu mwaka utaha. Amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda ateganyijwe muri Mutarama 2026. Bamwe mu butavuga rumwe na Perezida Yoweri Museveni, bifuza ko habaho impinduka, hakaza undi usimbura uyu umaze
Afc/m23 yahishuye icyabateye gufata agace ka Nzibira
Igisirikare cya RDC aricyo cya FARDC giherutse kwamburwa agace ka Nzibira kifashishwaga mukugaba ibitero kwihuriro rya AFC/M23 rirwanaya ubutegetsi bwa Kinshasa mukiganiro Umugaba Mukuru wungirije w’ingabo z’umutwe wa AFC/M23, Général de Brigade Bernard Maheshe Byamungu, yasobanuye ko uyu mutwe wahisemo kwigarurira umujyi muto
Jacquemain Shabani Lukoo Bihango, yemeje ku mugaragaro ko RDC yamaze kwakira abacanshuro bo mu mutwe w’abanyamerika wa Blackwater.
Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani Lukoo Bihango, yemeje ku mugaragaro ko iki gihugu cyamaze kwakira abacanshuro bo mu mutwe w’abanyamerika wa Blackwater. Uyu mugabo yabitangarije mu butumwa busa n’ubujimije yanditse ku rubuga rwe rwa X. Ubutumwa ‘Black
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko gukoresha abacancuro binyuranya n’amahame mpuzamahanga
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rudakwiye kongera gusabwa guha inzira abacanshuro bakoreshwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe batsindwa n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23. Tariki ya 29 Mutarama 2025, M23 yohereje abacanshuro
UVIRA HONGEYE KURASIRWA ABATURAGE
Umugore n’umugabo basanzwe biciwe mu rugo rwabo muri Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.Umugabo uri mu kigero cy’imyaka iri hejuru ya 60, n’umudamu we uri muri 43 bo mu bwoko bw’Abavira, baraye bishwe barashwe n’abarwanyi bo mu ihuriro ryimitwe ya Wazalendo, basanzwe baterwa inkunga n’ubutegetsi
Indege za Fardc zatangiye kurasa ibiraro bihuza ibice bigenzurwa na m23 nibigenzurwa na leta ya Rdc
Ingabo za RDC zarashe ikiraro kiri muri teritwari ya Walikare mu gace ka Mpeti zigaragaza ko zigamije gufunga inzira M23 ishobora kunyuramo yagura ibirindiro cyane ko ngo imaze iminsi yongera abarwanyi mu bice byegeranye na Mpeti. Umuvugizi w’ihuriro AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko
Perezida Félix Tshisekedi, yafashe icyemezo gikarishye cyo kurunda ingabo mu mihanda y’umurwa mukuru Kinshasa mu guhangana n’umubyigano w’imodoka
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku itegeko rya Perezida Félix Tshisekedi, yafashe icyemezo gikarishye cyo kurunda ingabo mu mihanda y’umurwa mukuru Kinshasa mu guhangana n’umubyigano w’imodoka. Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 29 Nzeri 2025, umujyi wa
Uganda:Umunyamakuru ari mukaga gakomeye kuko ashinjwa kubeshya Perezida Museveni
Umunyamakuru David Mwesigwa wa Galaxy TV muri Uganda ari mu kaga gakomeye nyuma y’aho mu cyumweru gishize agejeje kuri Perezida Yoweri Kaguta Museveni ikibazo cy’ibitaro bititaweho mu karere ka Mukono na Kayunga. Tariki ya 23 Nzeri 2025, Perezida Museveni yahaye abanyamakuru umwanya wo
Abongereza ntibemeranya n’ibyo gushyingiranwa kw’ababyara
Abongereza banenze Ikigo cy’Ubuzima cyo mu Bwongereza (NHS), cyavuze ko ntacyo bitwaye kuba umuntu yashyingiranwa na mubyara we. NHS iherutse kugaragaza ko ibibazo bishobora kuba ku muntu ushyingiranwa na mubyara we, bisa n’ibyo umuntu yagira yarabyaye akuze cyangwa umuntu unywa itabi n’inzoga kandi atwite.
Imirwano: AFC/M23 yerekeje amaso ku mijyi ya Uvira na Kisangani
Imirwano: AFC/M23 yerekeje amaso ku mijyi ya Uvira na Kisangani Mu nama yabereye imbere ya Hotel La Trinité mu mujyi wa Nzibira, umuyobozi wungirije w’abarwanyi ba M23, Brig. Gen. Bernard Byamungu, yasobanuye impamvu n’intego ya M23: abo barwanyi bavugaga ko barengera abaturage bagahagarika