CNDD-FDD iri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda

CNDD-FDD iri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda

Oct 2, 2025

CNDD-FDD iri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda Mu minsi ya vuba, ubutumwa bwa Citizen of Africa kuri Twitter bwatangaje ko hari amakuru yihutirwa asaba abaturage kwitonda: ko umutwe wa CNDD-FDD uri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda, ko mu gace ka Mabayi ku mupaka

Read More
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye ihagaritse ibikorwa bimwe na bimwe

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye ihagaritse ibikorwa bimwe na bimwe

Oct 2, 2025

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye ihagaritse ibikorwa bimwe na bimwe, nyuma yo kutumvikana kw’abagize Sena ku mushinga w’ingengo y’imari nshya. Kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Ukwakira 2025 nibwo Guverinoma ya Amerika yafashe umwanzuro wo kwinjira muri ibi bihe bidasanzwe,

Read More
umutingito uri ku gipimo cya 6.9 wibasiye Igihugu cya Phillipines

umutingito uri ku gipimo cya 6.9 wibasiye Igihugu cya Phillipines

Oct 2, 2025

umutingito uri ku gipimo cya 6.9 wibasiye Igihugu cya Phillipines wica abantu 69, ukomeretse abarenga 150, mu gihe abandi benshi bagishakishwa. Uyu mutingito wibasiye Amajyepfo ya Phillipines mu Ntara ya Cebu mu masaha y’ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki 30 Nzeri 2025. Inzego

Read More
Itsinda ry’Intumwa z’u Rwanda n’iry’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za America

Itsinda ry’Intumwa z’u Rwanda n’iry’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za America

Oct 2, 2025

Itsinda ry’Intumwa z’u Rwanda n’iry’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za America mu biganiro bya nyuma bigamije imikoranire mu by’ubukungu. Byatangajwe na Massad Boulos, Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bijyanye na Afurika, mu butumwa yatanze mu

Read More
Abanyekongo benshi batuye mu duce dutandukanye two mu murwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi barimo guhigwa bukware n’abapolisi b’iki gihugu.

Abanyekongo benshi batuye mu duce dutandukanye two mu murwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi barimo guhigwa bukware n’abapolisi b’iki gihugu.

Oct 2, 2025

Kuva ku wa Gatanu ushize, Abanyekongo benshi batuye mu duce dutandukanye two mu murwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi barimo guhigwa bukware n’abapolisi b’iki gihugu. Igikorwa giheruka, cyabaye mu gitondo cyo kuwa Mbere ushize mu gace ka Cibitoke, cyateye ubwoba kandi gitera abaturage b’Abanyekongo

Read More
Umunyarwanda wari usanzwe ari rwiyemezamirimo yaguye muri RDC

Umunyarwanda wari usanzwe ari rwiyemezamirimo yaguye muri RDC

Oct 2, 2025

Umunyarwanda Rutayisire Vianney wari usanzwe ari rwiyemezamirimo, biravugwa yapfiriye mu maboko y’Urwego Rushinzwe Ubutasi bwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DEMIAP). Mu Ugushyingo 2022 ni bwo Rutayisire yari yatawe muri yombi n’inzego z’ubutasi za RDC zimujyana i Kinshasa zimushinja gukorana n’umutwe

Read More
Ingabo zifasha fardc kurwanya afc/m23 zarahiriye kwisubiza Nzibira ku mbaraga

Ingabo zifasha fardc kurwanya afc/m23 zarahiriye kwisubiza Nzibira ku mbaraga

Oct 2, 2025

Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’abarwanyi b’imitwe yitwara gisirikare ya Wazalendo, batangije ibitero byiswe ibyo kwisubiza umujyi muto wa Nzibira wigaruriwe na AFC/M23. Iri huriro ryatangije ibi bitero ku wa Mbere tariki ya 30 Nzeri, nyuma y’icyumweru

Read More
Uburundi bukomeje kwica abanyagihugu babwo, ese koko Rabin aracyariho, cyangwa se amarenga y’uko yishwe ni ukuri?

Uburundi bukomeje kwica abanyagihugu babwo, ese koko Rabin aracyariho, cyangwa se amarenga y’uko yishwe ni ukuri?

Oct 1, 2025

Uburundi bukomeje kwica abanyagihugu babwo, ese koko Rabin aracyariho, cyangwa se amarenga y’uko yishwe ni ukuri? Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi akomeje kuzamura impungenge zikomeye mu baturage ndetse no mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu. Nyuma y’igihe kitari gito umusesenguzi wari warahungiye

Read More
Afc/m23 yatangiye kwikangwa mu mujyi wa Kisangani

Afc/m23 yatangiye kwikangwa mu mujyi wa Kisangani

Oct 1, 2025

Mu mujyi wa Kisangani ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Tshopo, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangiye gukangurira abawuturiye kwitandukanya n’icyengezamatwara ry’ihuriro rya AFC/M23/MRDP rirwanya ubutegetsi bw’iki gihugu cyabo. Umwe mubayobozi ba FARDC, witwa General Batambombi ushyinzwe gukangurira abantu gukunda

Read More
Perezida Ndayishimiye akomeje kuroha u Burundi mu makuba biciye mu ntambara irikubera muri  Congo.

Perezida Ndayishimiye akomeje kuroha u Burundi mu makuba biciye mu ntambara irikubera muri Congo.

Sep 30, 2025

Perezida Ndayishimiye akomeje kuroha u Burundi mu makuba biciye mu ntambara irikubera muri  Congo.Ndayishimiye yoherezaga ingabo z’u Burundi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  ubuyobozibwe yavuze ko ari igikorwa kigamije guca umubano n’ u Burundi Wazalendo ndetse FRDC n’indi mitwe irimo

Read More