Umutwe wa Hamas wahakanye ibyo gushyira intwaro hasi nkuko USA yari yabiwusabye
Umutwe wa Hamas, ku Cyumweru wahakanye amakuru yanyuze mu binyamakuru avuga ko witeguye gushyira intwaro mu maboko y’inzego mpuzamahanga, mu kubahiriza gahunda y’amahoro ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, igamije guhagarika intambara. Amakuru yari yatangajwe mu gitondo cy’uwo Munsi
Ibiganiro bihuza AFC/M23 na leta ya Kinshasa bibera i Doha bigiye kongera gusubukurwa
Intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’iz’ihuriro rya AFC/M23 riburwanya zirasubukura ibiganiro i Doha muri Qatar, hagamijwe kunoza gahunda yo guhererekanya imfungwa. Isubukurwa ry’ibi biganiro ryavuzwe mu itangazo rihuriweho ryasohowe n’Urwego rw’Ububanyi n’Amahanga rwa Leta zunze Ubumwe bwa Amerika. Ni nyuma
Imiryango ikabakaba ijana y’Abarundi muri komine Cibitoki yirukanywe mu byabo iranasenyerwa
Imiryango ikabakaba ijana y’Abarundi, muri komine Cibitoki yirukanywe mu byabo iranasenyerwa, izira ko yoba igirana ubucuti n’umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Iki gikorwa cyo gusenyera Abarundi, bivugwa ko cyatangiye gukorwa n’imbonerakure mu mpera z’ukwezi gushize
Minisitiri Nduhungirehe Olivier yavuguruje ibyatangajwe na leta ya Perezida Tshisekedi
Itsinda z’u Rwanda n’iza RDC zahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugira ngo zigirane ibiganiro bya nyuma ku mushinga w’amasezerano y’ubufatanye mu bukungu wateguwe muri Nzeri. Ku wa 3 Ukwakira zari gusinya amasezerano ariko ntibyabaye. Minisitiri Nduhungirehe yasobanuye ko intumwa z’u Rwanda
Umutwe wa Hamas watangaje ko wemeye kurekura imfungwa zose z’Abanya-Israel zaba iziriho cyangwa izapfuye
Umutwe wa Hamas watangaje ko wemeye kurekura imfungwa zose z’Abanya-Israel zaba iziriho cyangwa izapfuye. Ni icyemezo Hamas yatangaje mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 3 Ukwakira 2025, nyuma y’amasaha make Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ayibwiye ko igomba kugera ku
Perezida Tshisekedi yigometse kuri leta Zunze Ubumwe za Amerika
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 3 Ukwakira 2025 bwigometse kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwanga kugirana n’u Rwanda amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu. Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC tariki ya 1 Ukwakira zatangiye ibiganiro bya nyuma ku mushinga w’ubufatanye
Afc/m23 yigaruriye imidugudu 8 mishya muri teritwari ya Masisi
Ihuriro rya AFC/M23 ryigaryriye imidugudu umunani muri teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,ni imidugudu yigarruriwe nyuma y’imirwano ikaze yahuje Wazalendo na m23. Imidugudu yigaruriye na m23 ni Mafuo,Biholo,Shoa,Bwambaliro,Busoro,Kinyeere,Buroro na Ngesha. ihuriro rya AFC/M23 rimaze iminsi rihanganye n’ibitero bya leta ya Kinshasa
Gen. Byamungu, Lt. Col Willy Ngoma, François Kazarama, Ibrahim Makenga, Col. Jimmy Nzamuye, Manzi, bari mu bo Gen. Makenga yafunze mu bihe bitandukanye
Gen. Byamungu, Lt. Col Willy Ngoma, François Kazarama, Ibrahim Makenga, Col. Jimmy Nzamuye, Manzi, bari mu bo Gen. Makenga yafunze mu bihe bitandukanye Mu mitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubuzima bw’abasirikare bakuru akenshi buba bukurikiranirwa hafi n’abantu benshi
Umutwe wa AFC/M23 wafashe icyemezo cy’uko nta munyamahanga utunze viza yatanzwe na Leta ya Rdc uzongera kwemererwa kwinjira mu duce ugenzura
Umutwe wa AFC/M23 wafashe icyemezo cy’uko nta munyamahanga utunze viza yatanzwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uzongera kwemererwa kwinjira mu duce ugenzura. Ni icyemezo ubuyobozi bw’uyu mutwe bwafashe, nyuma y’uko Kinshasa na yo yafashe icy’uko nta muntu uturutse mu duce
Perezida Tshisekedi yatangiye gushimira Ababiligi atitaye ku macakubiri babasigiye
Ku wa 01 Ukwakira 2025, muri salle ya banquet y’Ambasade ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Bruxelles mu Bubiligi, Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yahaye ishimwe rikomeye Patrick Boenders, umupolisi w’Umubiligi ugiye mu kiruhuko cy’iza bukuru, azwi cyane ku izina rya “Monsieur