Général Bunyoni yinjijwe ibitaro bikuru bya Gitega arinzwe cyane n’igisirikare cy’u Burundi
Radio RPA ikorera mu gihugu cy’u Burundi kuri murandasi kuko yahagaritswe mu mwaka wa 2015 yatangaje ko Bunyoni yajyanywe mu bitaro uno munsi saa tanu n’igice. Iyi Radio ivuga ko yagiye aherekejwe n’imodoka umunani, zirimwo iz’abakozi b’iperereza, abashinzwe umutekano n’abacunga ibiro by’umukuru
Perezida Ndayishimiye Evariste yabwiye abaturage ko igihugu kidafite ubushobozi bwo gutunganya amabuye y’agaciro
Perezida Evariste Ndayishimiye ku wa 7 Ukwakira 2025 yohereje mu mahanga toni 260 z’amabuye y’agaciro, amenyesha Abarundi ko azagurishwa ku mafaranga make kubera ko nta mashini bafite yo kuyatunganya. Aya mabuye amaze amezi abiri acukurwa n’urubyiruko ruri muri gahunda yo gufashwa kubona imirimo
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yahaye ikaze abanyamuryango bo mu bihugu 93 bazitabira inama ya 46 y’Umuryango w’Ibihugu Bivuga ururimi rw’Igifaransa (OIF) mu Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yahaye ikaze abanyamuryango bo mu bihugu 93 bazitabira inama ya 46 y’Umuryango w’Ibihugu Bivuga ururimi rw’Igifaransa (OIF) mu Rwanda. Iyi nama izabera i Kigali mu Rwanda kuva tariki ya 19 kugeza ku wa 21 Ugushyingo
Guhora mwegeka ibibazo byanyu ku Rwanda mukirengagiza kubishakira umuti urambye sicyo kizatuma bikemuka
Ambasaderi Urujeni Bakuramutsa uhagarariye u Rwanda muri Loni no mu yindi miryango mpuzamahanga iherereye i Genève mu Busuwisi, yavuze ko kuba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihora yegeka ibibazo byayo ku Rwanda ikirengagiza umuzi nyawo w’ibibazo by’umutekano muke muri icyo gihugu,
Cholera i Bujumbura: abaturage babujijwe guhana ibiganza mu kuramukanya
Cholera i Bujumbura: abaturage babujijwe guhana ibiganza mu kuramukanya Bujumbura, umwuka utari usanzwe mu mujyi mukuru w’ubukungu w’u Burundi, aho indwara ya Cholera yongeye gutera inkeke ku buryo abayobozi bafashe ingamba zikomeye, zirimo kubuza abaturage guhana amaboko mu kuramukanya, guca ku mihanda batwaye
Kinshasa: Kiliziya Gatolika yamaganye igihano cy’urupfu Kabila yakatiwe
Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye igihano cy’urupfu Urukiko Rukuru rw’Igisirikare rwa Kinshasa, rwakatiye Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019. Tariki ya 30 Nzeri 2025 ni bwo uru rukiko rwakatiye Kabila igihano cy’urupfu, nyuma yo
Abepisikopi ba Kiliziya Gatolika bamaganye igihano cy’urupfu RDC yakatiwe Joseph Kabila wari perezida wiki gihugu. Nyuma y’uko Joseph Kabila akatiwe n’igisirikare cya RDC igihano cy’urupfu, Abepisikopi ba Kiliziya Gatolika bamaganye uwo mwanzuro mu gihe Kabila we yamaze kwinjira ku mugaragaro muri M23 ngo
Ingabo za Uganda n’iza Somalia zafashe agace kari mu maboko ya Al-Shabaab
Ingabo za Uganda n’Iza Somalia ziri mu butumwa bw’amahoro muri Somalia zisubije agace ka Awdheegle gaherereye mu majyepfo y’iki gihugu kari karigaruriwe n’umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabaab. Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko abasirikare bacyo ku bufatanye n’aba Somalia, bafashe Awdheegle ku wa 5 Ukwakira
Sebastien Lecornu wari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa yeguye mu nshingano ze
Sebastien Lecornu wari Minisitiri mushya w’Intebe w’u Bufaransa yeguye mu nshingano ze nyuma y’iminsi 27 mu nshingano.Byasobanuye ko Lecornu yatanze ubwegure mu gitondo cyo kui uyu wa 6 ukwakira 2025, kandi ko umukuru W’Igihugu, Emmanuel Macron, yabwemeye. Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa, byatangaje
Nta musirikare ukwiye kurangwa na ruswa n’ivangura /Gen Makenga Sultan
Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo watangaje ko wungutse abarwanyi kabuhariwe bashya 9350 bamaze amezi bitoreza mu kigo cya gisirikare cya Tshanzu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuhango wo kubinjiza mu gisirikare wayobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo