Général Bunyoni yinjijwe ibitaro bikuru bya Gitega arinzwe cyane n’igisirikare cy’u Burundi

Général Bunyoni yinjijwe ibitaro bikuru bya Gitega arinzwe cyane n’igisirikare cy’u Burundi

Oct 10, 2025

  Radio RPA ikorera mu gihugu cy’u Burundi kuri murandasi kuko yahagaritswe mu mwaka wa 2015  yatangaje ko Bunyoni yajyanywe mu bitaro uno munsi  saa tanu n’igice. Iyi Radio ivuga ko  yagiye aherekejwe n’imodoka umunani, zirimwo iz’abakozi b’iperereza, abashinzwe umutekano n’abacunga ibiro by’umukuru

Read More
Perezida Ndayishimiye Evariste yabwiye abaturage ko igihugu kidafite ubushobozi bwo gutunganya amabuye y’agaciro

Perezida Ndayishimiye Evariste yabwiye abaturage ko igihugu kidafite ubushobozi bwo gutunganya amabuye y’agaciro

Oct 9, 2025

Perezida Evariste Ndayishimiye ku wa 7 Ukwakira 2025 yohereje mu mahanga toni 260 z’amabuye y’agaciro, amenyesha Abarundi ko azagurishwa ku mafaranga make kubera ko nta mashini bafite yo kuyatunganya. Aya mabuye amaze amezi abiri acukurwa n’urubyiruko ruri muri gahunda yo gufashwa kubona imirimo

Read More
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yahaye ikaze abanyamuryango bo mu bihugu 93 bazitabira inama ya 46 y’Umuryango w’Ibihugu Bivuga ururimi rw’Igifaransa (OIF) mu Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yahaye ikaze abanyamuryango bo mu bihugu 93 bazitabira inama ya 46 y’Umuryango w’Ibihugu Bivuga ururimi rw’Igifaransa (OIF) mu Rwanda

Oct 9, 2025

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yahaye ikaze abanyamuryango bo mu bihugu 93 bazitabira inama ya 46 y’Umuryango w’Ibihugu Bivuga ururimi rw’Igifaransa (OIF) mu Rwanda. Iyi nama izabera i Kigali mu Rwanda kuva tariki ya 19 kugeza ku wa 21 Ugushyingo

Read More
Guhora mwegeka ibibazo byanyu ku Rwanda mukirengagiza kubishakira umuti urambye sicyo kizatuma bikemuka

Guhora mwegeka ibibazo byanyu ku Rwanda mukirengagiza kubishakira umuti urambye sicyo kizatuma bikemuka

Oct 8, 2025

Ambasaderi Urujeni Bakuramutsa uhagarariye u Rwanda muri Loni no mu yindi miryango mpuzamahanga iherereye i Genève mu Busuwisi, yavuze ko kuba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihora yegeka ibibazo byayo ku Rwanda ikirengagiza umuzi nyawo w’ibibazo by’umutekano muke muri icyo gihugu,

Read More
Cholera i Bujumbura: abaturage babujijwe guhana ibiganza mu kuramukanya

Cholera i Bujumbura: abaturage babujijwe guhana ibiganza mu kuramukanya

Oct 7, 2025

Cholera i Bujumbura: abaturage babujijwe guhana ibiganza mu kuramukanya Bujumbura, umwuka utari usanzwe mu mujyi mukuru w’ubukungu w’u Burundi, aho indwara ya Cholera yongeye gutera inkeke ku buryo abayobozi bafashe ingamba zikomeye, zirimo kubuza abaturage guhana amaboko mu kuramukanya, guca ku mihanda batwaye

Read More
Kinshasa: Kiliziya Gatolika yamaganye igihano cy’urupfu Kabila yakatiwe

Kinshasa: Kiliziya Gatolika yamaganye igihano cy’urupfu Kabila yakatiwe

Oct 7, 2025

Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye igihano cy’urupfu Urukiko Rukuru rw’Igisirikare rwa Kinshasa, rwakatiye Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019. Tariki ya 30 Nzeri 2025 ni bwo uru rukiko rwakatiye Kabila igihano cy’urupfu, nyuma yo

Read More

Oct 7, 2025

Abepisikopi ba Kiliziya Gatolika bamaganye igihano cy’urupfu RDC yakatiwe Joseph Kabila wari perezida wiki gihugu. Nyuma y’uko Joseph Kabila akatiwe n’igisirikare cya RDC igihano cy’urupfu, Abepisikopi ba Kiliziya Gatolika bamaganye uwo mwanzuro mu gihe Kabila we yamaze kwinjira ku mugaragaro muri M23 ngo

Read More
Ingabo za Uganda n’iza Somalia zafashe agace kari mu maboko ya Al-Shabaab

Ingabo za Uganda n’iza Somalia zafashe agace kari mu maboko ya Al-Shabaab

Oct 6, 2025

Ingabo za Uganda n’Iza Somalia ziri mu butumwa bw’amahoro muri Somalia zisubije agace ka Awdheegle gaherereye mu majyepfo y’iki gihugu kari karigaruriwe n’umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabaab. Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko abasirikare bacyo ku bufatanye n’aba Somalia, bafashe Awdheegle ku wa 5 Ukwakira

Read More
Sebastien Lecornu wari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa yeguye mu nshingano ze

Sebastien Lecornu wari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa yeguye mu nshingano ze

Oct 6, 2025

Sebastien Lecornu wari Minisitiri mushya w’Intebe w’u Bufaransa yeguye mu nshingano ze nyuma y’iminsi 27 mu nshingano.Byasobanuye ko Lecornu yatanze ubwegure mu gitondo cyo kui uyu wa 6 ukwakira 2025, kandi ko umukuru W’Igihugu, Emmanuel Macron, yabwemeye. Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa, byatangaje

Read More
Nta musirikare ukwiye kurangwa na ruswa n’ivangura /Gen Makenga Sultan

Nta musirikare ukwiye kurangwa na ruswa n’ivangura /Gen Makenga Sultan

Oct 6, 2025

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo watangaje ko wungutse abarwanyi kabuhariwe bashya 9350 bamaze amezi bitoreza mu kigo cya gisirikare cya Tshanzu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuhango wo kubinjiza mu gisirikare wayobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo

Read More