Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora
Umukandida w’Ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) mu matora ya Perezida muri Tanzania, Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka, agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora. Samia yavuze ko kizabuza abaturage uburenganzira bwabo mu matora ateganyijwe ku wa 29 Ukwakira 2025, kuko
Madagascar Perezida Andry Rajoelina aracyari k’ubutegetsi
Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yatangaje ko hari “igerageza ryo gufata ubutegetsi mu buryo bunyuranyije n’amategeko” riri kuba mu gihugu, nyuma y’uko bamwe mu basirikare bifatanyije n’abigaragambya mu murwa mukuru Antananarivo. Mu itangazo ryasohowe na Perezidansi kuri iki Cyumweru tariki 12 Ukwakira 2025,
Madagascar, Perezida Rajoelina yahungiye ahantu hataramenyekana, abasirikare biyunze ku baturage, ubutegetsi bwa Rajoelina bugeze mu mazi abira
Madagascar, Perezida Rajoelina yahungiye ahantu hataramenyekana, abasirikare biyunze ku baturage, ubutegetsi bwa Rajoelina bugeze mu mazi abira Antananarivo, 11 Ukwakira 2025, mu gihe Madagascar yari ikomeje kumvwa cyane ku ruhando mpuzamahanga kubera ubukungu buri mu kangaratete, ikibazo cy’abaturage batishimira imikorere ya Leta cyahindutse
Boris Johnson asaba kugarura gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda: “Indangamuntu y’ikoranabuhanga ntizatanga igisubizo”
Boris Johnson asaba kugarura gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda: “Indangamuntu y’ikoranabuhanga ntizatanga igisubizo” Mu gihe Guverinoma nshya y’u Bwongereza iyobowe na Keir Starmer ikomeje gushaka ibisubizo ku kibazo cy’abimukira binjira muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Boris
Impamvu umutwe wa FDLR utazaranduka burundu muri RDC
Abashakashatsi batandukanye bagaragaza ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR wamaze gushinga imizi muri bimwe mu bihugu bigize akarere k’ibiyaga bigari, nka Jason Stearns umushakashatsi ku bijyanye n’intambara muri RD Congo, avuga ko ibyegeranyo by’umuryango wa Loni byerekana ko ubu aba barwanyi ba FDLR bagera
Kavimvira amatsinda abiri ya Wazalendo yasubiranyemo ararasana bikomeye
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11/10/2025, ni bwo i Uvira habaye imirwano ikomeye hagati yariya matsinda abiri yo muri Wazalendo. Isubiranamo ryabo nk’uko aya makuru abivuga n’uko ryahereye mu nkengero za centre ya Kavimvira, biza gukomereza ku misozi yunamiye
Ku nshuro ya mbere mu mateka: u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga
Ku nshuro ya mbere mu mateka: u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga Mu gihe ibihugu byinshi byo mu karere byamaze kugira ubukungu bushingiye ku mabuye y’agaciro, u Burundi bwanditse amateka mashya ku wa 10 Ukwakira 2025, ubwo bwoherezaga toni 260 z’amabuye y’agaciro
Inteko Ishinga Amategeko ya Peru yatoye ishyigikira icyemezo cyo kweguza Perezida
Inteko Ishinga Amategeko ya Peru yatoye ishyigikira icyemezo cyo kweguza Perezida Dina Boluarte, kubera ubwicanyi n’ibyaha bikomeje guhitana ubuzima bw’abantu muri icyo gihugu. Perezida Dina, utarigeze yerekwa urukundo n’abo ayobora kuko akunzwe hagati ya 2-4%, yegujwe mu ijoro ryakeye ryo ku wa 09
Mai Mai Shikito na FARDC byaraye birasaniye muri santere ya Kamituga
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo rishyigikiwe na Leta byaraye birasaniye muri santere ya Kamituga iherereye muri teritwari ya Mwenga, intara ya Kivu y’Amajyepfo. Urusaku rw’amasasu menshi y’imbunda nto n’inini rwumvikanye mu masaa tanu y’ijoro muri iyi santere
Abarwanyi ba Wazalendo bishe umusirikare wa Fardc mri Kamituga
Mu mujyi wa Kamituga uherereye muri teritwari ya Mwenga wabaye isibaniro ry’imirwano hagati ya Wazalendo na Fardc ,aho abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo barasanye bikomeye na Fardc uyu mutwe ukaba waje no kwica urashe umusirikare wa Fardc witywa kapiteni Kangela Kaleba Moise wari komanda