Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État
Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yaburiye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, ko ishyirwa mu bikorwa ry’igihano cyo kwica uwahoze ari Perezida Joseph Kabila rishobora gutera
Afurika y’Epfo:Ntabwo dukeneye kuyoborwa n’umukire/Motsepe
Perezida w’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF), Patrice Motsepe, yamaganye ibyari biherutswe gutangazwa ko ashaka guhatanira kuyobora Afurika y’Epfo, avuga ko icyo gihugu kidakeneye kuyoborwa n’umukire. Ni nyuma y’uko mu ntangiriro z’uyu mwaka hari amakuru yavuze ko uwo muherwe, afite gahunda yo gusimbura
Pretoria:Ramaphosa yabwiye Tshisekedi ko ashobora guhirikwa k’ubutegetsi na Kabila
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yinjiye mu biganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Sunday Times, Ramaphosa yabwiye Perezida Félix Tshisekedi ko gushyira
Tanzania:Utavugarumwe n’ubutegetsi wari wagiye muri Kenya yafunzwe
Abanya-Kenya bakomeje kuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwinjira muri Tanzania ari ikivunge bakabohoza Umuyobozi wungrije w’Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, wari wangiwe kwinjira muri Kenya. Ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania ryari ryatangaje ku wa Gatandatu ko Umuyobozi wungirije waryo,
Kinshasa amabandi yitwaje intwaro yateye banki afata bugwate abakozi bayo n’abakiliya
Amabandi yitwaje intwaro yagabye igitero cy’ubujura kuri Banki iri mu gace kamwe i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bituma habaho gukozanyaho hagati y’aya mabandi na polisi. Iki gitero cyabaye hagati saa tatu n’igice na saa yine zo kuri uyu wa Kane
Madagascar col Michael Randrianirina agiye kurahirira kuyobora iki gihugu nka Perezida
Col Michael Randrianirina uherutse kujya ku butegetsi kubera imyigaragambyo y’abaturage yatumye Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina ahunga, yatangaje ko azarahirira kuyobora igihugu ejo ku wa 17 Ukwakira 2025. Yavuze ko azarahira atitaye ku byatangajwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, (AU) yasabye ko hagumaho
Bobi Wine yiyemeje kuzajya aha abana igikoma n’amagi ku mashuli natsinda Museveni
Robert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ uzahatana na Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, yatangaje ko natorwa azashyiraho gahunda yo gutanga igikoma n’amagi by’ubuntu ku banyeshuri biga mu mashuri abanza, muri iki gihugu. Iyi migabo n’imigambi Bobi Wine yayigarutseho ubwo yari
Perezida Kagame yihanganishije Kenya yapfushije Raila Odinga
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yafashe mu mugongo Perezida wa Kenya William Ruto, n’Abanyakenya bose, n’umuryango wa Raila Amolo Odinga waraye yitabye Imana azize guhagarara k’umutima.Perezida Kagame yavuze ko ukwiyemeza gukorera abaturage kwa Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya, guharanira
Intumwa za Afc/m23 niza guverinoma ya RDC bashyize umukono ku gahenge ko guhagarika intambara bihoraho
Abahagarariye guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23, kuri uyu wa 14 Ukwakira 2025 bemeranyije guhagarika imirwano . Ni amasezerano impande zombi zashyizeho umukono i Doha muri Qatar mu rwego rwo kurangiza ibibazo by’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo. Bimwe mu
Agahenge lete ya Tshisekedi yasinyanye na AFC/m23 gakomejwe kwirengagizwa
Guverinoma ya Congo nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’ihagarikwa ry’imirwano n’ihuriro rya AFC/M23,yagabye igitero cya Drone mu gice kimwe gicukurwamo amabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajyepfo. Iki gitero kije nyuma yaho kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Ukwakira 2025 mu biganiro by’i