Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu yirukanye General Christopher Musa, wari Umugabo Mukuru w’Ingabo za Nigeria
Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu yirukanye General Christopher Musa, wari Umugabo Mukuru w’Ingabo za Nigeria, nyuma y’aho havuzwe amakuru y’ibihuha by’igeragezwa ryo gukora coup d’état mu gihugu. Nk’uko byatangajwe n’umujyanama wa Perezida mu by’itangazamakuru, Sunday Dare, izi mpinduka “zigamije gukomeza gushimangira umutekano n’ikwirakwizwa
Ihuriro FCC, ryibumbiyemo imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko rishyigikiye Joseph Kabila Kabange
Ihuriro FCC, ryibumbiyemo imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko rishyigikiye Joseph Kabila Kabange Mu gihe politiki muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje gususurutswa n’intambara, ibibazo by’umutekano n’imyivumbagatanyo y’abaturage, ihuriro Front Commun pour le Congo (FCC), ryari rimaze
Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC
Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC Umwuka w’uburakari n’agahinda urakomeje mu ngabo z’u Burundi nyuma y’uko abasirikare bagera kuri mirongo itatu (30) bahanishijwe igihano gikomeye cyo kuzenguruka igihugu cyose n’amaguru, bazira kwishyuza amafaranga bavuga ko
Paris: Iperereza ryatangiye nyuma y’amashusho yo muri Gereza ya La Santé
Paris: Iperereza ryatangiye nyuma y’amashusho yo muri Gereza ya La Santé Ubushinjacyaha bwo mu mujyi wa Paris bwatangije iperereza rikomeye nyuma y’uko hagaragaye amashusho y’umugororwa uri muri gereza ya La Santé, avuga mu buryo butangaje ko ashaka kwica Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida
RDC: Amakuru y’intambara, amasezerano mashya na Brezil, umutekano, umu FDLR witwa Tokyo
RDC: Amakuru y’intambara, amasezerano mashya na Brezil, umutekano, umu FDLR witwa Tokyo Mu gihe amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kuba inzozi, icyumweru cya 16-23 Ukwakira 2025 cyanzwe n’imirwano, ibirego, n’amasezerano mashya y’ubufatanye. Kuva mu nama y’abanyamakuru ya AFC/M23
Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho
“Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho Ubuyobozi bwa #Tshisekedi buyobora bushingiye ku gushimisha rubanda no ku bwoba” Mu gitondo cyo ku wa Kane tariki 23 Ukwakira 2025, i Goma (intara ya Nord‑Kivu, muri République démocratique du Congo)
Perezida Museveni yahishuye ko yanze amafaranga ya Gaddafi
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga. Imikoranire ya na Gaddafi, Museveni yayigarutseho mu ijoro ryo ku wa Kane, mu kiganiro cyatambutse kuri
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène wahamijwe ibyaha bya Jenoside guhanishwa igifungo cya burundu
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène, wahamijwe ibyaha bya Jenoside, guhanishwa igifungo cya burundu. Munyemana w’imyaka 70, yari amaze ibyumweru bitandatu aburana ubujurire ku gifungo cy’imyaka 24, urukiko rwa Rubanda rwo mu Bufaransa rwamukatiye mu Kuboza 2023. Imbere y’abari baje kwumvira urubanza
Ibitero bya drone bikoswe na fardc bikomeje kwibasira ibice bigenzurwa na Afc/m23
Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko uruhande bahanganye rugizwe n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’impande zigifasha, rukomeje kurenga ku gahenge kemejwe, rukarasa rukoresheje intwaro zikomeye zirimo indege z’intambara, aho rwarashe mu bice binyuranye byo muri Masisi na Walikare. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa
Uganda umunsi uzaberaho amatora ya perezida n’abadepite wamenyekanye
komisiyo y’amatora muri Uganda yatangaje ko amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, azaba ku wa 15 Mutarama 2026. Ni icyemezo cyatangajwe ku wa 21 Ukwakira 2025, nyuma y’aho byari bisanzwe bizwi ko aya matora azaba muri Mutarama 2026, ariko hataratangazwa itariki. Kugeza