Tanzania abigaragambya bateye station ya Police basahura imyenda yaba police barayambara
Imyigaragambyo ikomeje gufata intera iteye ubwoba mu gihugu cya Tanzania, aho urubyiruko rudashaka ko perezida w’iki gihugu, Samia Suluhu Hassan yakomeza kubayobora; ibyari imyigaragambyo byahindutse ubujura, ni mu gihe abayirimo bagaragaje ubujura budasanzwe. Uyu n’umunsi wa gatatu, imyigaragambyo ikomeje kubica bigacika mu bice
Igisirikare cya Tanzania nticyumviswe n’abigaragambya
Ni umunsi wa gatatu w’imyigaragambyo ku banya-Tanzania, bigabije imihanda bamagana amatora y’umukuru w’igihugu , banze kumva ibyo basabwe n’ubuyobozi bw’ingabo muri Tanzania busaba ko ihagarara. Abigaragambya biganjemo urubyiruko bavuga ko amatora yabaye atanyuze mu mucyo kuko abanyapolitiki benshi batavuga rumwe n’ubutegetsi bafunzwe abandi
Abaturage ba Nyamasheke muri abingenzi muri Green Party kuko mudahwema kudushyigikira/hon Mugisha Alexis
Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ryakomeje ibikorwa byo guhugura abarwanashyaka baryo mu karere ka Nyamasheke ,aho banatoye abayobozi bahagararira iri shyaka mu nzego zitandukanye. Mu gutangiza inama n’amahugurwa yiri shyaka umuyobozi w’intara y’iburengerazuba muri iri shyaka bwana Ntihanuwayo Modeste yashimye
Goma:Ihuriro Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi ntirikozwa ifungurwa ry’ikibuga cy’indege cya Goma
Inama yabereye mu Bufaransa igamije kuvuga ku mahoro muri Congo Kinshasa yasabye ko ikibuga cy’ingede cy’i Goma, mu burasirazuba bwa Congo cyafungurwa, ibyo AFC/M23 ikigenzura ibona ko bidashoboka. Corneille Nangaa ukuriye AFC/M23 yavuze ko batarebwa n’ubusabe bwo gufungura ikibuga cy’indege cy’i Goma. Kuri
Fardc ikomeje gushinjwa kurasa mu birindiro by’ihuriro rya Afc/m23
Umutwe wa AFC/M23 ukomeje gushinja Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kurasa mu duce ugenzura zikoresheje za drone. Umutwe wa AFC/M23 ukomeje gushinja Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kurasa mu duce ugenzura zikoresheje za
Igisirikare cy’u Burundi cyakoze imodoka itamenwa n’amasasu
Igisirikare cy’u Burundi, FDNB, cyamuritse imodoka ya mbere cyakoreye muri iki gihugu, kivuga ko itamenwa n’amasasu. Iyi modoka yamurikiwe Marie Chantal Nijimbere, Minisitiri w’Ingabo, n’abahoze ari abasirikare ku wa 27 Ukwakira 2025. Hari mu rugendo yagiranye n’Umugaba w’Ingabo z’u Burundi, Gen
Goma abatwara Moto bongerewe amasaha yo gukora
Mu rwego rwo kurushaho gukumira no kwirinda impanuka, Polisi ya AFC/M23, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda (Traffic Police), rigiye gutangira gupima ibisindisha ku batwara ibinyabiziga. Byagarutsweho kuri Stade de l’Unité ku wa 26 Ukwakira 2025, ubwo abamotari bo mu Mujyi wa Goma
Andry Rajoelina yambuwe ubwenegihugu bwa Madagascar
Andry Rajoelina yambuwe ubwenegihugu bwa Madagascar Andry Rajoelina, wahoze ari Perezida wa Madagascar mu bihe bibiri bitandukanye (2009–2014 na 2019–2025), yambuwe ubwenegihugu bw’iki kirwa nyuma yo gushinjwa kugira ubundi bwenegihugu yahawe n’u Bufaransa mu buryo butubahirije amategeko. Icyemezo cyafashwe na Minisitiri w’Intebe w’inzibacyuho,
Guverinoma y’u Rwanda yasabye igihugu cy’u Burundi kureka kugumya gutobanga umutekano w’akarere
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko kuba u Burundi bufite ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri mu bibangamiye amasezerano y’amahoro rwasinyanye na kiriya gihugu, ibusaba gutera intambwe bukareka “kongera amavuta mu muriro”. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe,
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga. Imikoranire ya na Gaddafi, Museveni yayigarutseho mu ijoro ryo ku wa Kane, mu kiganiro cyatambutse kuri