Urukundo rukabije (excessive or obsessive love) rushobora kuvamo uburwayi bukomeye.
Urukundo rukabije (excessive or obsessive love) rushobora kuvamo uburwayi bukomeye, haba mu mitekerereze, mu mibanire, ndetse no mu mubiri. Dore uko bigenda n’uko byagenda bikabyara ibibazo bikomeye: Urukundo rukabije ni uruhe? Ni urukundo rurenze urugero, aho umuntu: Yimika uwo akunda nk’ikiruta byose
Igihe cya Bishop Gafaranga muri gereza cyongerewe
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwemeje ko icyemezo cyafashwe mbere n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata kigomba kugumaho, gitegeka ko Habiyambere Zacharie, uzwi cyane nka Bishop Gafaranga, akomeza gufungwa by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30. Ibi byatangajwe ku wa 11 Nyakanga 2025, nyuma y’uko ku wa 7
Kurya amafaranga ya YouTube utabanje kuvunika bigiye kuba nko gukura inyama mu kanwa k’impiri
Abantu benshi bakoresha urubuga rwa YouTube bashakisha amafaranga ,bagiye kuzajya bayarya babanje kwiyuha akuya bimwe bigereranywa no gukura inyama.mu kanwa k’impiri. Urubuga rwa YouTube rwatangaje ko abari basanzwe batambutsa ’video’ zakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (AI) mu majwi n’amashusho, ariko batabihaye umwihariko n’umwimerere,
Riderman yatangiye guha amahirwe murumuna we
Umuraperi Riderman ari gukoresha urubuga rwa MTN Iwacu Muzika Festival mu kumurikira Abanyarwanda murumuna we witwa Muhire Landry Bonfils, wiyise Bobly Equalizer mu muziki. Uyu musore mushya mu ruhando rwa muzika ateganyijwe kuzenguruka igihugu cyose afatanyije na mukuru we ku rubyiniro. Nyuma y’igitaramo
Nukorera ibi bintu umukunzi wawe azahora akwirahira
Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe kugira ngo ubagarire urukundo rwanyu kandi unamushimishe bityo utavaho witesha amahirwe yo gukunda no gukundwa mu buzima bwawe. 1. Mu gihe uri kumwe n’uwo ukunda, jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi nujya kumubwira akantu gasekeje
Abahanzi Element EleéeH na Kevin Kade bageze USA bakirwa neza nk’ibyana by’ingagi(Amafoto)
Abahanzi nyarwanda EleéeH na Kevin Kade bamaze kugera mu Mujyi wa Dallas, Texas, aho bagiye kwitabira ibirori bya Rwanda Convention USA 2025. Ibi birori biteganyijwe kuba kuva ku itariki ya 4 kugeza kuya 6 Nyakanga 2025, bikazabera muri Irving Convention Centre, mu Ntara
Chris Brown yasabye ko atagomba kugereranywa n’abandi bahanzi
Umuhanzi w’Umunyamerika Chris Brown, uzwi cyane mu ndirimbo z’urukundo n’imbyino, yatangaje ko abona bidakwiye ko akomeza kugereranywa n’abandi bahanzi. Yabigarutseho mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yasabye abafana be n’abasesenguzi mu bijyanye n’imyidagaduro kumureka agakomeza gukora ibyo ashoboye ntawe umugerageza. Chris
Rubavu:Yilunga Ltd ku bufatanye n’intara y’Iburengya bateguye iserukiramuco rya Kivu Beach Expo&Festivel 2025
Yilunga Ltd ku bufatanye n’intara y’Iburengya bateguye iserukiramuco ryiswe Kivu Beach Expo&Festivel 2025 iri serukiramuco rikazazenguruka uturere dutanu twiyi ntara dukora ku kiyaga cya Kivu,aritwo Rubavu,Rutsiro,Karongi,Nyamasheke na Rusizi. Mu kiganiro n’itangazamakuru ,umuyobozi wa Yilunga Ltd bwana Iyaremye Yves yasobanuye intego yo gutegura iri
P Diddy yisobanuye iminota makumyabiri gusa we n’umwunganira.
Itsinda ry’abunganira Sean Diddy Combs mu mategeko mu rubanza aregwamo ibirego byo gukoresha abagore imibonano mpuzabitsina bigamije inyungu ,kuwa kabiri ryahawe umwanya ngo ryiregure,maze ribikora mu minota 20 gusa. Hari nyuma y’ibyumweru hafi birindwi humvwa ubushinjacyaha hamwe n’abatangabuhamya babwo mu rukiko i New
Imyambarire y’umukunzi wa Kanye West Bianca Censori yongeye kurikoroza i New York
Ku wa 21 Kamena 2025, umunyamideli Bianca Censori ukomoka muri Australia yongeye gutuma imbuga nkoranyambaga zivugisha benshi nyuma yo kugaragara mu mihanda ya New York yambaye umwambaro usanzwe utemerewe kuri benshi. Yari yambaye agapira kabonerana k’umukara gafashe ku mubiri, ikabutura ngufi cyane, n’inkweto