U Burundi bwungutse Nyampinga mushya wa 2025 nyuma y’igihe irushanwa ryari rimaze rihagaze(Amafoto)
Kaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi mu 2025, nyuma y’imyaka ibiri iri rushanwa ryari rimaze ritaba; mu birori byitabiriwe n’Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye. Byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Nyakanga 2025, mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi.
Dore icyihishe inyuma y’isubikwa ritunguranye ry’igitarano cyagombaga kubera I Kampala
Igitaramo cy’iserukiramuco ryari ryitezweho guhuza abahanzi b’ibyamamare bo muri Uganda n’u Rwanda ryiswe “Uganda-Rwanda Music Festival” cyasubitswe ku munota wa nyuma mu buryo butunguranye, habura amasaha make ngo ribere i Kampala. Iki gitaramo cyari giteganyijwe kubera kuri Lugogo Cricket Oval kuri uyu wa
Ishene ya Burikantu waruherutse gutabwa muri yombi yacitse
Umunyarwenya Mwitende Abdoulkarim wamamaye nka Burikantu ku mbuga nkoranyambaga yamaze kurekurwa nyuma y’iminsi mike ishize atawe muri yombi akekwaho guhohotera abakobwa yafungiranye mu nzu. Inkuru z’itabwa muri yombi rya Burikantu zasakaye tariki 20 Nyakanga 2025 bitangajwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB). RIB yari yatangaje ko
Indirimbo Jay Polly yasize akoze zateje amakimbirane.
Indirimbo Jay Polly yasize akoze zateje amakimbirane. Umwuka mubi hagati ya Fifi na Producer Li John: indirimbo za Jay Polly zihindutse Intandaro y’Amakimbirane Umwuka utari mwiza ukomeje gututumba hagati ya Nirere Afsa uzwi nka Fifi, wahoze ari umugore wa nyakwigendera Jay Polly
Marina yongeye kuvugisha benshi kubera amashusho agaragaza imiterere y’amabuno n’amabere ye(Amafoto)
Umuhanzikazi Marina yasakaje amashusho kuri konti ye asanzwe akoresha ku mbuga nkoranyambaga, atungura benshi kubera uburyo yagaragazaga imiterere y’umubiri we, ibintu byakururiye benshi kuyatambutsa no kuyavugaho. Amashusho yafashwe na Marina ubwe mu cyumba cye, amugaragaza yambaye imyenda yoroheje. Hari aho agaragara akurura umushumi
Abataramiye bwa mbere i Nyagatare basusurukije abahatuye mu gitaramo cya MTN Iwacu Muzika Festival 2025(Amafoto)
Ku wa Gatandatu tariki 19 Nyakanga 2025, igitaramo cya MTN Iwacu Muzika Festival cyabereye mu Karere ka Nyagatare cyahaye abahanzi batandukanye amahirwe yo kuririmbira imbere y’abafana babo baho ku nshuro ya mbere. Muri aba bahanzi harimo Juno Kizigenza, Kivumbi King, Ariel Wayz na
Ibiranga umubyeyi mubi cyangwa umubyeyi gito.
Ibiranga umubyeyi mubi cyangwa umubyeyi gito. Ibiranga umubyeyi mubi cyangwa umubyeyi gito ni imyitwarire cyangwa ibikorwa bidahwitse umubyeyi akorera cyangwa agirira umwana we, bikaba byangiza imibereho ye, uburere bwe, ndetse n’iterambere rye. Dore bimwe mu biranga umubyeyi mubi: Kutita ku mwana Kudaha umwana igihe cyangwa
Umunyarwenya Soloba bivugwa ko yafatiwe muri Uganda, amashusho yagaragaye akomeje kuzamura impaka(Amafoto)
Ku mugoroba wo ku wa 18 Nyakanga 2025, hakomeje gukwirakwizwa amashusho n’amafoto ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umukinnyi wa filime nyarwanda Swedi Habimana, uzwi cyane ku izina rya Soloba, ari mu maboko y’inzego z’umutekano za Uganda. Amashusho yagaragaye amwerekana yambaye amapingu, akurwamo inkweto n’umukobwa
Impamvu hari aba rasta batiyogoshesha
Kubera iki hari aba rasta batiyogoshesha? Ntibisanzwe mu muco wa vuba ko usangamo dreadlocks, ahubwo mu muco nyarwanda wa kera niho hajyaga habonekamo ibyo bitaga ibisage byagereranywa na dreadlocks z’ubungubu. Ushatse rero kumenya impamvu hari nk’umuntu utiyogeshesha, wamusanga ukamubaza impamvu yabyo.
Ariana Grande yageneye ubutumwa abakunzi b’umuziki we
Umuririmbyi w’umunyamerika Ariana Grande yagaragaje ko n’ubwo ari kwinjira mu mishinga mishya yo gukina filime, atigeze atekereza kureka umuziki. Ibi yabigarutseho nyuma yo gutangaza ko agiye kugaragara muri filime nshya yiswe The Places You’ll Go!, ishingiye ku gitabo cy’umwanditsi Dr. Seuss. Ni nyuma