UMUZIKI: UMUTI WA ROHO N’UMUBIRI
UMUZIKI: UMUTI WA ROHO N’UMUBIRI Umuziki ubamo ibanga rikomeye cyane ku buryo abahanga mu by’umuziki ndetse n’abashakashatsi mu by’ubuzima badatinya kuvuga ko ari nk’umuti w’umubiri n’umuti wa roho. N’ubwo benshi bawufata nk’inyunganiramyidagaduro isanzwe, ubushakashatsi bwagiye bwerekana ko umuziki ushobora kugira ingaruka nziza ku
Guhitamo u Rwanda ni uburenganzira bwanjye: “umurundikazi Khadja Nin”
Guhitamo u Rwanda ni uburenganzira bwanjye: “umurundikazi Khadja Nin” Umuhanzi w’umurundikazi Khadja Nin yisanzuye ku buzima bwe n’icyemezo cyo kwiyumvamo u Rwanda. Mu isi y’ubuhanzi aho ijwi ry’umuhanzi rihinduka ijwi ry’amahanga, amagambo y’umurundikazi Khadja Nin yongeye gukangura imitima. “Guhitamo u Rwanda ni uburenganzira
Hagati y’Intara y’Amajyaruguru, Amajyepfo n’Iburengerazuba, hagiye kuvuka ikiyaga gishya kizaba gifite agaciro kadasanzwe
Hagati y’Intara y’Amajyaruguru, Amajyepfo n’Iburengerazuba, hagiye kuvuka ikiyaga gishya kizaba gifite agaciro kadasanzwe Mu gihe isi yose iri mu rugamba rwo gushaka ibisubizo by’imihindagurikire y’ibihe, gukumira imyuzure, kongera ingufu z’amashanyarazi n’uburyo bushya bwo guteza imbere ubukungu, u Rwanda rurimo kwandika indi paji nshya
Ikirego cy’ababyeyi ba Adam Rain kuri OpenAI: Ikibazo gishingiye ku bwenge buhangano bukomeje guca ibintu ku isi
Ikirego cy’ababyeyi ba Adam Rain kuri OpenAI: Ikibazo gishingiye ku bwenge buhangano bukomeje guca ibintu ku Isi Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 25 Kanama 2025, inkuru yagiye hanze yaturikije itangazamakuru ku Isi hose. Ababyeyi b’umwana w’imyaka 16 witwa Adam Rain
Akanyamuneza k’umubyeyi mu gihe yonsa Umwana: Impamvu n’Ingaruka ku mikurire y’umwana
Akanyamuneza k’umubyeyi mu gihe yonsa Umwana: Impamvu n’Ingaruka ku mikurire y’umwana Mu muryango, umubyeyi ni we shingiro ry’imikurire myiza y’umwana, cyane cyane mu myaka ya mbere y’ubuzima. Ubushakashatsi bw’imitekerereze n’ubuzima bw’abana bwerekana ko umubyeyi wonsa umwana yishimye kandi afite akanyamuneza afasha umwana gukura
RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko
RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko uru rwego ruri mu myiteguro yo gushinga ikipe ya ruhago izitabira amarushanwa mu Rwanda. Yavuze ko intego nyamukuru atari ugutsinda imipira
IZUBA: INSHUTI NDETSE N’UMWANZI W’UBUZIMA BWACU
IZUBA: INSHUTI NDETSE N’UMWANZI W’UBUZIMA BWACU Mu buzima bwa buri munsi, hari ibintu dufata nk’ibisanzwe ariko bifite akamaro kanini ku buzima bwacu. Izuba ni kimwe muri byo. Umuntu wese agikura ijisho mu idirishya akareba uko rimurika, yibwira ko ari ibintu bisanzwe, ariko mu
Kugenda n’ibirenge mu mucanga, umuti w’ubuzima bwiza
Kugenda n’ibirenge mu mucanga, umuti w’ubuzima bwiza Hari abatekereza ko kugenda mu mucanga wambaye ibirenge ari ukwishimisha gusa. Ariko mu by’ukuri, ni imwe mu myitwarire yoroheje ariko ifite umumaro mwinshi ku buzima bw’umubiri ndetse n’uw’umutima. Abashakashatsi n’impuguke mu by’ubuzima bagaragaza ko kuba umuntu
Ibitangaza mu mikino ya ‘Robot Olympics’ yabereye mu Bushinwa
Ibitangaza mu mikino ya ‘Robot Olympics’ yabereye mu Bushinwa Kuva ku wa Gatanu kugeza ku cyumweru gishize, mu murwa mukuru w’u Bushinwa habereye amarushanwa yiswe World Humanoid Robot Games, bamwe bakazita Olympics ya Robots, imikino yatumye amaso y’isi yose yibera i Beijing. Iri
Jamirah Namubiru, umukobwa ufite inkomoko mu Rwanda uri mu irushanwa rya Nyampinga wa Uganda 2026
Jamirah Namubiru, umukobwa ufite inkomoko mu Rwanda uri mu irushanwa rya Nyampinga wa Uganda 2026 Ku nshuro ya 26, igihugu cya Uganda kiri mu myiteguro y’irushanwa rikomeye rigamije guhitamo Nyampinga w’igihugu, rizwi nka Miss Uganda. Ni urubuga ruhuza abakobwa bafite impano, ubwenge, ikinyabupfura