UCI yashimangiye ko iyo bitaba Perezida Kagame Afurika itari kwakira shampiyona y’isi y’amagare
UCI yashimangiye ko iyo bitaba Perezida Kagame Afurika itari kwakira shampiyona y’isi y’amagare Byatangajwe na Perezida w’ishyirahamwe ry’imikino yo gusiganwa ku magare ku isi (UCI), David Lappartient Mu mateka y’imikino yo gusiganwa ku magare ku rwego mpuzamahanga, umwaka wa 2025 uzasiga ikimenyetso kitazibagirana
Miss Uganda 2025: Ikamba rya Muhoza Trivia Elle ryazamuye impaka ku mbuga nkoranyambaga
Miss Uganda 2025: Ikamba rya Muhoza Trivia Elle ryazamuye impaka ku mbuga nkoranyambaga Ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda ndetse no mu matsinda y’abakurikiranira hafi imyidagaduro, impaka zikomeje gufata intera nyuma y’itorwa rya Muhoza Trivia Elle nk’uwambitswe ikamba rya Miss Uganda 2025. Uyu mukobwa
Uko imbuga nkoranyambaga zihindura ubuzima bw’abantu n’imibanire yabo
Uko imbuga nkoranyambaga zihindura ubuzima bw’abantu n’imibanire yabo Mu myaka 20 ishize, isi yacu yinjiyemo impinduka zikomeye zishingiye ku ikoranabuhanga, by’umwihariko imbuga nkoranyambaga. Ubu umuntu wese uri munsi y’imyaka 35 bigoye ko utamubona kuri Facebook, WhatsApp, Instagram, TikTok, cyangwa se izindi mbuga nshya
Menya icyagutera kubura ibyishimo mu buzima bwa buri munsi n’uburyo wabirwanya
Menya icyagutera kubura ibyishimo mu buzima bwa buri munsi n’uburyo wabirwanya Buri wese mu buzima akunda kwishima, akumva ari muzima mu mutima no mu mubiri. Ariko se ni kuki hari igihe usanga abantu benshi bibaza bati: ni iki gituma mbura ibyishimo mu buzima
Ubureiganya bwabujije umunyamakuru w’umubiligi gukurikirana shampiyona y’Isi y’amagare iri kubewra mu Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yashyize umucyo ku byavuzwe kuri uyu munyamakuru Stijn, agaragaza ko uburiganya ari bwo bwatumye yangirwa kwitabira iri rushanwa rikurikiwe b’abanyamakuru amagana ba siporo ku Isi. Bimwe mu binyamakuru ndetse na Stijn batangaje ko u Rwanda
Kwakira shampiyona y’Isi y’amagare ni ibyishimo kuritwe/Makolo Yolanda
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko kuba u Rwanda rugiye kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare ari ibintu Abanyarwanda bakoreye, yizeza ko kandi bari gukora ibishoboka byose ngo igende neza. Kuri iki Cyumweru tariki 21 Nzeri 2025, nibwo mu Mujyi wa Kigali
RDC intebe zasahuwe muri stade ya Martry i Kinshasa zatangiye kujyanwa ku isoko
Abafana b’ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bangije Stade des Martyrs i Kinshasa nyuma yo gutsindwa na Sénégal ibitego 3-2 mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi 2026, none intebe zasahuwemo zatangiye kugirishwa n’abanye-Congo. Ibikorwa byo kwangiza iyi Stade ndetse no
IBINTU BURI UMWE MU BASHAKANYE ABA YIFUZA KURI MUGENZI WE
IBINTU BURI UMWE MU BASHAKANYE ABA YIFUZA KURI MUGENZI WE Ubuzima bw’abashakanye ni ishingiro ry’imiryango yose. Iyo urugo rufite urukundo, kubahana no kwizerana, usanga no mu buzima bw’imiryango yose byoroshye. Ariko iyo hagati y’abashakanye hadatekanye, bigira ingaruka ku bana, ku muryango mugari ndetse
IBYIZA BYO GUKORANA SIPORO N’ABANA BAWE
IBYIZA BYO GUKORANA SIPORO N’ABANA BAWE Abashakashatsi batandukanye bamaze kwerekana ko gukora imyitozo ngororamubiri bifitiye umumaro abantu bose, yaba abana cyangwa abantu bakuru. Ariko iyo siporo ikozwe hagati y’umwana n’umubyeyi, umumaro urushaho kuba munini kuko urebana n’ibice bitandukanye by’ubuzima: ubuzima bw’umubiri, ubw’umutima, ubw’imibanire
NYUMA Y’UKO IKIPE YA CONGO ITSINZWE NA SENEGAL, ABAFANA BASENYE STADE
NYUMA Y’UKO IKIPE YA CONGO ITSINZWE NA SENEGAL, ABAFANA BARASENYE STADE Kinshasa, 09 Nzeri 2025, Umukino wari utegerejwe na benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wahindutse isoko y’imyigaragambyo n’urusaku rwinshi nyuma y’uko ikipe y’igihugu ya RDC itsinzwe na