Umuhanzi Asinah yerekeje mu nkiko kubera inkoni
Umuhanzi w’Umunyarwandakazi Asinah, umwe mu bagore bamenyekanye mu myidagaduro nyarwanda, ari mu rugamba rwo gushaka ubutabera nyuma y’uko yakubiswe n’umugabo w’Umunya-Eritrea, icyaha bivugwa ko cyabaye mu ijoro ryo ku wa 31 Gicurasi 2025. Amakuru yizewe atangwa n’umwe mu bantu ba hafi be, avuga
Uko byifashe mu rubanza rwa P.Didiy uremerewe n’ibiyaga
Sean Combs, uzwi cyane ku izina rya P. Diddy, umwe mu bahanzi, abatunganya umuziki n’abanyemari b’ibyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari mu maboko y’ubutabera aho akurikiranyweho ibyaha bikomeye bifitanye isano no gukoresha ihohoterwa rishingiye ku gitsina no gucura umugambi w’ubucuruzi bw’abantu.
Rihanna yashyize hanze amafoto yavugishije benshi (Yarebe)
Umuhanzikazi w’icyamamare Robyn Rihanna Fenty, uzwi cyane nka Rihanna, yongeye kuvugisha isi nyuma yo gushyira hanze amafoto amugaragaza yambaye imyambaro igaragaza ibice by’umubiri, ibintu byatangaje benshi ndetse binavugisha abatari bake ku mbuga nkoranyambaga. Aya mafoto yasohotse ku rubuga rwa Instagram, Rihanna ayaherekeresha amagambo
“Nindeka gakondo nzaba pasteur”-Massamba
Umuhanzi nyarwanda mu njyana ya gakondo Massamba Intore yatangaje ko umunsi azarekera kuririmba gakondo akayivamo burundu ko azaba pasteur ‘Umubwiriza’ Ibi yabivugiye mu kiganiro Samedi detante kuri radiyo Rwanda ku wa gatandatu tariki 1 Werurwe 2025. Aha yabajijwe indi njyana yakora aramutse aretse
Icyica uwatabaye ninacyo cyica uwasigaye mu rugo – Tom Close
Aya ni amagambo yavuzwe n’umuhanzi nyarwanda Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close ku wa 17 Gashyantare 2025 ubwo yarabajijwe uruhare rw’umuhanzi mukugira icyo avuga kubibera cg ibivugwa ku gihugu. Ibi yabivugiye mu kiganiro Magic morning ubwo yari ari gushyira kumugaragaro indirimbo afitanye na
No Brainer nyuma yo gutandukana na Victor Rukotana aritegura kubisobanura byose
Nyuma yaho Victor Rukorana uri mu bahanzi bakora umuziki gakondo, atandukanye n’uwari umujyanama we nyuma yo kumushinja ibirimo imyitwarire itari myiza hagati ye n’abandi bahanzi, Ishimwe Jean Aime benshi bazi nka No Brainer nawe yatangaje ko byose uko byagenze ari bubivuge. Mu ibaruwa
Dj Dizzo yaryamiye ukuboko kw’abagabo
DJ Dizzo wari umaze igihe ahanganye n’uburwayi bwa kanseri, yitabye Imana, nyuma y’imyaka igera kuri ibiri abwiwe n’abaganga ko atari kurenza muri Nyakanga 2022. Amakuru dukesha Igihe yabwiwe n’inshuti y’umuryango we, ahamya ko uyu musore yitabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa
“Mfite uwo naje nshaka kuba nkawe ariko byaranze”-Scovia
Umunyamakuru umaze kugira igikundiro no kuba kimenyabose kugera no ku mukuru w’igihugu, Mutesi scovia avuga ko nawe ubwe agifite urugendo rurerure rwo kugenda mumwuga akora w’itangazamakuru ndetse ko hari nuwo yaje yigana none byamunaniye kuba nkawe. Ibi yabivugiye mu kiganiro “Meet me tonight”
Mutesi scovia yagizwe umutumirwa mukuru muri Gen-Z
Mutesi scovia uherutse gutorerwa kuyobora urwego rw’abanyamakuru bigenzura mu Rwanda (RMC) niwe mutumirwa mugace kiswe “Meet me tonight” mu gitaramo cy’urwenya cyitwa Gen-Z comedy show gisanzwe cyiba kabiri mu kwezi. Scovia ni umunyamakuru, umusesenguzi akaba na nyiri igitangazamakuru cya Mama u rwagasabo.