Umubano wa Justin Bieber n’umugore we Hailey watangiye kugerwa inyundo
Mu gihe hatarashira igihe kinini humvikanye amakuru avuga ko umubano wa Justin Bieber n’umugore we Hailey Baldwin Bieber ushobora kuba uri mu mazi abira, ibimenyetso bishya birimo kuvugwa bishobora gukomeza gutera impungenge abakunzi babo. Hailey aherutse kugaragara atemberera mu Mujyi wa New York,
Ishimwe Noriella, umwe mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda mu 2018, yarushinze na Fiston Wilson
Uyu mukobwa wigeze kugera mu cyiciro cya nyuma cy’abakobwa batanu bashoboraga kwambikwa ikamba rya Miss Rwanda 2018, yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Fiston Wilson mu ntangiro za Kamena 2025. Umuhango wo gusaba no gukwa wabaye mbere y’uko basezerana mu rusengero rwa Zion Temple,
Joel Brown yagaragaje ubuhanga budasanzwe, bituma Bruce Melodie na Diamond Platnumz bahindura indirimbo “Pom Pom” burundu
Umuhanzi w’Umunyanijeriya akaba n’umutegura indirimbo (producer), Joel Brown, yakoze igikorwa cyatangaje benshi mu ndirimbo nshya yitwa Pom Pom, ku buryo Bruce Melodie na Diamond Platnumz bahisemo gusubiramo ibice byabo bari bararirimbye mbere, kugira ngo bihuze n’imbaraga n’ubuhanga uyu muhanzi yashyizemo. Iyi ndirimbo yatangiye
Davido agiye kuzenguruka Isi ashyira ahabona album ye nshya ya “5Ive”
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Davido, yatangaje gahunda y’urugendo rw’ibitaramo azakorera mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Amerika ya Ruguru n’u Burayi, mu rwego rwo kumenyekanisha album ye nshya ya gatanu yise “5Ive”. Uyu muhanzi ukomoka muri Nigeria, wubatse izina
King James ukiri ingaragu agiye gukora igitaramo cy’amateka mu muziki we
Umuhanzi King James, umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda, ari mu bazitabira ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival bizazenguruka Igihugu kuva muri Nyakanga 2025. Yatangaje ko ari gutegura igitaramo gikomeye kizabera i Kigali, mu rwego rwo kwishimira imyaka 20 amaze mu rugendo rw’umuziki.
Yampano agiye gutaramira abakunzi be i Rubavu mu gitaramo cyihariye
Umuhanzi wamenyekanye cyane mu ndirimbo zifite ubutumwa bukomeye ku buzima n’urukundo, Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, agiye gutaramira abafana be mu gitaramo gikomeye kizabera mu Karere ka Rubavu. Uyu musore wavukiye mu Karere ka Nyamasheke amaze kwigarurira imitima ya benshi biciye mu bihangano
Imodoka y’Umunyamakuru Bianca Yari Yaribwe Yabonetse mu Karere ka Kamonyi
Nyuma y’igihe gito bivuzwe ko Bianca, umunyamakuru ukorera SK FM na ISIBO TV, yibwe imodoka yo mu bwoko bwa Hyundai, amakuru mashya yamenyekanye ni uko iyo modoka yagaragaye mu gace ka Bishenyi, gaherereye mu Karere ka Kamonyi. Mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru IGIHE
Umuririmbyi Natty Dread yitabye Imana mu Budage
Umuhanzi w’umurage ukomeye muri muzika ya Reggae, Natty Dread, yapfuye mu ijoro ryo ku wa 13 Kamena 2025 aguye mu Budage, aho yari amaze igihe yivuza. Iyi nkuru yamenyekanye binyuze ku muntu wari usanzwe amufasha kandi banabanaga mu Mujyi wa Kigali, wahamirije IGIHE
Chriss Eazy mu gahinda ko kubura umubyeyi we
Umuhanzi w’Umunyarwanda Chriss Eazy ari mu bihe by’akababaro nyuma y’urupfu rwa nyina umubyara, umwe mu bantu bari bafitanye umubano wa hafi cyane mu buzima bwe. Mu gitondo cyo ku wa 13 Kamena 2025, Chriss Eazy yifashishije urubuga rwa Instagram asangiza abamukurikira amashusho agaragaza
Umuramyi Davinshi yashyize hanze indirimbo nshya yakunzwe na benshi.
Umuramyi uzwi ku mazina y’ubuhanzi nka Davinshi uhanzwe Amaso mu karere U Rwanda ruherereyemo yashyize hanze Indirimbo yakoze ku mitima ya benshi hirya no hino mu karere k’Afurika y’iburasirazuba. Ubundi amazina ye nyakuri yiswe n’ababyeyi ni David Nshimiyimana, ni umuramyi uvuka mu karere