Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bitabiriye irushanwa rya SWAT (Special Weapons and Tactics) rihuza abaturutse mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi
Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bitabiriye irushanwa rya SWAT (Special Weapons and Tactics) rihuza abaturutse mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi, azwi nka ‘UAE SWAT Challenge’ bakomeje kwitwara neza. U Rwanda ruhagarariwe n’amakipe atatu muri iri rushanwa riri kubera muri Leta Zunze
Theo Bosebabireba yahawe Miliyoni 1 Frw yo kwifashisha mu burwayi bw’umugore we
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Theo Bosebabireba, yahawe Miliyoni 1 Frw n’Itorero riyoborwa na Bishop Prof. Fidèle Masengo mu rwego rwo kumufasha mu burwayi bw’umugore. Uramutse ukurikira ibitangazamakuru bitandukanye ntabwo wabura kuba uzi ko Theo Bosebabireba afite ikibazo kimukomereye aho umugore we Mushimyimana Marie
Umuraperi French Montana yireguye ku cyaha ashinjwa cyo kwiba isaha ya Miliyoni $1
Umuraperi French Montana yahakanye iby’uko yaba yaribye isaha ifite agaciro ka Miliyoni $1 [1,455,600,000 Frw], nyuma y’uko abagabo babiri bo mu Busuwisi bamureze mu rukiko.Abo bagabo, Justo Obiang na Samir Gato, bavuga ko bahuye na French Montana mu 2015 ubwo yari mu gitaramo
Vestine na Dorcas berekeje mu gihugu cya Canada nyuma yo gutaramira muri Camp Kigali
Itsinda ry’abahanzikazi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine na Kamikazi Dorcas ryerekeje muri Canada ku nshuro ya mbere, aho bagiye gukorera uruhererekane rw’ibitaramo byitiriwe indirimbo yabo “Yebo”, iri mu zikunzwe cyane muri iki gihe. Aba bahanzikazi bahagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamahanga
“No One Can Stop Reggae”: Abanyarwanda mu kwibuka Philip Lucky Dube ku Kicukiro
“No One Can Stop Reggae”: Abanyarwanda mu kwibuka Philip Lucky Dube ku Kicukiro Ku wa Gatandatu tariki ya 18 Ukwakira 2025, ahazwi nka Copenhagen ku Kicukiro, hitezwe guhurira abakunzi b’umuziki n’abanyabigwi mu by’umuco n’ubuhanzi, mu gikorwa cyo kwibuka umuhanzi w’icyamamare ku isi yose,
Abakora umwuga w’uburaya bemeza ko bungukiye muri Shampiyona y’Isi y’amagare ya 2025
Bamwe mu bagore n’abakobwa bakora uburaya mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, bemeza ko bungukiye muri shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 yabereye mu Mujyi wa Kigali. Ibi bamwe muri aba bagore bakora uburaya babitabgaje muri iki Cyumweru tariki 28 Nzeri 2025 ubwo hasozwaga
Abahanzi 8 bahuriye mu ndirimbo yo guha icyubahiro umubyeyi wa Massamba Intore witabye Imana
Abahanzi umunani barimo Yvan Muziki, Jules Sentore, Nziza Francis, Michelle, Mpano Layan, Marina, Massamba Intore na Lionel Sentore bahuje amajwi mu ndirimbo yihariye yo kunamira Mukarugagi Ancilla, umubyeyi wa Massamba Intore, witabye Imana ku wa 18 Nzeri 2025. Ni indirimbo yuzuye amarangamutima
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare Kigali, umujyi w’urukundo n’ishema Mu minsi umunani itazibagirana, ijisho ry’isi yose ryari ryerekeje ku gihugu cyacu, u Rwanda, n’umurwa mukuru warwo Kigali. Ku nshuro ya mbere mu mateka y’imyaka irenga ijana ya Shampiyona y’Isi y’Amagare,
UBUSHAKASHATSI BWAGARAGAJE KO KUNYWA INZOGA, KABONE N’UBWO WABA UNYWA NKEYA, BISHOBORA GUTERA IKIBAZO
UBUSHAKASHATSI BWAGARAGAJE KO KUNYWA INZOGA, KABONE N’UBWO WABA UNYWA NKEYA, BISHOBORA GUTERA IKIBAZO Mu gihe imyaka myinshi ishize byari bimenyerewe ko kunywa inzoga mu rugero bishobora kugira umumaro ku buzima bw’umuntu, cyane cyane ku bwonko, ubushakashatsi bushya bwasohowe n’Ikigo cy’Ubushakashatsi ku Buzima bwo
TOP 10 Y’IBIGANIRO ABAKUNDANA BAKUNDA GUKORERA HAMWE
TOP 10 Y’IBIGANIRO ABAKUNDANA BAKUNDA GUKORERA HAMWE Urukundo rwubakwa ku mibanire n’itumanaho. Ikiganiro hagati y’abakundana cyangwa abashakanye ni ryo rishimangira imbaraga, n’igihe urukundo rushobora kumara. Abantu benshi bibaza bati: “Ese abakundana baganira iki cyane mu buzima bwa buri munsi?” N’ubwo buri mubano wose