Mbappe yajyanwe mu bitaro mu buryo butunguranye.
Umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Real Madrid Kylian Mbappe ntiyitabiriye umukino wa mbere w’ikipe ye mu marushanwa ya Club World Cup wabereye i Miami,aho bahuye na Al Hilal yo muri Arabiya Sawudite kuwa Gatatu,kubera kugira umuriro mwinshi. Umutoza wa Real Madrid ,Xabi Alonso
Musanze yigaranzuye andi makipe mu mikino ya nyuma ya “Umurenge Kagame Cup 2025”
Akarere ka Musanze kabaye indiri y’ibyishimo nyuma y’uko amakipe yahagarariye aka karere yegukanye ibikombe mu mikino ya nyuma ya “Umurenge Kagame Cup 2025,” irushanwa ryitiriwe Perezida wa Repubulika, rikaba ryarasojwe kuri iki Cyumweru. Mu mukino wa Basketball, Musanze yitwaye neza mu byiciro byombi.
Ibihugu bizakira CAN 2027 byashyize ingengo y’imari ku bikorwa by’imyiteguro
Ibihugu bya Kenya, Uganda na Tanzania byamaze gushyira ingengo y’imari mu bikorwa bijyanye n’imyiteguro y’Igikombe cya Afurika cya 2027 (AFCON 2027), rizaba ribaye ku nshuro ya mbere ribereye mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba. Ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026, uzahita ukurikirwa n’uzaberamo iri rushanwa,
IGERERANYA:Ousmane Dembélé na Lamine Yamal mu rugamba rwo guhatanira Ballon d’Or 2025
Mu gihe umwaka w’imikino wa 2024/2025 usojwe, ibitekerezo by’abafana, abanyamakuru n’inzobere mu mupira w’amaguru bikomeje kwibanda ku ba mbere bahataniye igihembo cy’ikirenga ku mukinnyi witwaye neza kurusha abandi ku isi – Ballon d’Or. Muri uru rugamba, amazina abiri yatumye benshi bacika ururondogoro ni
Rwanda:Meddy Kagyere ari mubakinnyi batari bubanze mu kibuga.
AMAKURU MASHYA: Meddy Kagera ntago aza kubanza mu kibuga kuri uyu munsi aho ikipe y’igihugu y’uRwanda iza kuba icakirana n’ikipe y’igihugu ya Algeria y’abakinnyi bakina imbere mugihugu mu mukino wa gishuti uri bubere mu gihugu cya Algeria. Amakuru ava muri comp y’amavubi avuga
AMAKURU MASHYA: Rayon Sports na APR FC batangiye guhurira ku isoko ry’igura n’igurisha
Mu gihe isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ritaremerwa ku mugaragaro mu Rwanda, amakipe abiri azaserukira igihugu mu marushanwa nyafurika—Rayon Sports na APR FC—yamaze gutangira ibikorwa byo gushaka abakinnyi bazabafasha mu mwaka w’imikino wa 2025-2026. FIFA, urwego rw’isi rushinzwe umupira w’amaguru, rwemeje ko isoko rizafungurwa
Ronaldo yanditse amateka, Yamal ategereza ahazaza: Portugal yeretse Espagne icyo gukora(Amafoto)
Ikipe y’Igihugu ya Portugal yongeye kwandika amateka mu mupira w’amaguru nyuma yo kwegukana UEFA Nations League ya 2025, itsinze Espagne kuri penaliti 5-3, nyuma yo kunganya ibitego 2-2 mu minota 120. Ni umukino wa nyuma wabereye mu gihugu cy’u Budage, ku wa 8
APR yamaze kwibikaho abakinnyi 4 b’ikipe ikomeye mu Rwanda
Ikipe ya APR Handball Club, ihagarariye Ingabo z’Igihugu, ikomeje urugamba rwo kongera imbaraga mu ikipe, aho imaze gusinyisha abakinnyi bane b’abanyempano bakiniye Police HC. Abo bakinnyi barimo Nshimiyimana Alexis, Umuhire Yves, Rwamanywa Viateur ndetse n’umuzamu Uwimana Jackson, bose bamaze gushyira umukono ku masezerano
Abafana ba Rayon Sports biteguye kubyinana na Diamond Platnumz mu birori by’ikipe yabo
Mu minsi ishize, hari amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru ryo mu Rwanda, avuga ko Diamond Platnumz yaba ategerejwe mu birori byateguwe na Rayon Sports. Ariko kugeza ubu, nta biganiro bifatika birabaho hagati y’uyu muhanzi n’ubuyobozi bw’iyi kipe y’i Nyanza.
FRANCE:Perezida Emmanuel Macron yashimiye ikipe ya Psg.
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yakiriye ikipe ya PSG arayishimira kubera itsinzi yegukanye itwara chmpions League ababwira ko bahesheje ishema igihugu cyabo, akaba yabakiriye mu biro byiwe bya Elyse Palace. Ikipe ya PSG yakiriwe na perezida Emmanuel Macron nyuma yuko ubundi yariherutse gushimirwa