Hagaragajwe Umunyarwanda umwe rukumbi uzasifura CHAN 2024
Umusifuzi umwe w’Umunyarwanda,Mutuyimana Dieudonné niwe wenyine uzasifura imikino y’Igikombe cya Afurika cy’Abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024). Guhera tariki ya 02 kugeza tariki ya 30 Kanama 2025 muri Kenya,Tanzania na Uganda nibwo hazakinirwa imikino ya CHAN 2024 . Mu basifuzi bazasifura iri
Wamenya ute impano yawe?
Wamenya ute impano yawe? Kumenya impano yawe ni urugendo rudasaba igisubizo gifatiyeho, ahubwo bisaba kwisuzuma, kwigerageza no kumva ibikunyura mu buryo bwihariye. Dore uburyo wakwifashisha kugira ngo utangire kuyimenya: Wibaze ibi bibazo by’ingenzi: Ni iki nkunda gukora, n’iyo ntari guhembwa?
AS Kigali na Kigali bagiranye ibiganiro bigamije gutuma ikipe yitabira Shampiyona
Ku wa Gatanu, tariki ya 11 Nyakanga 2025, ikipe ya AS Kigali yakoranye inama n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali hagamijwe gushaka ibisubizo byafasha iyi kipe kwitabira Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere y’umwaka utaha w’imikino. Ibi biganiro bije nyuma y’uko AS Kigali iherutse koherereza Umujyi wa
Rayon Sports yagaragaje ko yiteguye gususura andi makipe
Ntarindwa Aimable, umukinnyi wo hagati ushinzwe kugarira, yashyize umukono ku masezerano y’imyaka ibiri akinira Rayon Sports, nyuma y’igihe yari amaze akorana imyitozo n’iyi kipe atarasinyira ku mugaragaro. Amakuru agera ku bitangazamakuru avuga ko uyu mukinnyi yasinyiye iyi kipe yo mu Mujyi wa Kigali
Chelsea yanejeje abakunzi bayo mu gikombe cy’Isi cy’Amakarabu
Ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza yageze ku mukino wa nyuma y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe nyuma yo gutsinda Fluminense 2-0 mu mukino wa 1/2 wabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 8 Nyakanga 2025. Mu mukino wabereye ku Kibuga cya MetLife Stadium
Rayon Sports yegukanye umukinnyi ukomeye wa Mukura VS
Ntarindwa Aimable, umukinnyi wo hagati usanzwe azwiho gukina yugarira, yamaze kumvikana na Rayon Sports kuzayikinira kugeza mu mpeshyi ya 2027, nyuma yo gusinya amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi wakiniraga Mukura Victory Sports, yamaze gushyira umukono ku masezerano ye kuri uyu wa Mbere mu
Police FC yasinyishije uwahoze ari umutoza wa APR FC
Ku wa Kabiri w’iki cyumweru, ikipe ya Police FC yatangaje ko yamaze gutandukana na Mashami Vincent wari umutoza mukuru wayo, maze ishyira umukono ku masezerano na Ben Moussa El Kebil Abdessattar ukomoka muri Tuniziya, ngo abe ari we utangirana na yo urugendo rushya.
Manchester City yasezereye amatsinda ku buryo butunguranye, inyagira Juventus 5-2(Amafoto)
Imikino ya nyuma y’amatsinda y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe iri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaraye ishyizweho iherezo, aho Manchester City yo mu Bwongereza yasize ikomo ku mikino yayo itsinda Juventus yo mu Butaliyani ibitego 5-2. Uyu mukino wabereye mu ijoro ryo ku
Umunyezamu wa Bugesera FC agiye gukomereza umupira w’amaguru i Burayi
Umunyezamu w’ikipe ya Bugesera FC, Habineza Fils François, ari mu myiteguro yo kwerekeza mu Burayi, aho agomba kwinjira muri Midtjylland FC, imwe mu makipe akomeye mu Cyiciro cya Mbere muri Denmark. Amakuru yizewe avuga ko Habineza azagenda ku wa Gatatu tariki ya 25